Tovim Concert igitaramo kidasanzwe cyateguriwe abantu bafite inyota yo kuzuzwa imbaraga z’Imana
Chorale Jehovah Jireh, imwe mu makorali akunzwe cyane mu Rwanda no mu karere k’ibiyaga bigari, igiye kongera kugaragara imbere y’abakunzi b’umuziki wa gikristo mu gitaramo gikomeye cya Tovim Concert (Imirimo Myiza) cyateguwe na Faradja Choir yo muri ADEPR Kimihurura. Iki gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 25 na 26 Ukwakira 2025, kikazabera muri ADEPR Kimihurura.Jehovah Jireh […]
Umwanditsi w’indirimbo agakiza kadatakara ari gutegura ibihe byiza bizazana ibihumbi by’abantu kuri Yesu
Umuramyi Erson Ndayisenga yateguje igitaramo gikomeye “Hymns & Truth”Umuramyi Ndayisenga Erson wamamaye mu ndirimbo zifite ubutumwa bwimbitse, yateguje igitaramo cyiswe “Hymns & Truth” giteganyijwe kuba ku wa Gatanu, tariki ya 26 Ukuboza 2025, kibere muri Light Center Kabuga Iki gitaramo gitegerejwe nk’igihe cyihariye cyo kuramya no guhimbaza Imana mu buryo butandukanye n’ibisanzwe. Ndayisenga Erson, wahoze […]
Tracy Agasaro akwiriye ikamba ry’umugore uyobora ibitaramo bya gospel neza mu Rwanda
Umwe mu babyeyi bagezweho mu uziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, Tracy, aragaragaza ubuhanga bukomeye mu kuyobora ibitaramo byo kuramya no guhimbaza Imana, aho agiye kuyobora ibitaramo bibiri bikomeye bizabera mu Mujyi wa Kigali muri uyu mwaka wa 2025. Icya mbere ni “Restoring Worship Experience” igitaramo giteganyijwe kuba ku wa 2 Ugushyingo 2025 […]
Ubufatanye bw’abaramyi babiri Kanyana Rhoda na Savant Ngira busobanuye ikintu gikomeye mu muziki wo kuramya
Umuramyi Savant Ngira na Rohda Kanyana Bashyize Hanze Indirimbo Nshya “Kera Ntaramwizera”Umuramyi Savant Ngira hamwe na Rohda Kanyana, bombi bazwi cyane muri True Promises Ministries, bashyize hanze indirimbo nshya bise “Kera Ntaramwizera.” Ni indirimbo ishingiye ku butumwa bwo muri Yeremiya 1:5, igaragaza urugendo rw’umuntu wahinduriwe ubuzima no guhura na Yesu, nk’ubuhamya bw’urukundo n’imbabazi by’Imana.Iyi ndirimbo […]
Sinzacogora: Indirimbo nshya ya shinning ministries igiye kubyutsa abantu benshi bari baraguye
Shining Ministries igeze kure imyiteguro yo gushyira hanze indirimbo nshya yitwa “SINZACOGORA”Umuryango uhamagarirwa kuramya no guhimbaza Imana, Shining Ministries Rwanda, wongeye gutungura abakunzi b’indirimbo zo kuramya Imana mu Rwanda no hanze yarwo, ubategeza gusohora indirimbo nshya yitwa “SINZACOGORA”. Ni indirimbo yuzuyemo ubutumwa bwo gukomeza kwizera no kudacogora mu rugendo rwo gukorera Imana, ikaba igaragaza urwego […]
Bimwe mu bikorwa bituma Umuramyi Mubogora Disiré afatwa nk’icyitegererezo mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda
Mubogora Désiré atangiye kuyobora ibitaramo by’umuziki wa Gospel umuramyi w’Umunyarwanda, Mubogora Désiré, uzwi cyane mu itsinda rya True Promises Gospel Ministry, akomeje kwagura ibikorwa bye mu muziki wa gospel, aho yatangiye kugaragara nk’uyobora ibitaramo (MC) mu bitaramo bikomeye by’abaramyi n’amakorali. Ni intambwe nshya mu rugendo rwe rwa muzika, aho atagifasha abantu gusa binyuze mu ndirimbo, […]
Umuramyi Prosper Nkomezi agiye guhurira mu kiganiro n’umuyobozi wa karere ka Huye.
Umuramyi Prosper Nkomezi ategerejwe muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye mu biganiro by’ubufatanye n’iterambereUmuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda, Prosper Nkomezi, ategerejwe mu bikorwa byihariye bizabera muri Kaminuza yu Rwanda ishami rya Huye, ku wa 22 Ukwakira 2025 guhera saa 8:00 z’amanywa (2PM), aho azafatanya n’abayobozi n’abanyeshuri mu biganiro bigamije kurebera hamwe uruhare rw’Itorero mu […]
Aimé Frank yatanze igisobanuro kw’izina ry’umwana w’Imana ryitwa Emmanuel
Umuramyi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana, Aime Frank, agiye gukora igitaramo gikomeye cyiswe “Imana mu Bantu” kizabera muri Edmonton, Canada ku wa 9 Ugushyingo 2025, guhera saa 9:00 z’amanywa (3PM) Iki gitaramo cyitezweho gukomeza guhuza abanyarwanda n’abandi bakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bari mu mahanga, by’umwihariko muri Amerika y’Amajyaruguru. Aime Frank, amazina […]
Fortran Bigirimana utegerejwe muri Nezeza Ijuru 2025 akigera ku kibuga cy’indege yakiriwe mu buryo butangaje
Umuramyi Fortran Bigirimana yamaze kugera i Kigali,aho yiteguye gutaramira muri Nezeza Ijuru 2025 hamwe n’abandi baramyi bakomeye. Muri Nezaza Ijuru 2025 bashyize ho amasaha 6 mu bwiza bw’Imana. Umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda ukorera umurimo w’Imana mu mahanga, Fortran Bigirimana yamaze kugera mu Rwanda aho yiteguye kwifatanya n’abaramyi batandukanye mu gitaramo gikomeye cyiswe Nezeza Ijuru […]
Umuryango wa Chichi na Vovo wateguye ibihe byiza byo kuzana abantu ku gicaniro cyo kuramya
Chichi na Vovo bagiye gukora igitaramo gikomeye cyitwa “Close to the Altar Worship Experience” i Kigali.Iki gitaramo gikomeye cyane kizaba cyuzuyemo kuramya Imana, nyuma y’uko bashakanye kandi bagakundwa cyane mu muziki wa Gospel nyarwanda, Chichi na Vovo, batangaje ko bagiye gutegura igitaramo cyabo gikomeye bise “Close to the Altar Worship Experience.” Aba bombi bazafatanya n’itorero […]