Category: IMYIDAGADURO
Nyuma yo kumara iminsi mu makimbirane na Papa Trump yitabiriye igikorwa cyo gusoma Bibiliya
Igikorwa cyo gusoma Bibiliya cyabereye muri Museum of the Bible cyongeye kuzamura impaka ku ruhare rw’idini muri politiki ya Amerika n’imyitwarire ya Perezida Trump. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yitabiriye igikorwa cyo gusoma Bibiliya cyateguwe n’abakirisitu b’abakonserivatifu, mu gihe akomeje kugirana amakimbirane n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV […]
Bahanuye ibinyoma bikomeye bituma batakarizwa icyizere_abapasiteri 5 biswe abanyabinyoma mu Rwanda
Mu gihe ubukristu bumaze kugera henshi ku isi ndetse benshi bemera ko turi mu bihe bya nyuma, mu bihe nk’ibi aho benshi bakomeje kwiyita abahanuzi batumwe n’Imana, no mu Rwanda hari abapasiteri cyangwa abavugabutumwa bagiye bahanura ibyafashwe na benshi nk’ibinyoma. Umwanditsi w’Ivanjiri Matayo ubwo yagarukaga ku byerekeye ku kurimbuka kwa Yeruzalem no kugaruka kwa Yezu […]
TOP 7 Gospel Songs of The Week: Indirimbo nshya zikomeje guhumuriza imitima no kongera ukwizera mumitima ya benshi
Mu gihe umuziki wa Gospel ukomeje kugira uruhare rukomeye mu gukomeza abantu mu rugendo rwabo rw’ukwemera, abahanzi n’amakorari bakomeje gushyira hanze indirimbo nshya zifasha benshi kwiyubaka mu bugingo. Binyuze mu butumwa bwihumure, ibyiringiro n’urukundo rw’Imana, izi ndirimbo zikomeje gukora ku mitima ya benshi muri iki cyumweru. Nk’uko bisanzwe, Gospel Today ibagezaho urutonde rwa TOP 7 […]
TOP7 Gospel Songs of The Week: Indirimbo ziyoboye izindi muri iki cyumweru, zitanga ubutumwa bw’ihumure
Mu gihe u Rwanda n’isi yose muri rusange turi mu bihe bikomeye byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amakorari n’abahanzi baririmba indirimbo zokuramya Imana bakomeje kugaragaza uruhare rwabo mu gutanga ubutumwa bw’ihumure, ukwizera n’icyizere cy’ejo hazaza. Muri iki cyumweru, hagaragaye indirimbo nshya zakunzwe cyane, zikomeje gukora ku mitima ya benshi […]
Ukwemera ni umusingi w’ingo n’amahoro ku Isi_Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu gushinga imizi mu Mana
Mu Misa ya Pasika yabereye kuri Katedarali Saint Michel i Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yagaragaje ko ibibazo byugarije Isi birimo intambara n’ingo zisenyuka bishingiye ku kubura ukwemera, asaba abakirisitu kurushaho kwegera Imana no kwimakaza urukundo. Mu gihe abakirisitu Gatolika ku Isi bizihizaga Umunsi Mukuru wa Pasika, Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yasabye abakirisitu kugira […]
Chance ni umugisha kuri njye: Ben na Chance bagarutse ku mbaraga zo gukorana nk’umugabo n’umugore mu muziki
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Easter Jubilee, Ben na Chance basobanuye uko ubufatanye bwabo nk’abashakanye bwabaye inkingi y’iterambere ry’umuziki wabo n’ubuzima bwabo muri rusange Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03 Mata 2026, habaye ikiganiro n’itangazamakuru kibandaga ku gitaramo “Easter Jubilee” cyateguwe n’abahanzi baramya bakanahimbaza Imana, Ben na Chance. Iki kiganiro cyitabiriwe ndetse […]
Top 7 Gospel Songs of The Week: Indirimbo nshya Zikomeje Guhembura no Kubaka Imitima yabenshi
Mu gihe umuziki wa Gospel ukomeje kuba umuyoboro ukomeye wo kwamamaza ubutumwa bwiza bw’Imana no gukomeza imitima icitse intege, abahanzi n’amakorali bakomeje gushyira hanze indirimbo nshya zifite ubutumwa bwimbitse. Muri iki cyumweru,izindirimbo zirindwi ni zo ziyoboye izindi mu zasohotse muriki cyumweru, zigaragaza imbaraga mu kubaka ukwizera no guhumuriza abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. […]
Patient Bizimana ukomeje imyiteguro yo kumurika Album nshya yakoranye indirimbo n’Umunyamerika Kimber Terry
Umuhanzi wubatse izina mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, akomeje imyiteguro yo kumurika album nshya ari nako agaragaza zimwe mu ndirimbo ziyigize. Kuri ubu yamaze gushyira hanze iyitwa “Ndihano” yakoranye n’umunyamerika. Uyu Patient Bizimana yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Ndihano’, yakoranye n’umuhanzikazi w’umunyamerika Kimber Terry, mu rwego rwo gukomeza gutegura Album nshya […]
Top 7 Gospel Songs of The Week: Indirimbo Zikomeje Guhumuriza no Kubaka Imitima
Mu gihe umuziki wa Gospel ukomeje kuba umuyoboro ukomeye wo kugeza ubutumwa bwiza ku bantu batandukanye, Gospel Today burimu wagatanu igutegurira indirimbo nshya ziyoboye izindi, hashingiwe ku butumwa bukubiyemo n’uko zakiriwe n’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Muri iki cyumweru, abahanzi n’amakorali bakomeje kugaragaza imbaraga mu bihangano bishya bikora ku mitima kandi byubaka abizera. […]
Pastor Gitwaza yasabye Abakristo kureka gucira abandi imanza ahubwo bakajya mu mwanya wo kubafasha
Pastor yagaragaje ko umuco wo gushinja no gucira abandi urubanza ukomeje kwiyongera, ashimangira ko ukwemera nyakuri gushingiye ku mbabazi no kwishyira mu mwanya wa mugenzi wawe. Mu nyigisho aheruka gutanga ku Cyumweru tariki ya 22 Werurwe 2026, Apôtre Paul Gitwaza yasabye Abakristo kongera gutekereza ku myitwarire yabo, cyane cyane ku bijyanye nuko bafata abandi bakoze […]