Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 6 Ugushyingo
Turi ku wa 6 Ugushyingo 2025,. Ni umunsi wa 310 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 55 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Muri Kenya bawizihiza nk’uwahariwe Barack Obama.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1961: Paul Kagame n’umuryango we batangiye inzira y’ubuhunzi yatunye bamara ibinyacumi by’imyaka muri Uganda.2020: U Rwanda rwakiriye inama ya 143 […]
Ese kuki abagabo aribo bari kwibasirwa n’indwara zo mu mutwe kurusha abagore mu Rwanda?
Indwara zo mu mutwe ni kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi, byagera ku Banyarwanda zigasya zitanzitse kuko umwe mu bantu batanu aba yarahuye n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. Ni ndwara zimaze igihe zivurirwa mu Bitaro bya Ndera bimaze hafi imyaka 57 bitangiye gutanga serivisi mu Rwanda, icyakora ababigana barenze ubushobozi bwarwo, ku buryo bagera ku 116%. […]
“We for the Gospel” igitaramo kiri gutegurwa na Injili Bora n’imurikwa rya Album
Izina ry’iki gitaramo bise “We For the Gospel Live Concert” risobanuye neza icyerekezo cyabo, rishingiye ku ijambo ry’Intumwa Pawulo mu Abaroma 1:16, rivuga ko badatewe ipfunwe n’ubutumwa bwiza: “We are not ashamed of the Gospel.” Iki gitaramo cya Injili Bora gitegerejwe na benshi, kizaba tariki ya 16/11/2025 kuri Bethesda Holy Church, kwinjira akaba ari ubuntu. Ni igitaramo bazafatiramo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 4 Ugushyingo
Turi ku wa 04 Ugushyingo 2024. Ni umunsi wa 308 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 57 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Mu Burusiya barizihiza umunsi wahariwe kwimakaza Ubumwe muri icyo gihugu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1966: Kimwe cya gatatu cy’Intara ya Florence mu Butaliyani cyarengewe n’umwuzure watewe n’umugezi wa Arno n’uwa […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 3 Ukwakira
Turi ku wa 3 Ugushyingo 2024. Ni umunsi wa 307 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 58 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi w’ubwigenge mu bihugu bitandukanye nka Equateur, Micronesia, Dominica na Panama.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Ingabo za RPA zafashe umuhanda wa Gatuna mu rugamba rwo kubohora igihugu.1982: Abarenga […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Ukwakira
Turi ku wa 2 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 306 mu minsi igize umwaka Hasigaye iminsi 59 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurandura umuco wo kudahana abakora ibyaha byibasira abanyamakuru.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1914: U Burusiya bwatangaje ko butangije intambara ku bwami bwa Ottoman.1964: Umwami wa Arabie […]
Josh Ishimwe yakiriye Mimi Mutanu ashima Imana abinyujije mu njyana gakondo
Umunyamakuru akaba n’umuramyikazi w’umunyempano, Dushimimana Ernestine uzwi nka Mimi Mutanu, yasohoye indirimbo nshya yise “Uri Mwiza Yesu”, yuje ishimwe no guha icyubahiro Imana yamukijije urupfu. Iyi ndirimbo ye nshya “Uri Mwiza Yesu” yatekerejwe mu buryo bwimbitse, ikaba ikozwe mu njyana nyarwanda gakondo. Ifite umwimerere n’umwuka w’amasengesho, ikaba ishimangira ko ubuzima ari impano ikomeye y’Imana kandi […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Ugushyingo
Turi ku wa 1 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 305 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 60 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi hirya no hino ku Isi hizihizwa abatagatifu bose.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1959: Mbonyumutwa wabaye perezida wa mbere w’ u Rwanda, yakubiswe urushyi n’abasore bari bamutegeye mu nzira […]
Imbarutso y’indirimbo yitwa “ku meza y’Umwami” na Uwimana Aimé
Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w’abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n’urukundo by’Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise “Ku Meza y’Umwami” yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Ni indirimbo yanuriye benshi ndetse izamura cyane amarangamutima yabo nk’uko bigaragara kuri Youtube munsi y’iyi ndirimbo “Ku Meza y’Umwami” aho […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 31 Ukwakira
Turi ku wa 31 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 304 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 61 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1998: Ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irak byaciye umubano aho iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati cyashinjwaga na Amerika gukora intwaro […]