10 September, 2026
2 mins read

Dore uko bigiye kujya bigenda mu gihe abagore batwite bazajya baba bari gufatirwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini kimwe cy’amaraso gisuzumirwemo icyarimwe Virusi itera SIDA, mburugu na Hépatite B, aho gufata buri kimwe ukwacyo nk’uko byari bisanzwe bikorwa. Ubu buryo bushya bwemejwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima (OMS) ku wa 11 Nyakanga 2025 bukaba bugiye guhita bukoreshwa mu Rwanda. Biri […]

2 mins read

Umuramyi James Mufunga umaze igihe gito yinjiye mu muziki arahamagarira abantu gusanga umwami

James Mufunga yavukiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), mu misozi miremire y’ahitwa i Mulenge, ariko akurira mu Rwanda, ari naho yamenyeye ubwenge anahatangirira ubuzima bwa gikristo kuva akiri umwana muto. Kuri ubu, James atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho asengera muri Nazareni Church International. James Mufunga ni umusore w’umunyamasengesho wemeye Yesu Kristo […]

5 mins read

Padiri Callixte ashishikariza abakobwa kwitinyuka dore ko ngo ari nabo bagize uruhare rukomeye mu gusakara kw’ivanjiri

Mu gihe isi yose iri guhinduka ishingiye ku bumenyi n’ubushobozi bwo gukora, u Rwanda rugenda rushyiraho ingamba zo kwimakaza imyuga nk’inkingi y’iterambere. Aho kugira ngo urubyiruko rutege amaboko, rwigishwa uko rwakwikorera, rukabyaza umusaruro ubumenyi rufite. Uburezi ni isoko y’iterambere, kandi isi imaze gusobanukirwa ko kugira ubumenyi bufatika bufatanyije n’ubushobozi bwo kwihangira umurimo binyuze mu myuga […]

2 mins read

Ni igihe kingana gute byagutwara kugira ngo wikuremo uwahoze ari umukunzi wawe?

Hari igihe ucudika n’umusore cyangwa inkumi, akakwiba umutima neza neza. Bitewe n’igihe mumaranye, ibihe byiza mwagiranye n’ibindi, hari ubwo kwikuramo uwo mwahoze mukundana biba ingorabahizi ndetse hari abo bitwara imyaka myinshi barananiwe kurenga uwo murongo, kabone n’ubwo bagira abakunzi bashya yewe bakanashaka. Ibi byazinduye abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Illinois Urbana-Champaign, mu Ishami ryayo ry’Iyigamitekerereze […]

1 min read

Pastor Marcello Tunasi yashatse undi mugore nyuma y’uko yaramaze umwaka apfushije umugore we wa mbere

Pastor Marcello Tunasi yashyingiranwe na Aïsha Esther ku wa Gatatu, tariki 23 Nyakanga 2025, mu bukwe bwabereye mu mujyi wa Bruxelles. Umupasiteri akaba n’umuvugabutumwa ukomeye cyane muri Congo, Pastor Marcello Tunasi, yakoze ubukwe n’umugore mushya nyuma y’umwaka umwe apfushije uwa mbere bari bamaranye imyaka irenga 18 babana nk’umugabo n’umugore. Mu butumwa uyu muvugabutumwa yashyize ku […]

7 mins read

D.r Nsanzimana yaburiye abamara igihe kirekire bicaye ko bishobora no kwica ubikora

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yibukije abantu ibibi byo kwicara umwanya munini, agaragaza ko byongera ibyago byo kurwara indwara zikomeye ndetse n’imfu. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Minisitiri Dr Nsanzimana yagaragaje ko kwicara igihe kirekire bingana no kunywa itabi. Yasobanuye ko kumara amasaha arenga 6 wicaye, bikurura ibyago byinshi kabone nubwo nyuma yaho […]

2 mins read

Ibihe birura isi iri kunyuramo ntibitwambure ubumuntu: Ubutumwa bukomeye New Melody yageneye abizera bose

New Melody Choir ni itsinda ribarizwa muri New Melody Industries, rihuriyemo abaririmbyi bava mu matorero atandukanye ya gikristo. Ikunzwe mu ndirimbo zirimo “Ndakwiringiye”, “Ndashimira Umwami”, “Yarambabariye” n’izindi. New Melody Choir bakoze mu nganzo bagaruka ku buhamya bw’umuntu wahuye na Kristo by’ukuri, banagaruka ku mwifato ukwiye kuranga abantu muri ibi bihe bisharira isi iri kunyuramo. Kuri […]

2 mins read

Uburere buruta ubuvuke: Ubutumwa bukomeye Pastor Désiré agenera ababyeyi batabonera abana babo umwanya

Didier Mukezangango [Didier Di4Di] usanzwe ufite ikiganiro “Love & Life” gifasha urubyiruko, abakundana n’abashakanye, yaganiriye na Pastor Désiré Habyarimana, urajwe ishinga no kubona urubyiruko rugira imibereho myiza haba mu buryo bw’umubiri n’ubw’umwuka, batanga inama zakubaka urubyiruko, sosiyete ndetse n’ubwami bw’Imana. Didier Mukezangango na Diane Mwiseneza ni ‘Couple’ imaze kwamamara bitewe n’ubujyanama batanga bwerekeranye n’urukundo bakabuhuza no kuba […]

3 mins read

Urubyiruko rwahishuriwe inzira eshatu zatuma rugira ubuzima bufite intego

Rev. Ndahigwa yatanze impanuro eshatu z’ingenzi zigamije gufasha urubyiruko kubaka ejo hazaza heza. Yavuze ko ubuzima bw’umuntu bufite impamvu Imana yabushyizeho. Iyo umuntu atamenye iyo mpamvu, ashobora kubaho ubuzima bwo kuzungera, adafite icyerekezo. Mu butumwa buhamye yageneye urubyiruko, Umushumba wa Eglise Vivante Nyarugunga, Bishop Ndahigwa Paul, yavuze ko urubyiruko rugomba kugira intego no kumenya impamvu […]

1 min read

Pastor Christian Gisanura yibukije abantu ko kugira inshingano zikomeye biva inda imwe no kugira ibibazo bikomeye kurushaho

Ikamba rigaragaza ubutware, ugukomera, icyubahiro, inararibonye, ubumenyi, umusaruro… n’ibindi. Amahwa akagaragaza ibigeragezo, ibitero, ubugambanyi, amananiza, umuruho, agahinda, umunaniro, ukwihangana n’ibindi. Rero hari igihe abantu barwanira imyanya y’ubuyobozi, bareba ikamba, ntibatekereze ku mahwa ayiherekeza. Nuko Yesu asohoka yambaye ikamba ry’amahwa n’umwenda w’umuhengeri, Pilato arababwira ati: “Uwo muntu nguyu!” (Yohana 19:5). Icyatumye Yesu arishobora kandi akaryambara ntakwinuba […]