Harvest Mahoko yakiriye abaramyi bakomeye mu gikorwa kigamije kumurikira isi umucyo wa Kristo
Mami Espe yatumiwe mu gitaramo gikomeye cya Almug Week Concert ya Harvest Bible Fellowship Rwanda Mami Espe, umuramyi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ukorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gatenga muri Holy Nation Choir, agiye kongera guhura n’abakunzi b’umuziki wa Gospel mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Harvest Bible Fellowship Rwanda. Uyu muramyi yamenyekanye cyane […]
Elayono Choir na Olivier Nana mu gitaramo cyo kuririmba indirimbo zikiza imitima
Umuramyi Olivier yatumiwe mu bihe bidasanzwe byo kuramya mu gitaramo cyateguwe na Elayono Choir ADEPR Rwimbogo cyitwa “Ku Musaraba Live Concert”Elayono Choir yo muri ADEPR Rwimbogo iri kwitegura igitaramo gikomeye cyiswe “Ku Musaraba Live Concert” kikazaba ku itariki ya 20 Ukuboza 2025 aho kizahuriza hamwe abaririmbyi n’abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu gihe […]
James na Daniella bagiye kumara abantu inyota n’urukumbuzi ku ndirimbo zabo nshya
Abakunzi ba baramyi James na Daniella Rugarama bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko uyu muryango ukundwa cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ugeze ku butaka bwa Phoenix, muri Leta ya Arizona, aho bitabiriye igitaramo gikomeye cyise Endless Worship Concert. Ibi bibaye nyuma y’urugendo rwabo rumaze hafi umwaka kuva bava mu Rwanda berekeza muri […]
Umuramyi Confi afite gahunda yo kuzenguruka I burayi ari kubyina umukunga
Umuramyi w’Umunyarwanda uzwi ku izina rya Confi yatangaje ko agiye gukora urugendo rw’ibiterane byo kuramya no guhimbaza Imana mu bihugu by’i Burayi (Europe)mu kwezi kwa Mutarama na Gashyantare 2026, mu gikorwa yise “Kuramya Bikora ku Mutima w’Imana. ”Ni urugendo rugamije kugeza ubutumwa bw’ihumure, gukomeza ukwizera no kuzamura ibendera rya kristo binyuze mu ndirimbo n’ijambo ry’Imana.Iki […]
Israel Mbonyi yakiriye ubutumire bwa Prayer warriors mu buryo budasanzwe
Mu mpera z’iki cyumweru, abagize umuryango mugari w’Abakristo mu Rwanda bageze kure bitegura igiterane gikomeye cyiswe SEEK Conference 2025 giteganyijwe kuba kuwa 14 Ukuboza 2025. Iki giterane cyateguwe n’itsinda Prayer Warriors kikaba kitezweho guhuza abantu benshi bifuza gushima Imana no kurushaho kwegerana na yo mu buryo by’amasengesho adasanzwe Iki giterane kizabera muri Bethesda Holy Church […]
Pastor Mugisha Jackson umwe mu basigiwe kuzana benshi kuri kristo yatumiwe mugitaramo cyateguwe na Beersheba Family
Beersheba Family yatangaje ko yateguye igitaramo gikomeye cyo guhimbaza no kuyiramya cyiswe “Awake My Soul Worship Experience” gitegerejwe kuba kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Ukuboza, guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (4PM), kikazabera muri AEBR Kigali Parish. Iki gitaramo kizaba gifunguye ku bantu bose ku buntu (Free Entrance), bikaba biteganyijwe ko kizahuriza hamwe abaririmbyi n’abaramyi […]
Uburyohe bw’indirimbo Uraganje ya Dieu Merci ikomeje kuzana abantu benshi kuri kristo
Uraganje indirimbo imaze igihe isohotse nka audio kuri YouTube mu buryo bwa video lyrics ikomeje kurushaho gukundwa no gukora ku mitima y’abakunzi b’umuziki wa gospel mu Rwanda no hanze yarwo. Ni indirimbo itambutsa ubutumwa bwimbitse bwo kwizera, kwiyegurira Imana no kwemera ko Kristo ari we ugenga ubuzima bw’umuntu. Ubutumwa bw’amahoro n’ubutware bwa Yesu ni bwo […]
Worship Pioneer Recognized: Honorary Doctorate for Pastor and Hit maker Nathaniel Bassey
Gospel Star Nathaniel Bassey Receives Honorary Doctorate Nigerian gospel music sensation, Pastor Dr. Nathaniel Bassey, has been recognized with an Honorary Doctorate Degree, a significant achievement that celebrates his profound impact in both the music ministry and Christian leadership. The news has been met with widespread acclaim from his followers and the global Christian community, […]
Uko indirimbo ni bande ya True Promise Ministry yafungurire imiryango Tresor Nguweneza
Beloved Church Zambia yatangaje ku mugaragaro ko ku wa 27–28 Gashyantare no ku wa 1 Werurwe 2026 izakira umuramyi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Tresor Nguweneza uzwi cyane ku izina Nibande, mu gitaramo gikomeye cyiswe Arise & Shine Lusaka, Zambia. Ni igitaramo cyitezweho gukangura no kuzamura amateka mashya mu muziki wa Gospel […]
Mbere yo gusoza umwaka Miss Mutesi Jolly Yagaragaje ko yiyeguriye Yesu kurusha ubutunzi bwo mwisi
Mutesi Jolly Yemeje ko GukiraYesu biruta Ibintu Byose Afite,Mutesi Jolly umwe mu bakobwa b’abanyamideri bakomeye kandi bafite amafaranga menshi mu Rwanda, yagaragaje ko nubwo afite byinshi mu buzima bwe, icy’ingenzi kurusha ibindi ari ugutunga Kristo mu mutima we. Ibi yabigarutseho abinyujije ku mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, agaragaza ko uburyo bwo kubaho mu […]