Elayono Worship Family yateguje igitaramo cya “Ndi Uwe Live Concert” ku nshuro ya gatatu
Elayono Worship Family yateguje igitaramo cya “Ndi Uwe Live Concert” ku nshuro ya gatatuElayono Worship Family yatangaje ko iri gutegura igitaramo cyayo ngarukamwaka cyiswe “Ndi Uwe Live Concert – Edition 3” kizaba ku wa 17 Ukwakira 2026. Iki gitaramo kizabera muri New Life Bible Church, kikazaba ari ku nshuro ya gatatu gitegurwa hagamijwe kuramya no […]
Abaramyi bo mu Rwanda Bahawe Amahirwe yo Kwigira ku Muramyi Mpuzamahanga Ebuka Songs
Nyuma yo kuyobora igitaramo gikomeye cya “Pray & Worship” cyabereye muri Bethesda Holy Church i Gisozi, umuramyi w’Umunya-Nigeria Ebuka Songs yakomeje urugendo rwe rw’ivugabutumwa mu Rwanda binyuze mu mahugurwa yihariye yagenewe abakora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana. Iki gikorwa cyagaragaje ko urugendo rwe rutagarukiye ku gitaramo gusa, ahubwo rugamije no kubaka no gutoza abayobozi […]
True Promises Ministries yongeye kwagura ibikorwa byayo ku rwego mpuzamahanga
True Promises Ministries, imwe mu matsinda azwi cyane mu muziki wa Gospel mu Rwanda, yatangaje ko igiye gukorera urugendo rw’ibitaramo muri Uganda rwiswe “True Worship Live Concert Uganda Tour”. Ibi bitaramo bigamije gukomeza kugeza ubutumwa bwiza ku bakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bo muri icyo gihugu, binyuze mu ndirimbo no mu mwuka wo […]
Abaramyi Siana Ingabire na Ami Prince mu bazafasha Emeline Penzi kumurika album “Narahiriwe”
Umuramyi Emeline Penzi yakomeje kongera imbaraga mu myiteguro y’igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise “Narahiriwe”, aho akomeje gutangaza abandi baramyi n’amatsinda bazamufasha muri uwo munsi utegerejwe na benshi. Iki gitaramo kizaba ku wa 3 Nyakanga 2026 muri Bethesda Holy Church ku Gisozi, guhera saa cyenda z’amanywa, kandi kwinjira ni ubuntu.Mu bakomeje kwemezwa bazafatanya na […]
Boanerges Gospel Group na René & Tracy bazafatanya na Emeline Penzi muri “Narahiriwe Album Launch”
Emeline Penzi yateguye igitaramo cyo kumurika album ye nshya “Narahiriwe”Umuramyi Emeline Penzi, yatangaje ko agiye kumurika album ye nshya yise “Narahiriwe”mu gitaramo kidasanzwe giteganyijwe kuba ku wa 3 Nyakanga 2026. Iki gikorwa kizabera muri Bethesda Holy Church i Gisozi guhera saa cyenda z’amanywa, kikaba kizinjirwamo ku buntu.Iyi album nshya ije ikurikira urugendo rw’ivugabutumwa Emeline Penzi […]
Injili Bora Choir, Trinity Worship Center na Light of Christ Group mu bazitabira igitaramo gikomeye cya Praise again ministry
Praise Again Ministry yatangaje igitaramo gikomeye cyo kuramya Imana cyiswe “Lift Him High For His Glory”Itsinda rya Praise Again Ministry, rigizwe n’abaririmbyi baturuka mu matorero atandukanye bakorera Imana binyuze mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza, ryateguye igitaramo gikomeye cyiswe “Lift Him High For His Glory” kizaba ku wa 19 Nyakanga 2026 guhera saa munani z’amanywa […]
Timeless Praise”: Patmos Choir Yateguye Igitaramo Cyihariye cyo Gushima Imana no Kwizihiza Isabukuru y’Imyaka 30
Chorale Patmos yatangaje ko yateguriye Abanyarwanda igitaramo gikomeye yise “Timeless Praise” kizabera muri Kigali Convention Centre ku wa 15 Kanama 2026. Iki gitaramo kizaba gifite umwihariko wo kwizihiza imyaka 30 iyi chorale imaze ikora umurimo wo kwamamaza ubutumwa bwiza binyuze mu ndirimbo zihimbaza Imana.Iki gitaramo kigiye kuba nyuma y’ikindi Patmos yakoze mu myaka yashize cyabereye […]
Bosco Nshuti yashyizeho uburyo bworohereza abakunzi be kubona amatike y’igitaramo cye
Bosco Nshuti ageze kure imyiteguro yo kumurika album nshya mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Serena HotelUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti, umwe mu bafite izina rikomeye mu muziki wa Gospel mu Rwanda, akomeje imyiteguro ya nyuma y’igitaramo cyo kumurika album ye nshya kizabera muri Kigali Serena Hotel ku wa 19 Nyakanga […]
Jehovah Jireh Choir Mu Myiteguro Y’Igitaramo Gikomeye Cy’Iminsi Ibiri i Rubavu
Jehovah Jireh Choir yo muri Poste Cepiens ULK yatangaje ku mugaragaro ko igitaramo cyayo ngarukamwaka cyiswe “Imana Iratsinze Live Concert Season 3” kizabera mu Karere ka Rubavu ku wa 22 no ku wa 23 Kanama 2026. Ni igikorwa gikomeje kuba umwihariko w’iyi korali, kigamije guhuriza hamwe abakunzi b’indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana mu bihe […]
Nyuma yo Gusoza Kaminuza, Sam Hope (Saho) Yinjiye mu Muziki wo kuramya Imana na“Sinagenda Njyenyine”: Indirimbo Ye Mbere
Umuramyi Sam Hope (SAHO) yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yise “Sinagenda Njyenyine” nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye.Izina Izina SAHO rikaba rikomoka ku mazina ye Sam Hope, aho ubutumwa bwe bushingiye ku guha abantu ibyiringiro no kubegereza Imana binyuze mu muziki wa Gospel.SAHO yinjiye mu ruhando rw’abahanzi baririmba […]