21 July, 2026
1 min read

Ese kuba umuntu uzwi muri gospel bisobanuye ko uri Malayika utakora icyaha?

Mu gihe abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (gospel) baba bafite inshingano zo kugeza ubutumwa bwiza ku bantu, benshi bakunze gufatwa nk’abatagatifu/nk’abera/nk’intungane cyangwa nk’abantu badakora amakosa. Nyamara, kuba icyamamare muri gospel ntibisobanuye ko umuntu ari malayika cyangwa ko adakora ibyaha. Nubwo abahanzi ba Gospel baririmba iby’Imana, bakomeza kuba abantu basanzwe bafite intege nke […]

2 mins read

Florida: Nyuma yo kwigira Umuforomo akaba yari amaze kuvura abasaga 4,000 yatawe muri yombi

Muri Leta ya Florida muri Amerika, umugore yigize umuforomo, atabwa muri yombi amaze kuvura abarwayi basaga 4,000 kandi nta cyangombwa kimwemerera kuvura (licence médicale) agira. Uwo mugore ukurikiranyweho uburiganya bwashoboraga no guteza urupfu, yitwa Autumn Bardisa w’imyaka 29, yafashwe n’inzego z’umutekano zimusanze iwe mu rugo, kubera ko yigize umuforomo ubifitiye impamyabumenyi. Muri rusange yatanze serivisi […]

1 min read

Mbega agahinda I Shyorongi! Amarira ni yose nyuma yuko bongeye kuyitombora gatatu bikurikiranya

Mu marushanwa nyafurika ikipe ya Rayon Sports yatomboye kuzahura na Singida Black Stars, naho APR FC yongera gutombora Pylamid Fc imaze imyaka ibiri yikurikiranya iyisezerera. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu itariki 9 Kanama 2025, abakunzi ba APR FC bamenye inkuru y’uko batomboye kuzahura na Pyramids yo mu Misiri mu majonjora ya CAF Champions […]

1 min read

While Waiting to Know Their Opponents, Rayon sports and APR FC are not Among Africa’s Top Clubs

Rwanda’s Rayon Sports and APR FC, which will represent the country in African competitions, do not appear among the top 75 clubs on the African continent. It is expected that today in Dar es Salaam, Tanzania, there will be a draw to determine the fixtures for the preliminary rounds of the 2025–2026 CAF Champions League […]

1 min read

Yabaye iciro ry’imigani nyuma yo kuvuga ko asigaye akoresha ChartGPT mu gufata ibyemezo bya politiki

Minisitiri w’Intebe wa Suède, Ulf Kristersson, yabaye iciro ry’imigani nyuma yo gutangaza ko yifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya ChatGPT mu gufata ibyemezo bimwe na bimwe bya politiki. Minisitiri Kristersson yavuze ko akoresha uru rubuga nk’inyunganizi itanga ibitekerezo byihariye ariko ko adashyiramo amakuru y’ibanga cyangwa areba umutekano w’igihugu. Gusa ibi ntibyakiriwe neza na bamwe mu banyapolitiki […]

2 mins read

Ubushakashatsi: Abantu barota inzozi mbi bikanga bibatera ibyago birimo no gupfa imburagihe

Kurota inzozi mbi bituma umuntu yikanga cyangwa se ashigukira hejuru yari asinziriye kubera ubwoba atewe n’ibyo arose, bikaba kenshi ngo byagira ingaruka zirimo gupfa imburagihe. Abantu bakuru barota inzozi mbi zibateye ubwoba, bakaba bazirota nibura buri cyumweru, baba bafite ibyago byikubye gatatu (3) byo gupfa imburagihe ni ukuvuga bagapfa batageza no ku myaka 75, ugereranyije […]

2 mins read

Rayon Sports ikomeje kurebana akana ko mu jisho n’abakunzi bayo muri Rayon Week!

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Gorilla FC mu mukino wa kabiri wa gicuti wa Rayon Week. Ni umukino wakinwe kuri uyu wa Gatatu saa Cyenda mu karere ka Ngoma. Umukino watangiye amakipe yombi yigana ndetse anyuzamo akabona imipira y’imiterekano ariko ntayibyaza umusaruro, ku munota wa 13  Gorilla FC yari ifunguye amazamu ku ishoti riremereye ryari rirekuwe […]

2 mins read

Izamuka rikabije ry’ibyaha byo kuri murandasi kubera AI rihangayikishije Leta ya Kenya

Leta ya Kenya iri guhura n’ikibazo gikomeye cy’umutekano wo kuri murandasi, nyuma yo gutangaza izamuka rya 201.7% mu byaha bikorerwa ku ikoranabuhanga (cybercrime) mu gihembwe cya mbere cya 2025. Nk’uko byatangajwe na Communications Authority of Kenya (CA), ibyaha byo kuri murandasi byazamutse cyane mu mezi atatu, biva kuri miliyoni 840.9 bigera kuri miliyari 2.5. Iri […]

2 mins read

Harimo n’ingingo yemerera abana b’imyaka 15 kuboneza urubyaro itavugwaho rumwe_Menya serivisi nshya z’ubuvuzi

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ku wa Mbere tariki ya 4 Kanama 2025, yemeje itegeko rishya ryita ku buzima rusange rigamije kunoza serivisi zitangwa, koroshya uburyo bwo kuzikorerwaho igenzura no kongerera abaturage uburenganzira bwo kubona serivisi z’ubuvuzi zinoze. Iri tegeko rihuza amategeko atandukanye y’ubuvuzi yagiye abaho mbere, harimo ayavugaga ku bwishingizi ku makosa y’abaganga n’ubuzima […]