“Akayubi” Indirimbo Nshya Korale Ijwi ry’Ihumure Muhima SDA Church Iburira abantu Mu Minsi y’Imperuka
Korale igambiriye kuvuga ubutumwa bw’Imana mu ijwi rirenga, binyuze mu ndirimbo zaririmbiwe Imana, Ijwi Ry’Ihumure Muhima SDA Chuch yashyize hanze indirimbo yo gikirisitu”Akayubi”, ihamagarira abizera kwihana no gukomeza kwizera, yibutsa imbabazi z’Imana mbere y’urubanza rwa nyuma Ni indirimbo iyi Korale yashyize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri ku muyoboro wayo wa Youtube isanzwe ishyiraho […]
Umuhanzi Darius yifashishije ubunararibonye bwe mu guhindura uburyo abantu bakira Ijambo ry’Imana no kumva Kumva Indirimbo Zihimbaza Imana
Umushumba, umuhanzi akaba n’umutunganya umuziki yasangije urugendo rwe rw’ukwizera binyuze mu alubumu ye ya mbere “Live By Faith” n’indirimbo nshya “Greater” yakoranye na Vanessa Bell Armstrong Umuhanzi, umutunganyirizamuziki ndetse n’umushumba Darius, ari gukoresha ubunararibonye amaze kugira mu buzima bwe mu guhindura uburyo abantu bumva Ijambo ry’Imana no kwishimira indirimbo z’ihimbaza Imana muri iki gihe. Uyu […]
Igitaramo “Ebenezer Concert” kizizihirizwamo Isabukuru y’imyaka 30 God’s Flock Choir imaze ikora umurimo w’ivugabutumwa
God’s Flock Choir ni korale yatangiye mu mwaka wa 1995 igizwe n’abasore gusa ariko nyuma iza kujyamo n’abakobwa. Kuri ubu ikaba igiye gukora igitaramo kizizihirizwamo isabukuru y’imyaka 30 imaze mu murimo w’Imana, aho izifatanya n’amakorale atandukanye. Ni igitaramo kizaba tariki 08 Ugushyingo 2025, kikazabera I Kigali kuri Kigali Bilingual Church. Iyi korale izifatanya n’andi makorale […]
“Jesus, have your way” new Melody by Heavenly Melodies a heartfelt gospel song of surrender, worship, and prayer
Heavenly Melodies has released new song “Jesus, Have your way”, which comprises great message of drawing people closer to God as they declare His lordship over their life. It is a song released today in Heavenly Melodies’ YouTube Channel. It last few hours and it’s going to be viewed by many. This worship song is […]
Enoch Thomas Umuhanzi ukiri muto yateguje Alubum ye ya mbere anatanga ubutumwa
Enoch Thomas, umwana w’imyaka 11 wo muri Antigua uririmba indirimbo za zo kuramya no guhimbaza Imana muri reggae, aho mu mwaka washize yafatanyije na Carlene Davis, umuririmbyi n’umubwiriza w’Umunyajamaika, bashyira hanze verisiyo nshya y’indirimbo ya Noheri O Holy Night. Uyu mwana ukiri muto ubu ari kwitegura gushyira hanze alubumu ye ya mbere, akaba yanateguje ko […]
Abahanzi b’Indirimbo zo Kuramya no Guhimbaza Imana Basabwe Gushyira Imbaraga ku Ndangagaciro za Gikristo
Guverineri Wungirije w’Intara ya Edo, Dennis Idahosa, yasabye abaha b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana gushyira imbaraga ku mahame n’indangagaciro bya Gikristo mu murimo wabo w’ubuhanzi. Yabitangarije muri Benin ubwo yakiraga itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo za gikirisitu bo muri Nijeriya (FOGMMON). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga we wihariye ushinzwe itangazamakuru, Bwana Friday Aghedo, Guverineri wungirije yavuze […]
Huye Business Mall imaze gutwara asaga Miliyari 4.7Frw iri mu zasuwe
Igishushanyo mbonera cya Huye Business Mall
Menya byinshi ku ndwara ya PCOS ishobora gutera ubugumba
PCOS (Polycystic ovary syndrome) ni uburwayi bukunzwe kwibasira abagore n’abakobwa butuma ibihe byabo by’ukwezi bihindagurika cyane ndetse bikaba byabaviramo kubura urubyaro. Umukobwa wese ugeze mu gihe cy’ubwangavu atangira kubona impinduka zidasanzwe kuri we ndetse ni bwo atangira kwigishwa byinshi ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere kugira ngo asobanukirwe imvano y’impinduka yibonaho. Icyo gihe mu byo yigishwa harimo […]
Ni ikihe gihe cyiza cyo kwiyuhagira, mu gitondo cyangwa nimugoroba? Ubushakashatsi buvuga iki?
Hari abantu bamenyereye gukaraba mu gitondo, abandi bakabikorera nijoro. Ariko se, ni bande baba bari mu kuri? Mu buzima bwa buri munsi, koga umubiri wose ni kimwe mu bidufasha kugira isuku, gukuraho umwanda, ibyuya, amavuta asohorwa n’umubiri ndetse n’ibindi biva mu mwuka n’ikirere bigera ku ruhu. Gusa ikibazo gikunze kubazwa ni iki: “koga mu gitondo ni […]
“Mbona Ijuru” Indirimbo nshya ubumbatiye ubutumwa bushingiye kuri Bibiliya
Basalel Choir ni Korale ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR, ikaba imaze igihe kitari gito muri uyu murimo wo kogeza inkuru nziza biciye mu ndirimbo ndetse imenyerewe ku ndirimbo zifasha abatari bake. Ubu yasohoye indirimbo nshya “Mbona Ijuru”. Ni indirimbo iyi Korale yashyize hanze ku muyoboro wa Youtube isanzwe ishyiraho indirimbo ari wo “Baselel […]