11 September, 2026
2 mins read

Tariki ya 18 Nzeri: Umunsi nk’uyu mu mateka

Turi ku wa 18 Nzeri 2025. Ni umunsi wa 261 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 104 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo guharanira kugira amazi meza.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1962: U Rwanda n’ibihugu nk’u Burundi, Jamaica na Trinidad byinjiye mu Muryango w’Abibumbye.1961: Dag Hammarskjöld wayoboraga Umuryango w’Abibumbye […]

2 mins read

Mu irushanwa rya UEFA Champions League Arsenal yatangiye igaragura ikipe ya Athletic Club ndetse n’andi makipe yitwara neza

Irushanwa rihuza amakipe yitwaye neza i Burayi rya UEFA Champions League rya 2025/26, ryatangiye gukinwa aho Arsenal yabimburiye andi makipe kubona intsinzi itsinda Athletic Club ibitego 2-0. Ni imikino yatangiye gukinwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Ukwakira 2025, Arsenal ikaba yatangiriye urugendo muri Espagne ku kibuga cya Estadio San Mamés […]

1 min read

Ese kuki abahanga mu by’ikirere bavuga ko imvura iri mu bipimwa hashingiwe ku buso yaguyeho mu buryo bwa Milimetero?

Mu makuru y’ubumenyi bw’ikirere hakoreshwa milimetero ku bipimo by’imvura, ndetse milimetero ikoreshwa mu bipimo by’imvura nk’urugero fatizo mpuzamahanga. Mu busanzwe milimetero ikoreshwa mu bipimo bigaragaza uburebure bw’ikintu, ibisukika byo bigapimwa mu ngero z’ibisukika. Iyo abashakashatsi bavuga ko haguye imvura ingana na milimetero imwe, bisobanura ko ubuso bungana na meterokare imwe hagiyeho amazi angana na litiro […]

4 mins read

Mu giterane cy’abana b’Abapasiteri ( Pastors’ Kids Seminor) hahishuriwe byinshi birimo n’impamvu hakunzwe kuvugwa ko abana b’Abashumba badakizwa

Joshua Masasu, umuhungu wa Apôtre Masasu Ndagijimana, yatangaje ubuhamya bukomeye mu giterane cy’Abana b’Abapasiteri [Pastors’ Kids Seminar], ahishura uko Imana yamukuye mu isayo y’ibyaha. Uyu musore wo mu itorero rya Restoration Church, yagarutse ku nkuru ikomeye y’uko yagarutse ku Mana nyuma yo kunyura mu buzima bugoye yivuruguta mu byaha. Ibyo byatumye ashaka kugenzura ubuzima bwe, […]

1 min read

Imyiteguro myiza kuri Singida Black Stars yegukanye igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2025 aho yitegura umukino uzayihuza na Rayon Sports yo mu Rwanda

Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru kuri Kigali Pele Stadium ni bwo Ikipe ya Rayon Sports izakira Singida Black Stars mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2025. Ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania izacakirana na Rayon Sports muri CAF Confederation Cup, yegukanye igikombe CECAFA Kagame Cup 2025. Mbere y’uko iyi kipe […]

2 mins read

Ikoranabuhanga rya AI ryatangiye kwegurirwa zimwe mu nshingano zakorwaga n’abantu, aho AI yagizwe minisitiri muri Albania

Albania ni cyo gihugu cya mbere ku Isi, kigiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga bw’ubwenge buhangano (AI chatbot) nka minisitiri, mu buryo bwo kurwanya ruswa. Byakozwe mu buryo bwo gushyiraho umukozi utagira amarangamutima ngo abe yarya ruswa mu kuzuza inshingano ashinzwe. Iki gihugu cyo mu Majyepfo y’Uburasirazuba bw’u Burayi, ni kimwe mu birangwamo ruswa cyane. Muri raporo […]

4 mins read

Byinshi utamenye kuri Shiloh Choir y’i Musanze itegerejwe mu gitaramo “The Spirt of Revival 2025” giteganyijwe kuzabera i Kigali

Shiloh Choir itegerejwe muri Kigali mu gitaramo cyayo bwite ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, ku itorero rya Muhoza; ni mu karere ka Musanze. Yavutse tariki 3 Nzeri-2017, ikaba imaze imyaka 8 mu murimo w’ivugabutumwa mu ndirimbo. Bijyanye n’uko ari Korali yavutse iturutse mu ishuri […]

6 mins read

Umuramyi Bikem wa Yesu abinyujije mu nganzo yunamiye Se na Gogo yafataga nka Malayika

Bikorimana Emmanuel uzwi nka Bikem wa Yesu, akaba amaze iminsi avugwa cyane mu itangazamakuru kubera urupfu rwa Gogo [Gloriose Musabyimana] yafashaga cyane mu rugendo rwe rw’umuziki, yakoze mu nganzo yunamira umubyeyi we Rev. Past Nzabonimpa Canisius umaze imyaka itatu yitabye Imana, ndetse na Gogo witabye Imana mu minsi ishize. Bikem wa Yesu ni umusore ukora […]

3 mins read

Ubushakashatsi: Ese ubuzima bwahozeho ku mubumbe wa Mars?

Icyogajuru cya ’Perseverance’ cyoherejwe gukora ubushakashatsi bugamije kumenya niba Umubumbe wa Mars warahozeho ubuzima, giherutse gufata amafoto yakangaranyije abahanga mu by’Isanzure, nyuma yo kubona ibimenyetso byerekana ko kuri Mars hahoze ubuzima. Zimwe mu nshingano za ’Perseverance’ yarimo no gufata bimwe mu bimenyetso byerekana ko kuri Mars hahoze ubuzima, bimwe bikaba byazanwa ku Isi kugira ngo […]