Nebo Mountain Choir yongeye kugaruka ku gukomera k’Uwiteka mu ndirimbo yayo nshya “Imirimo Yawe”
Nebo Mountain Choir ibarizwa mu Karere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba, yashyize hanze indirimbo nshya “Imirimo Yawe” ibumbatiye ubutumwa bugaruka ku mbaraga no gukomera k’Uwiteka. Nebo Mountain Choir ni Korale ikomeye ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR, kuri ubu ikaba yashyize hanze indirimbo nshya bise “Imirimo Yawe” yerekana imbaraga z’Imana no kwibuka aho ikura abayizera. Ni indirimbo […]
Ku rutonde rw’Abatagatifu muri Kiliziya Gatolika hiyongeyeho abandi babiri
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, amaze gushyira mu rwego rw’Abatagatifu Carlo Acutis, umusore wamamaye nka “Influencer wa Yezu” na Pier Giorgio Frassati, umusore w’Umutaliyani wabaye icyitegererezo mu gufasha abakene mu kinyejana cya 20. Ni ibirori byabereye mu Rubuga rwa Mutagatifu Petero i Vatikani byitabiriwe n’imbaga y’abakirisitu Gatolika benshi. Ni ku nshuro […]
Muri Amerika kubona akazi ku banyeshuri barangije Kaminuza biri gusaba umugabo bigasiba undi!
Mu myaka itanu ishize, urubuga mpuzamahanga rwa LinkedIn rwabajije hafi abantu ibihumbi 500 uburyo bumva ubuzima bwabo mu kazi. Uburyohe bw’uyu mwaka bwagaragaje isura ikomeye: urubyiruko rugaragaza kwiheba kurusha ibindi byiciro byose by’imyaka. Inkuru nyinshi zivuga uburyo abanyeshuri barangije kaminuza bagorwa no kubona akazi ka mbere. Uhereye mu 2023, umubare w’akazi k’inshuro ya mbere (entry-level […]
Kuva ku Ntangiriro nka divayi irura kugera ku mpera ziryohereye nk’ubuki_Umunyabigwi
Mu mateka y’umupira w’amaguru ku isi biragoye ko wavuga amateka yawo mu Kinyejana cya makumyabiri na rimwe, ngo ugere ku nteruro ya cumi utaravuga k’umukinnyi witwa Lionel Messi. Lionel Messi ni umwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru beza babayeho mu mateka y’uyu mukino. Uyu munyabigwi ubu afite ibikombe 46 amaze gutwara, ibitego 879 amaze gutsinda(kugeza ubwo […]
Abakobwa bakundana n’abahungu bahora ari beza bahura n’imbagomizi mu rukundo
Abakobwa n’abagore benshi bifuza gukundana n’abagabo beza. Nituvuga beza wumve babandi bagira umutima mwiza, mbese buri muntu wese yemera ko ari mwiza mu buzima busanzwe. Gusa hari ibintu byitwa ko ari bibi ku bagore bakundana n’abagabo nkabo ngabo kurusha uko bakundana n’abamwe bitwa ko ari babi. Ikinyamakuru Elcrema gitanga inama mu mibanire y’abakundana, gitangaza ko […]
Iserukiramuco riri kubera mu Bubiligi Umuco Nyarwanda wahawe umwihariko
Umuco Nyarwanda wahawe umwihariko mu iserukiramuco rizamara iminsi irindwi rimurikirwamo ibiranga umuco wa Afurika ryiswe Afrika Week 2025. Ni iserukiramuco ririmo kubera i Bruges mu Bubiligi. Ryatangiye ku wa 1 rikazageza ku wa 7 Nzeri 2025. Itorero ry’Abanyarwanda ryitwa Irebero ry’ Abanyarwanda batuye mu Bubiligi ni ryo ryatangije iri serukiramuco. Uhagarariye Abanyarwanda batuye i Bruges, […]
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru yibukije abijanditse mu byaha kubivamo bagakunda Imana mu ndirimbo nshya “Byabihe”
Bibebityo Anicet, ukoresha izina rya Polyvalent mu muziki no mu itangazamakuru kuri Radiyo Huye, yashyize hanze indirimbo yise “Bya Bihe”, avuga irimo ubutumwa bwo kwigisha abantu ibyiza byo kuva mu byaha, bakagandukira Imana. Ni indirimbo yagiye hanze ku wa Mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, isohokera ku mbuga zishyirwaho umuziki zirimo n’urwa You Tube ye […]
Aline Sympathy yifashishije abanyarwenya bakomeye hano mu Rwanda, yongeye kubwira abantu ubugiraneza bw’Imana mu ndirimbo “Undinde gukorwa n’isoni”
Nyuma yuko yari amaze iminsi mike ashyize hanze indirimbo “Ntidutsindwa”, Umuramyikazi Aline Sympathy yongeye kwifashisha abanyarwenya babiri Nzovu na Yakamwana abwira abantu ubugiraneza bw’umukiza mu ndirimbo nshya “Undinde gukorwa n’isoni” Ni indirimbo uyu muhanzi yashize hanze none ku wa 04 Nzeri 2025 ku rubuga rwa Youtube asanzwe ashyiraho indirimbo ze. Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bwo […]
CECAFA: Rayon Sports yamenyesheje andi makipe ko ihari yimana u Rwanda
Ikipe ya Rayon Sports WFC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya Cecafa y’Abagore iri kubera muri Kenya, yatangiranye intsinzi yakuye kuri CBE FC yo muri Éthiopie inabitse igikombe giheruka. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Nzeri 2025, ni bwo Rayon Sports WFC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa Nyafurika ryo guhatanira itike ya CAF Women’s […]
Havumbuwe uburyo bwo gusiba inzibutso umuntu atifuza mu bwonko
Abashakashatsi bo mu Buyapani batangaje ko bavumbuye uburyo bushya bushobora gusiba zimwe mu nzibutso ubwonko bw’umuntu buba bwarabitse. Ubu buryo bushingiye ku gukoresha urumuri rw’ubururu rwerekezwa ku mikoranire y’uturemangingo twihariye two mu bwonko, bigatuma idohoka cyangwa igasibangana burundu. Ubushakashatsi bugaragaza ko iyo uru rumuri rukoreshejwe, imitsi yitwa “memory spines” igabanuka, bigatuma ubumenyi cyangwa imyitozo umuntu […]