13 September, 2026
3 mins read

Mexique: Abakirisitu bakoze urugendo rwo gushimira Imana amahoro amaze imyaka 32 mu Ntara ya Chiapas

Mu gihugu cya Mexique, abakristu barenga ibihumbi 10 bakoze urugendo rwo gushimira Imana,kubera amahoro amaze hafi imyaka 32 mu Ntara ya Chiapas. Ni urugendo rwaranzwe n’isengesho, ubumwe bw’amadini n’umuco, basabira Intara gukomeza gutekana no kwirinda amakimbirane. Ku mupaka wo mu Majyepfo ya Mexique, mu Ntara ya Chiapas, abakirisitu barenga ibihumbi icumi bahuriye mu rugendo rwo […]

2 mins read

Indirimbo “Yaje aje” ya Eric Niyonkuru yibutsa isi igisobanuro nyacyo cya Noheli

Umuramyi Eric Niyonkuru utuye muri Finland yagaragaje ko ivuka rya Yesu atari ikiruhuko gusa, ahubwo ari isezerano ry’Imana ryabaye impamo yo gukiza abantu ibyaha byabo Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Eric Niyonkuru utuye muri Finland akomeje kugaragaza ko ijambo ry’Imana rigifite umwanya mu buzima bwa muntu, binyuze mu ndirimbo ye nshya yitwa “Yaje […]

3 mins read

“Yampinduye Mushya”, Jado Sinza & Esther bashyize hanze indirimbo ikangura imitima ku mpinduka zibonerwa muri Yesu

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Jado & Esther, bashyize hanze indirimbo nshya “Yampinduye Mushya.” Ni ubutumwa bukomeye bw’ivugabutumwa, busobanura ihinduka ryimbitse ry’umuntu wahuye na Yesu akava mu buzima bwa kera akinjira mu buzima bushya bwuzuye imbabazi n’ukwizera. Abahanzi ba gospel Jado Sinza & Esther bashyize ahagaragara indirimbo nshya bise “Yampinduye Mushya”, ikomeje kwakirwa […]

3 mins read

“Musigeho kumena amaraso yabo” Nicki Minaj yamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakristu bo muri Nigeria

Umuhanzi w’icyamamare Nicki Minaj yakoresheje imbuga nkoranyambaga n’ijambo yavugiye mu Muryango w’Abibumbye ashinja isi kwirengagiza itotezwa n’ubwicanyi bikorerwa Abakristu bo muri Nigeria, yifashishije amagambo yo muri Bibiliya asaba ko amaraso yabo atakongera kumenwa. Nicki Minaj, umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, yagaragaje impungenge ku ihohoterwa n’ubwicanyi bikomeje gukorerwa Abakristu bo muri Nigeria, aho bamaze imyaka myinshi […]

3 mins read

Gusoma Bibiliya si umutwaro, ni isoko y’ubugingo ku Bakristu

Abakristu benshi bemera ko gusoma Bibiliya ari imwe mu nshingano zibagora cyane mu buzima bwo kwizera. Kuri bamwe, babifata nk’igikorwa gisaba imbaraga nyinshi zo mu mutima, kikagira n’igihe kirekire gishobora kubarambira. Nyamara, abigisha n’abayobozi b’amatorero bavuga ko iyo myumvire itagomba gukomeza, kuko Ijambo ry’Imana ari ryo shingiro ry’ubuzima bwa gikristo. Bavuga ko udafite Ijambo ry’Imana […]

3 mins read

Uruhare rwa Yozefu rudakunze kuvugwa mu gihe Yezu na Mariya bavugwa cyane

Mu gihe u Rwanda n’isi yose muri rusange twitegura kwinjira mu minsi mikuru by’umwihariko Noheri, aho hahimbazwa ndetse hakibukwa ivuka rya Yezu/Yesu, umugabo we Yozufu nta kunda kuvugwa cyane nyamara afite uruhare ntyegayezwa mu mibereho y’umuhungu we Yezu Kristu. Impuguke mu nyigisho za gikirisitu, ivuga ko umugabo wa Mariya yagize uruhare rukomeye mu buzima bwa […]

2 mins read

Korali Merry Melody yizihije isabukuru y’imyaka 30 mu gitaramo gikomeye yifatanyijemo n’andi makorali akunzwe mu Rwanda

Korari Merry Melody ikorera kuri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye yakoze igitaramo gikomeye, aho yizihije imyaka 30 imaze ikora umurimo w’ivugabutumwa ibinyujije mu ndirimbo. Muri iki gitaramo iyi korali yifatanyije n’amakorari akomeye azwi mu Rwanda no mu Karere mu rwego rwo gushimira Imana no gusubiza amaso inyuma ku rugendo rwayo rw’imyaka mirongo itatu. Iki […]

2 mins read

Mu gihe twitegura kwinjira mu minsi mikuru, Chorale De Kigali yateguye igitaramo “Christmas Carols Concert 2025”  

Korali ikomeye mu Rwanda Korale de Kigali, kuri ubu yahinduye aho yari isanzwe ikorera ibitaramo bifasha abantu kwinjira mu byishimo bya noheli, kubera impamvu z’amatariki. Nubwo habaye izi mpinduka, irizeza abakunzi bayo ibirori bizaba byuzuye ibyishimo n’ubutumwa bwa Noheli mu buryo budasanzwe. Chorale de Kigali, imwe muri korali zikomeye zamenyekanye mu muziki wo kuramya no […]

2 mins read

Evening Worship Experience: Igisope cyo kuramya no guhimbaza Imana kizafasha abakristu gusoza umwaka mu byishimo

Dove Hotel Kigali igiye gutangiza gahunda nshya yo kuramya no guhimbaza Imana buri wa Gatanu nijoro, igamije gufasha Abakristu kwinjira mu minsi mikuru ya Noheri n’Ubunani bahuje umwuka n’umunezero. Mu gihe Abanyarwanda n’isi yose bitegura gusoza umwaka no kwinjira mu minsi mikuru ya Noheri n’Ubunani, Dove Hotel ikorera mu Mujyi wa Kigali igiye gutangiza igikorwa […]

1 min read

Mu kwizihiza imyaka 25 amaze mu muziki, Alexis Dusabe yateguye igitaramo yise “Umuyoboro”

Alexis Dusabe, umwe mu bahanzi bakunzwe mu muziki wa Gospel mu Rwanda, yatangaje ko ageze mu gihe cyo kwishimira ibyo yagezeho mu rugendo rwe rwa muzika, aho agiye kwizihiza imyaka 25 amaze mu muziki abinyujije mu gitaramo cy’imbaturamugabo yise Umuyoboro, akazanamurikiramo album nshya yise Amavuta y’Igiciro. Uyu muhanzi, ibi yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye ku […]