Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Ukwakira
Turi ku wa 25 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 298 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 67 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda amugira Cardinal.1945: Repubulika y’u Bushinwa yatangiye kugenzura […]
Ubushakashatsi bwagaragaje ko urubyiruko ruri gukundana rugamije kubona ibiryo by’ubuntu
Bivugwa ko hafi umwe mu bantu batatu bo muri Gen Z [Abavutse hagati ya 1997 na 2012] asohokana n’umusore/umukobwa atari ku bw’urukundo, ahubwo yishakira amafunguro y’ubuntu, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bushya bwa Intuit bwiswe “The Cuffing Economy.” USA Today ducyesha iyi nkuru, ivuga ko impamvu nyamukuru iri inyuma y’iyi myitwarire ni ubukene n’ihungabana ry’ubukungu, aho ibiciro […]
Imiti ivura indwara z’amaso yemewe n’ikigo cya Rwanda FDA yashyizwe ku giciro gito
Rwanda FDA yemeje ko imiti izwi nka BioUcenta™ izwiho kuvura indwara z’amaso, igurishirizwa mu Rwanda. Ni ubwa mbere iyi miti izaba igeze muri Afurika. Izajya izanwa n’Ikigo cyifashisha ikoranabuhanga mu gukora imiti cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bio Usawa. Ikigo cya Bioeq AG cyo mu Busuwisi ni cyo cyahaye Bio Usawa uruhushya rwo […]
“Ukorera neza abandi nawe azabigirirwa” mu bibazo bikomeye Theo Bosebabireba arimo yahawe miliyoni 1 n’Itorero rya Bishop Prof. Fidèle Masengesho
Uramutse ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie Chantal arwaye uburwayi bw’impyiko kuva mu Ugushyingo 2024. Amaze igihe akorerwa ‘Dialyse’ inshuro eshatu mu cyumweru, kugeza magingo aya. “Dialysis” ni uburyo bwo gusukura amaraso iyo impyiko z’umuntu zitagikora neza. Mu buryo busanzwe, impyiko zikora akazi ko gukura imyanda mu […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Ukwakira
Turi ku wa 22 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 295 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 70 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1943: Laos yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.1960: Mali yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.2014: Michael Zehaf-Bibeau yagabye Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Canada, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Ukwakira
Turi ku wa 21 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 294 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 71 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mu Burundi bizihiza ubuzima bwa Melchior Ndadaye wabaye perezida w’iki gihugu akicwa mu 1993 afite imyaka 40 y’amavuko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2019: Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro […]
Musenyeri Mbanda yavuze ku mvururu ziri mu itorero ry’Angilikani
Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa inshingano igihe cye cyarangiye. Ibi yabigarutseho kubera umwuka mubi uri mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, wadutse nyuma y’uko uwahoze ari umushumba wa Diyoseze ya Shyira, Dr. Mugisha Samuel, atawe […]
Ibyago biterwa no gukoresha imbugankoranyambaga mu masaha y’ijoro: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’abahanga bo muri Kaminuza ya Bristol mu Bwongereza bwagaragaje ko gukoresha imbuga nkoranyambaga nijoro, cyane cyane kwandika, bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwo mu mutwe. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi byerekanye ko abantu bakoresha izo mbuga hagati ya Saa Tanu z’ijoro na Saa Kumi za mu gitondo baba bafite ibyago byinshi byo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Ukwakira
Turi ku wa 20 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 293 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 72 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ibarurishamibare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1996: Hashinzwe Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, AERG.1991: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito mu Buhinde.2022: Liz Truss yeguye ku […]
Itangwa ry’indangamuntu y’ikoranabuhanga riregereje
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye byifashishwa bitandukanye n’uko byari bimeze ubu. Byagarutsweho na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko atanga ibisobanuro ku bibazo Abadepite […]