“Ikaze Na None Rukundo Rwanjye”_Nyuma Y’iminsi Y’imiraba Urukundo Rwongeye Gutsinda
Annette Murava yagaragaje imbamutima ze ku mbuga nkoranyambaga ubwo yongeraga gusohokana n’umugabo we Bishop Gafaranga umaze iminsi mike avuye muri gereza. Mu magambo yuje urukundo, Annette Murava yahaye umugabo we ikaze mu butumwa yagaragaje ku mugoroba wo kuri uyu wa 23 Ukwakira 2025. Ku mbuga nkoranyambaga yanditse ati: “Iyi nkuru irimo Imana! Ikaze nanone rukundo […]
“Sinzateshuka”: Chorale Pépinière du Seigneur Yibutsa Abizera Kudatsimburwa N’ibibazo
Indirimbo nshya “Sinzateshuka” ya Korale Pépinière du Seigneur ni umusingi wo kwizera, ishimangira ko Imana idahinduka kandi ihora yita ku bayo, kabone n’iyo urugendo rw’ubuzima rwaba ruruhije. Korali Pépinière du Seigneur, izwi mu ndirimbo ziramya kandi zifasha abakristo kwegera Imana. Ikorera ubutumwa mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, mu Ntara y’Amajyepfo, mu Karere ka Huye. […]
“Nubaha Pasiteri kurenza umugabo wanjye” Amagambo Ya Mary Nambwayo Akomeje Guteza Impaka Ku Mubano Uri Hagati Ye na Pasiteri
Ni kenshi bikunze kuvugwa ko Abapasteri bakunze gusenya ingo z’abakristu bayoboye, aho bivugwa ko cyane abagore bagenda bagiye mu byumba by’amasengesho nyamara bagiye kwishimana na ba nyiri iibyumba by’amasengesho. Umunyamakuru wo muri Kenya avuga ko Pasiteri afite agaciro gakomeye mu buzima bwe kurusha umugabo we, amagambo ye atuma abakirisitu benshi bibaza ku bumwe bw’urugo n’imyizerere […]
Dore Impamvu Hari Abantu Bikundira Kuba Bari Single
Nubwo wowe ubizwa icyuya no gushaka uwo mukundana , burya hari n’abantu babifata nk’ibisanzwe kugeza bamaze kugira imyaka myinshi bakabona kwibuka ko byari ingenzi. Muri iyi nkuru uramenyeramo impamvu. Gushakisha uwo mukundana rero ni ibintu bigoye cyane mu buzima by’umwihariko iyo urimo gushakisha umuntu ugasnga afite ibi bimenyetso cyangwa se wa muntu wumva ntacyo bitwaye […]
Nyuma Y’imyaka 12 Barabuze Urubyaro Bibarutse Abana 3 B’impanga
Ni ibintu bidakunze kubaho, ariko umugore wari umaze imyaka 12 yarabuze urubyaruko yaje gutwita Imana imuha impano y’abana 3 maze benshi bamufasha gutambutsa amashimwe. Ibyishimo ni byose muri Nigeria by’umwihariko mu Mujyi wa Benin aho umugore witwa Phoebe wari umaze imyaka 12 ashatse ariko akabura urubyaro yaje kwibaruka 3 icyarimwe maze abyita ibitangaza by’Imana no […]
Umuramyi Soso Mwiza Yashimangiye Urukundo Rwa Yesu Ari Nako Akomeza Gutera Intambwe
Nyuma yo gukorana indirimbo na Rosa Muhando “Ndugu”, Soso kuri ubu yagarukanye ubutumwa bwo gushimira Imana no kwibutsa abantu agaciro k’urukundo rwa Yesu wabitangiye abapfira ku musaraba. Umuhanzikazi Solange Mwiza uzwi nka Soso mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ituro”. Iyi ndirimbo ikurikira “Ndugu” yakoranye na Rose Muhando, igaragaza […]
“Two Souls One Home” Y’umuramyi Brian Doerksen Yibanda Ku Rukundo N’ubusabane Mu Bashakanye
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Canada, Brian Doerksen, yagarukanye indirimbo yuje ubutumwa bwimbitse ku rukundo, kwihangana no kubaka urugo rufite imizi ikomeye. Umuhanzi w’Umunyacanada wamamaye mu muziki wa Gospel, Brian Doerksen, watsindiye ibihembo bya Juno Awards inshuro nyinshi, yongeye kwigaragaza ku ruhando Mpuzamahanga binyuze mu ndirimbo ye nshya yitwa “Two Souls […]
“Woye Yesu” Indirimbo Yo Kuramya Ikomeje Gukora Ku Mitima Ya Benshi Muri Ghana
Umuhanzi w’indirimbo z’Imana uzwi cyane w’umunye_Ghana Christiana Attafuah, yashyize hanze indirimbo ikomeye y’ubuhamya n’ishimwe rya Yesu Kristo ikaba ikomeje kwigarurira benshi. Umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Ghana wongeye gukungahazwa n’indirimbo nshya yitwa “Woye Yesu”, yahuriyemo abahanzi b’inararibonye mu ndirimbo zo kuramya. Iyi ndirimbo iri kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki wa Gospel kubera ubutumwa bwimbitse […]
Amakuru Mashya: Shampiyona y’u Rwanda 2025/2026 Igiye Kongerwamo Amakipe Yo Muri Sudani
Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani bifuza kwinjira muri Rwanda Premier League, FERWAFA ikaba iri gusuzuma icyifuzo cyabo. Amakuru yemejwe na Televiziyo y’u Rwanda (RTV) aravuga ko amakipe atatu akomeye yo muri Sudani Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani yandikiye Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), asaba ko […]
Ni Nde Uzahagarika Amakimbirane Akomeje Gukura Mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda
Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bushinja abahoze mu mirimo kwivanga mu miyoborere, mu gihe abashinjwa bo bavuga ko hari akarengane gakomeje gukorerwa abapasiteri n’abayobozi bamwe. Ibibazo bikomeje gufata indi ntera mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, nyuma y’uko ubuyobozi buriho bukomeje gushinja bamwe mu bahoze ari abayobozi b’itorero kwivanga mu miyoborere, mu gihe abo bashinjwa bo […]