Category: UMUCO N’AMATEKA
Ubwo hatangizwaga Igisibo, abakristu basabwe kugenga inda n’irari no kwibohora ku cyaha
Karidinali Kambanda yasabye abakristu gukoresha neza igihe cy’Iminsi 40 biyegereza Imana, basenga, basiba kandi bakarushaho gukora ibikorwa by’urukundo bibafasha kugera ku bwigenge nyabwo Kuri uyu wa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza Igisibo cy’iminsi 40 ku bakristu Gatolika ku isi yose, Nyiricyubahiro Antoine Karidinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yaturiye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 18 Gashyantare
Turi ku wa 18 Gashyantare 2026. Gambia irizihiza ubwigenge yabonye mu 1965 yigobotoye ubukoloni bw’u BwongerezaIbi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: U Rwanda rwahagaritse ubufatanye bwose rwari rufitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere kuva mu 2024-2029.1957: U bwongereza bwakolonizaga Kenya, bwishe Dedan Kimathi wari uyoboye abarwanyaga kugengwa n’abazungu mi cyiswe Mau Mau.2010: […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 17 Gashyantare
Turi ku wa 17 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1964: Léon M’ba wayoboraga Gabon, yahiritswe ku butegetsi na Jean-Hilaire Aubame.1979: Intambara y’u Bushinwa na Vietnam yaratangiye.2006: Inkangu ikomeye yishe abantu 1126 muri Philippines.2008: Kosovo yabonye ubwigenge yigobotoye ubukoloni bwa Serbie.2016: Imodoka za gisirikare zasandariye mu birindiro bya gisirikare mu murwa mukuru […]
Arikidiyoseze ya Kigali yizihije Yubile y’imyaka 50 y’Ubwigishwa n’Isakaramentu rya Batisimu
Mu kwizihiza imyaka 50 Arikidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe, ubuyobozi bwagaragaje amateka y’Ubwigishwa, ibihe bikomeye bwanyuzemo n’intambwe imaze guterwa mu kunoza ubwgishwa, aho umubare w’abigishwa wiyongereye uva ku 56,000 mu 2009 ugera ku 67,000 muri iki gihe. Ku wa 15 Gashyantare 2026, muri Paruwasi ya Rulindo habereye ibirori byo kwizihiza Yubile y’imyaka 50 Isakaramentu rya […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Gashyantare
Turi ku wa 14 Gashyantare 2026.Umunsi mwiza w’abakundana “witiriwe” Mutagatifu Valantin ku bawizihiza.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1997: Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Kofi Annan yatoranyije abantu batanu mu kanama gashinzwe umutekano aho bahawe inshingano zo gukurikirana amakuru yavugaga ko igisirikare cya Leta ya Kinshansa giha inkunga y’intwaro abo muri FDLR basize bakoze […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 12 Gashyantare
Turi ku wa 12 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ishyirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18 mu gisirikare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: Indege yihariye y’Ikigo Abercrombie & Kent, kiri mu bya mbere mu Isi bitwara ba mukerarugendo bakomeye, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali itwaye 45 bo ku rwego ruhanitse […]
Diyosezi ya Cyangugu mu cyumweru cy’umuryango yasabye abakiristu kongera kwisuzuma mu miryango yabo
Guhera ku wa 06 kugeza ku wa 15 Gashyantare 2026, abakristu barakangurirwa gusubiza umuryango agaciro no gufata ingamba zo kuwukomeza binyuze mu masengesho, inyigisho n’ibikorwa by’urukundo. Mu gihe Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri guhimbaza icyumweru cyahariwe umuryango, Diyosezi ya Cyangugu ikomeje gahunda n’ibikorwa bigamije gufasha abakristu gusubiza umuryango agaciro no guhangana n’ibibazo biwugarije. Ibi bikorwa […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Gashyantare
Turi ku wa 11 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe abagore n’abakobwa biyeguriye ibijyanye na Siyansi.Ibi ni bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka2025: Mu Karere ka Rulindo ko mu murenge wa Rusiga ho Ntara y’Amajyaruguru habereye impanuka y’imodoka ya bisi yari itwaye abagenzi bava i Kigali berekeza i Gisenyi, abantu 20 bahasiga ubuzima abandi […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Gashyantare
Turi ku wa 10 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibiribwa by’ibinyamisogwe ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2023: Papa Francis yakiriye Abepiskopi bo mu Rwanda, bari mu ruzinduko rw’akazi i Roma.2025: Umunyamakuru Sam Karenzi yatangije ku mugaragaro Radio yise SK FM.1984: Abasirikare ba Kenya bishe abantu babarirwa mu bihumbi bitanu b’icyo gihugu […]
Inyigisho ya Purgatoire hagati y’ukwemera kwa Kiliziya Gatolika n’impaka z’amadini
Purgatoire ni imwe mu nyigisho zagiye zitera impaka ndende mu mateka ya gikirisitu, igafatwa na Kiliziya Gatolika nk’ihame rikomeye ry’ukwemera kwayo, mu gihe ayandi madini ayifata mu buryo butandukanye cyangwa akayihakana burundu. Icyizere n’impaka ku buzima bwa roho nyuma y’urupfu bikomeje kuba imwe mu ngingo zikomeye mu myemerere ya gikirisitu, aho Kiliziya Gatolika isobanura purgatoire […]