Imwe mu mishanga yitezwe nyuma y’uko 5G igeze mu gihugu cy’u Rwanda
Hashize amezi atanu ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagejejwe internet yihuta ya 5G bikozwe na MTN Rwanda. Icyo gihe yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights na KCC [Kigali Convention Centre]. Internet ya 5G irihuta, bigafasha nko mu mirimo yo kubaga umuntu hifashishijwe iya kure, imodoka zitwara, imikino yo kuri internet no mu gukoresha […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Ukwakira
Turi ku wa 30 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 303 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 62 ngo uyu mwaka urangire.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1973: Hatashywe ikiraro gihuza umugabane wa Aziya n’u Burayi. Iki kiraro kizwi ku izina rya Bosphorus Bridge, kiri muri Turikiya mu mujyi wa Istanbul.1974: Habaye umukino ukomeye […]
Ibyasanzwe mu miti gakondo bivugwa ko yongera akanyabugabo nyuma y’isuzuma ryimbitse
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Ibiribwa muri Rwanda FDA, Dr. Nyirimigabo Eric, yatangaje ko amwe mu mavuriro gakondo avuga ko atanga imiti yongera akanyabugabo, akoresha uburyo butujuje ubuziranenge bwo kuyivanga n’ibinini bisanzwe, bakabyita umuti w’umwimerere. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025, Dr. Nyirimigabo yavuze ko mu mitunganyirize y’ibikorwaremezo mu nganda harimo abantu badakurikiza […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Ukwakira
Turi ku wa 29 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 302 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 63 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1922: Benito Mussolini yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani.1923: Turukiya yabaye Repubulika nyuma y’iseswa ry’Ubwami bwa Ottoman.2004: Televiziyo y’Abarabu, Al Jazeera yerekanye amashusho y’Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba […]
Vitamin D ishobora kwifashishwa mu guhashya kanseri ya prostate: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Vitamin D izwi cyane nk’ifasha mu gukomeza amagufwa, ifite n’uruhare rukomeye mu kurinda no kugabanya ubukana bwa kanseri ya prostate, imwe mu ndwara zikunze kugaragara ku bagabo bageze mu gihe cy’izabukuru. Prostate mu busanzwe ni urugingo ruboneka ku bantu b’igitsina gabo gusa, rukaba ruri munsi y’uruhago aho rukikije umuheha usohora inkari n’amasohoro. […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Ukwakira
Turi ku wa 28 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 301 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 64 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ni umunsi wahariwe abakunzi ba Chocolat muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uzwi ku izina rya “National Chocolate Day.”Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2017: Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro […]
Real Madrid yongeye kwigarurira icyubahiro imbere ya Barcelona
Ikipe ya Real Madrid yatsinze FC Barcelona mu mukino wo ku munsi wa 10 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne nyuma y’imikino itanu itazi uko kuyitsinda bimera. Ni mu mukino wakinwe kuri iki Cyumweru saa kumi Nimwe n’iminota 15 kuri Santiago Bernabeu. Watangiye wihuta cyane impande zombi zisatira. Ku munota wa mbere FC Barcelona […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Ukwakira
Turi ku wa 27 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 300 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 65 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1946: Umwami Mutara III Rudahigwa yihesheje Krisitu na Bikira Mariya, we hamwe n’ubwami bwe n’u Rwanda muri rusange, isengesho yasengeye mu birori byabereye i Nyanza.1948: […]
ADEPR Gatenga iri kubaka urusengero ruhambaye ruhagaze agaciro k’amafaranga menshi
Igishushanyo mbonera cy’uru rusengero, kigaragaza ko ari inyubako nini cyane kandi igeretse gatatu, ikagira ubusitani buteye amabengeza ndetse na parkingi nini. Iyi nyubako izuzura itwaye Miliyari 2 Frw kandi ari gutangwa n’abakristo ndetse hari n’abiyemeje kuzakoresha amaboko yabo mu gushyira itafari kuri iyi nyubako y’agatangaza. ADEPR Gatenga, iwabo w’amakorali akunzwe cyane nka Korali Ukuboko kw’Iburyo, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Ukwakira
Turi ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 299 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 66 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.1960: Mu Rwanda habaye amatora yarangiye hashyizweho inteko na Leta y’agateganyo, Gregoire Kayibanda aba Minisitiri w’Intebe na ho Habyarimana Joseph ’Gitera’ ayobora Inteko.1961: Kayibanda yagiye ku butegetsi, ayobora manda ye ya mbere kugeza […]