13 September, 2026
1 min read

Uburiganya Mu By’umwuka, Ukwemera Kwahindutse Ubucuruzi

Mu gihugu cya Haiti, ukwemera n’icyizere by’abantu byahindutse isoko ryunguka cyane. Abitwa abahanuzi n’abapasiteri bakomeye bategura ibiterane bikomeye bavuga ko bazana ibitangaza, agakiza n’ubugingo bushya, ariko nyuma yabyo hakaba hihishe uburiganya, amanyanga y’imari n’imyitwarire ikomeje kuvugisha benshi amangambure. Mu bitaramo byitirirwa by’imbaraga z’Imana, abantu basabwa gutanga amafaranga kugira ngo babone umugisha, gukira cyangwa bakorerwe ubuhanuzi. […]

1 min read

Charity Gayle Agiye Gukora Ibitaramo Bizazenguruka Amerika

“REJOICE: A Night of Worship” urugendo rwa Charity Gaye yatangaje ko agiye gukoreramo ibitaramo bizazenguruka Amerika muri 2026. Ni urugendo ruzibanda ku kuramya, umunezero, ubumwe no guhimbaza Imana. Ku wa 23 Ukwakira, Umuramyi mpuzamahanga Charity Gayle yatangaje ko ari gutegura uruzinduko rwe rwiswe “REJOICE: A Night of Worship” azakoreramo ibitaramo, rukazatangira ku wa 12 Werurwe […]

3 mins read

Nyanza 1946: Isengesho Ryasigiye u Rwanda Umurage W’ukwemera N’amahoro

Mu mwaka wa 1946, ku nshuro y’amateka, Umwami Mutara III Rudahigwa yahuje ubutegetsi n’ukwemera ubwo yatangizaga ibirori byo gutura u Rwanda Kristu Umwami na Bikira Mariya, Umugabekazi w’Ijuru n’Isi. Ibyo birori byabereye i Nyanza, ahari hubatswe Ishuri ryitiriwe Kristu Umwami, bimara iminsi itatu kuva ku wa 26 kugeza ku wa 28 Ukwakira 1946. Ni muri […]

1 min read

Papa Leo XIV N’Umwami Charles III Mu Isengesho Rihuriweho Ryasize Amateka  

Umwami w’Ubwongereza Charles III akaba ari na we muyobozi mukuru w’Itorero ry’Angilikani ku isi yifatanyije na Papa Leo XIV wa Kiliziya Gatorika mu isengesho mpuzamatorero ryabereye muri Shapeli Sixtine i Vatican ku wa kane tariki 23 Ukwakira 2025. Mu gitondo cyo ku wa kane nibwo Umwami Charles III n’umwamikazi Camilla basuye Papa Leo XIV i […]

1 min read

“Agaciro Fashion Gala 2025” Igiye Guhuriza Hamwe Abanyamideli N’abahanga Mu Myambaro

Sosiyete ya Ozone Entertainment ku bufatanye na NAF Model Empire yatangaje ko igiye gutegura ibirori bikomeye by’imideli bizahuza abanyamideli batandukanye mu Rwanda. Ibyo birori byiswe “Agaciro Fashion Gala 2025” bizabera muri Centric Hotel ku wa 15 Ugushyingo 2025. Nk’uko abategura babivuga, intego nyamukuru y’ibi birori ni ukwizihiza umurage nyafurika, ubuhanzi n’agaciro k’umuntu. Augustin Hategekimana, umwe […]

1 min read

“Beyond the Sunset,” A Heartfelt Song of Hope and Eternal Peace By The Asidors

The new worship song “Beyond the Sunset” by The Asidors reminds believers of heaven’s promise, where sorrow ends and eternal joy begins. The Asidors, a well-known gospel family group, have released a moving new worship song titled “Beyond the Sunset.” The song paints a beautiful picture of the believer’s hope in eternal life, describing a […]

2 mins read

Amatorero mu Kigeragezo: Abakobwa Bo mu Gisekuru Cya Gen Z Ntibagishishikajwe N’ijambo Ry’Imana N’amatorero

Ubushakashatsi bushya bwakozwe na Barna Research bwerekanye ibintu biteye impungenge aho 38% by’abakobwa bo mu gisekuru cya Gen Z batangaje ko badafite idini, ari ubwa mbere basimbuye abasore muri icyo kigero. Ibi bituma insengero zibazwa ubushobozi bwo gukomeza gufata urubyiruko mu kwizera. Ibyavuye mu bushakashatsi bigaragaza impinduka zikomeye nyuma y’imyaka myinshi y’amahame y’imyemerere. Mu bantu […]

2 mins read

Nashville Yafunguye Inzu Ndangamurage Y’Umuziki Wa Gikristo N’Iby’Iyobokamana

Ku nshuro ya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hashinzwe inzu ndangamurage yihariye yerekana amateka yose y’umuzika wa Gospel n’iya Gikristo, igamije kubungabunga umurage n’uruhare rw’abahanzi bayo mu muco w’isi. Ku itariki ya 3 Ukwakira 2025, umujyi wa Nashville wafunguye Inzu Ndangamurage y’umuziki wa Gikristo n’iyobokamaana, inzu ya mbere muri Amerika yihariye ku mateka […]

1 min read

“Harvest Of Souls” Insanganyamatsiko Y’igiterane Kigamije Ubutumwa Bw’ububyutse Muri Lagos

Igiterane Mpuzamahanga cy’ububyutse “The Outpouring Lagos 2025” kigiye kongera kubera i Lagos muri Nigeria muri uku kwezi k’Ukwakira 2025, gifite insanganyamatsiko “Harvest of Souls”, gihamagarira abakristo bose gusubira mu mwuka w’amasengesho n’ugusenga by’ukuri. Igiterane Mpuzamahanga cy’ububyutse “The Outpouring”, cyatangiriye muri Nigeria mu mwaka wa 2021, kigiye kongera kubera mu mujyi wa Lagos ku wa gatanu […]

1 min read

Urubyiruko rwa Gen Z Rurimo Gukundana Rugamije Ibiryo By’Ubuntu

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko bamwe mu rubyiruko rwo mu isi yose basigaye binjira mu rukundo atari ku bw’urukundo rwa nyarwo, ahubwo bashaka amafunguro n’imyidagaduro y’ubuntu kubera ibibazo by’ubukungu. Urubyiruko rwo mu gisekuru cya Gen Z (abavutse hagati ya 1997 na 2012) ruri kugaragaza imyitwarire itangaje mu rukundo. Nk’uko ubushakashatsi bwa Intuitbwiswe “The Cuffing Economy” bubigaragaza, […]