Pastor Ngoga Christophe yageneye ubutumwa abantu bataramenya Yesu n’ubutunzi buri mu muziki wa Gospel
Kuwa Mbere tariki 11 Kanama 2025 nibwo Pastor Ngoga Christophe yashyize hanze indirimbo nshya yise “Untware”, igamije gukangurira abantu guha ubuzima bwabo Imana ngo ibutware, bakiyegurira Umuremyi kuko ari ho haboneka umutuzo nyakuri. Ni indirimbo yakiranywe yombi n’abakunzi b’umuziki wa Gospel nk’uko babigaragaje kuri Youtube munsi yayo. Ubundi Pastor Ngoga Christophe, umushumba akaba n’umuhanzi mu […]
Ese waba wari uziko ubushakashatsi bugaragaza ko kugenda wihuta byibura iminota 15 ku munsi ari bumwe mu buryo bwa gufasha kurama?
Niba uhora uhugijwe n’imirimo ya buri munsi ntubone uko ujya muri gym, ntugire ikibazo — ushobora kugumana ubuzima bwiza nuramuka wongereye byibura iminota 15 yo kugenda wihuta muri gahunda yawe ya buri munsi, nk’uko ubushakashatsi bushya bubigaragaza. Mu buryo busanzwe, abantu bagirwa inama yo gukora nibura iminota 150 y’imyitozo yoroheje buri cyumweru kugira ngo bagire […]
Kuba twizera Imana ntibivuze ko tugomba kuyirebera mu byo dukeneye kurusha ibyo yakoze, Byiringiro Gad yakebuye abizera bose
Umuramyi mushya ukwiye guhangwa amaso mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Gad Byiringiro, yashyize hanze indirimbo nshya y’amashusho yise “Nyizera” akangurira abantu kwizera Imana, bakibuka kuyirebera mu bushobozi bwayo aho kuyirebera mu ndorerwamo y’ibyo bakeneye. Ubusanzwe, Byiringiro ni umusore ugira urukundo, ukunda gusenga no guca bugufi. Ni umuramyi, akaba yarashyize hanze indirimbo ye ya […]
Ikipe ya Crystal Palace yatsinze Liverpool maze yegukana igikombe itwaye bwa mbere mu mateka
Crystal Palace yegukanye Igikombe cya Community Shield bwa mbere mu mateka, nyuma yo gutsinda Liverpool kuri penaliti 3-2, nyuma y’uko iminota 90 y’umukino yarangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2. Ni mu mukino wabereye i Wembey kuri iki Cyumweru, tariki ya 10 Kanama 2025,ubanzirizwa n’umwanya wo kwibuka Diogo Jota wakiniraga Liverpool na murumuna we Andre Silva […]
U Rwanda rwakiriye Ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova baturutse mu bihugu birenga 20 ku nshuro yarwo ya mbere
Guhera ku wa 8 kugeza ku wa 10 Kanama 2025, muri Stade Amahoro hari kubera Ikoraniro Mpuzamahanga ribereye mu Rwanda ku nshuro ya mbere mu mateka y’Abahamya ba Yehova, rikaba rifite insanganyamatsiko igira iti “Korera Imana mu buryo yemera.” Ku munsi wa kabiri w’iri koraniro, ni ukuvuga kuwa Gatandatu tariki 09 Kanama 2025, abitabiriye bageraga […]
Ni ibyishimo ku bakirisitu bose kuko ubu muri EXPO bahasanga Bibiliya aho harimo n’izigenewe abana batoya
Imibare y’Ibarura riheruka ryagaragaje ko hejuru ya 90% ari abakristu bahuzwa na Bibiliya. Kugeza ubu ariko, ikibazo gikomeje kugaruka ni icy’ibiciro by’izi Bibiliya birushaho kwiyongera, ibishimangirwa n’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uhuza iki kibazo n’izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa byose ku masoko. Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, witabiriye EXPO 2025 iri kubera i Gikondo ku nshuro ya […]
Abanywa inzoga nk’abifuza kuzimara ku isi bakebuwe na ACP Rutikanga
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface, yanyujije ku rukuta rwe rwa X ubutumwa bukebura abanywa inzoga nyinshi, abibutsa kwirinda ibisindisha kuko bishobora kwangiza ubuzima. Ubu butumwa yabutambukije ku wa 08 Kanama 2025. ACP Rutikanga Boniface yavuze ko “Zizahoraho wishaka kuzinywa nk’uwifuza kuzimara ku Isi. Irinde ibisindisha byangiza ubuzima bikanagira uruhare mu kubangamira ituze rusange.” […]
Hateganyijwe ko Igihugu cy’u Rwanda kizatangira gupima Mburugu muri 2026 hifashishijwe uburyo bwa rapid test
U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butaga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026. Ni gahunda izakorwa mu mavuriro atandukanye yo mu gihugu, nk’uburyo bwo kurandura iyi ndwara bitarenze 2030. Ni uburyo buzafasha mu gutahura ndetse no kuvura mburugu mu bagore batwite hirindwa ko bayihererekanya mu bana babyaye. […]
Police y’Igihugu cy’u Rwanda iherutse kuburira abafite gahunda yo kwitwaza EXPO bakishora mu byaha
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yaburiye abazitabira imurikagurisha riri kubera i Kigali, kwirinda ibyaha birimo guteza umutekano muke, gutwara ibinyabiziga wasinze, kwiyandarika n’ibindi, avuga ko uzafatwa azabihanirwa. Yabitangaje ku wa 5 Kanama 2025 mu gufungura ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga riri kubera i Kigali ahazwi nk’i Gikondo. Yavuze ko umutekano uri mu bintu […]
Ibyaranze tariki ya 7 Kanama mu mateka
Turi ku wa 07 Kanama 2025. Ni umunsi wa 219 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 146 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1960: Côte d’Ivoire yabonye ubwigenge yogobotoye ubukoloni bw’u Bufaransa.1995: Guverinoma ya Chili yatangaje ibihe bidasanzwe mu majyepfo y’igihugu bitewe n’ubukonje bwinshi, umuyaga, imvura n’urubura byari […]