“Ni Icyemezo cyari kigoye”_Vestine na Dorcas batandukanye na MIE nyuma y’imyaka Iianu y’ubufatanye.
Mu itangazo ryabo, Vestine na Dorcas bashimiye MIE wabafashije gukura mu muziki, bavuga ko nubwo gutandukana na we bitaboroheye, bifuza kubaka ejo hazaza habo nk’abahanzi bigenga. Itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rigizwe na Vestine Ishimwe na Kamikazi Dorcas ryatangaje ku mugaragaro ko rihagaritse imikoranire ryari rifitanye na M. Irene Entertainment (MIE), sosiyete […]
Uburozi bwiza ni ugusengera urugo rwawe Imana ikabashyigikira_Kecapu yasabye abagore kwiringira Imana aho kwishingikiriza ku miti gakondo
Umukinnyi wamamaye muri filime nyarwanda, Kecapu yamaganye umuco wo kwifashisha imiti ya gakondo mu kwigarurira urukundo, asaba abagore gusabira ingo zabo aho kwiringira amarozi. Mu gihe hari bamwe mu bagore n’abakobwa bakomeje gushaka uburyo bwo gukomeza kwigarurira imitima y’abo bakundana cyangwa abo bashakanye mu nzira zitari nziza, umukinnyi wa filime Mukayizere Jalia Nelly uzwi nka […]
Ambassadors of Christ Choir reflects on the celebrate of three decades of God’s faithfulness through new song
The renowned gospel choir reflects on three decades of faith, transformation, and divine guidance in a powerful musical testimony centered on God’s grace. As Ambassadors of Christ Choir celebrates 30 years of ministry, the renowned gospel music group has unveiled a powerful new song, Wonderful Grace of Jesus, a testimony-filled composition that reflects on its […]
Abahowe Imana b’i Bugande Basigiye Isi Isomo ry’Ukwizera Kudacogora
Mu kwizihiza umunsi w’Abahowe Imana b’i Bugande, Musenyeri Francis Aquirinus Kibira yagaragaje ko ubutwari, ubudahemuka n’urukundo rw’ukuri byaranze abahowe Imana batagatifu bikwiye gukomeza kubera abakristu urugero mu buzima bwa buri munsi. Mu muhango wo kwizihiza Umunsi w’Abahowe Imana b’i Bugande uba buri mwaka tariki ya 3 Kamena, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Kasese, Francis Aquirinus […]
Imyumvire y’abageze mu zabukuru iracyari inzitizi ku iyubahirizwa ry’uburinganire
Raporo n’ubushakashatsi bitandukanye bigaragaza ko nubwo u Rwanda rwageze ku rwego rwo hejuru mu guha abagore amahirwe mu buyobozi n’ubukungu, imyumvire gakondo ya bamwe mu bakuze ikomeje kuba imbogamizi ku iyubahirizwa ryuzuye ry’uburinganire. U Rwanda rukomeje kugaragara nka kimwe mu bihugu byateye imbere mu kwimakaza uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo, aho abagore bafite 63.3% by’imyanya […]
Grace Ekirapa yagaragaje agahinda ke nyuma y’ibihuha byakwiriye ku mbuga nkoranyambaga byo gutandukana n’umugabo we
Umunyamakuru akaba n’umuvugabutumwa wo muri Kenya, Grace Ekirapa, yatangaje ko nyuma y’aho amakuru y’itandukana rye n’umukinnyi wa filime Pascal Tokodi agiye hanze, bamwe mu bo basenganaga muri kiliziya bahinduye uburyo bamufataga, ibintu yavuze ko byamusigiye igikomere gikomeye mu mutima. Mu buhamya bwe, Grace yavuze ko byamutwaye igihe kinini kuvuga kuri iki kibazo, ariko yumvise agomba […]
Urukiko rwo muri Zimbabwe rwategetse umugabo kwishyura miliyoni 800 nyuma yo kutubahiriza isezerano ryo gushyingiranwa
Urukiko rwategetse Francis Mupindu kwishyura uwahoze ari umukunzi we Nancy Tsuro amafaranga arenga miliyoni 800 z’amanyarwanda nk’indishyi nyuma yo kutubahiriza isezerano yari yaramuhaye ryo kuzamurongora. Nancy, usanzwe ari umuganga, yavuze ko Mupindu yamushishikarije gusama inda ndetse akamugaragariza ko afite umugambi ukomeye wo kumurongora, ariko nyuma akaza guhindura icyemezo. Urukiko rwabwiwe ko Mupindu yari yaranabyaranye abana […]
Alicia Ufitimana yarangije amasomo ya Bibiliya akomeje kumuherekeza mu muhamagaro we
Umuhanzi Alicia Ufitimana yavuze ko amasomo ya Bibiliya yize muri Blossomed Esther’s Ministry yamufashije gukura mu buryo bw’Umwuka no kurushaho gusobanukirwa ko kuririmbira Imana ari umuhamagaro usaba ubumenyi bw’Ijambo ryayo n’ubuzima bushingiye ku kwizera. Uyu muhanzikazi, umwe mu bagize itsinda rya Alicia and Germaine, yabitangaje nyuma yo guhabwa impamyabumenyi y’amasomo ya Bibiliya yari amaze umwaka […]
Vatican News yasohoye Igitabo cy’amajwi cya Magnifica Humanitas, Inyandiko ya mbere ya Papa Leo XIV ku bwenge buhangano
Audiobook ya Magnifica Humanitas yateguwe mu Cyongereza na Vatican News mu rwego rwo gufasha abantu benshi kugera ku nyigisho za Papa Leo XIV zisobanura uburyo Ubwenge Buhangano bugomba gukorera inyokomuntu no kubungabunga agaciro kayo. Nyuma y’amezi make hatangajwe inyandiko ya mbere ya Papa Leo XIV yitwa Magnifica Humanitas, Vatican News yashyize ahagaragara igitabo cy’amajwi (Audiobook) […]
“Kwamamaza inkuru nziza ni inshingano ya Kiliziya” – Papa Leo XIV yasabye ko urubyiruko rurushaho kwegerezwa inkuru nziza
Papa Leo XIV yasabye inzego za Kiliziya Gatolika gukomeza kwamamaza Inkuru Nziza no gufasha urubyiruko guhangana n’ubukene bwa Roho buri kugaragara cyane muri iki gihe, cyane cyane mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Ibi Papa yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gicurasi 2026, ubwo yakiraga abagize Inteko Rusange y’Urwego rwa Vatikani rushinzwe Ivanjili […]