All Women Together Conference 2026 igiye kongera guhuriza hamwe abagore mu rugendo rwo guhindura ubuzima
Abategura “All Women Together Conference 2026” batangaje gahunda y’ihuriro rizahuza abagore baturutse imihanda yose mu gitaramo kizabera I Kigali Abategura ihuriro ngarukamwaka All Women Together Conference 2026 batangaje ko imyiteguro yaryo igeze kure, aho rizabera muri BK Arena kuva ku wa 11 kugeza ku wa 15 Kanama 2026. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “From Victims […]
Umwihariko w’igitaramo”Number One Worship Experience” Kiri gutegurwa na Korali Salem ADEPR Kabuga
Salem Choir ADEPR Kabuga yamaze gutangaza ko imyiteguro y’igitaramo cyayo gikomeye cyiswe “Number One Worship Experience”igeze ku musozo, aho giteganyijwe kuba ku wa 30 Kanama 2026 muri Dove Hotel Kigali kuva saa munani z’amanywa kugeza saa moya z’ijoro. Iki gitaramo kije gikurikira ibikorwa byinshi by’ivugabutumwa iyi korali imaze imyaka ikora binyuze mu muziki wo kuramya […]
Gisubizo Ministry na Jambo Events bahuje imbaraga mu gutegura Worship Legacy Concert Season 7
Gisubizo Ministry ku bufatanye na Jambo Events yatangaje ko igitaramo Worship Legacy Concert Season 7 kizaba ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026 muri Camp Kigali. Iki gitaramo kimaze kuba kimwe mu bikorwa ngarukamwaka bitegerejwe n’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, aho kiba kigamije guhuriza hamwe abantu batandukanye mu mwuka wo gusenga no guha […]
Pasiteri Désiré Habyarimana yavuze ku rugendo rw’imyaka 19 amaze mu murimo wo kuragira umukumbi wa Kristo
Pasiteri Désiré Habyarimana, umwe mu bavugabutumwa bazwi cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira ubuhamya bw’imyaka 19 amaze ahawe inshingano yo kuba umushumba urangira umukumbi w’Umwami Yesu Kristo. Yavuze ko ashimira Imana yamugiriye icyizere ikamuhamagarira uyu murimo, ikamuyobora mu bihe bitandukanye byaranze urugendo rwe rw’ivugabutumwa.Mu butumwa bwe, yagaragaje ko imyaka 19 amaze mu murimo w’Imana ari igihe […]
Mwiza Zawadi akomeje kwagura ivugabutumwa rye binyuze mu bitaramo byo kuramya Imana
Umuramyi Mwiza Zawadi ukomeje kuzamuka neza mu muziki wa Gospel mu Rwanda, yatangaje ku mugaragaro igitaramo cye yise “IMIRIMO YAWE LIVE CONCERT” giteganyijwe kuba ku Cyumweru tariki ya 04 Ukwakira 2026.Ni Ni igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, kikazaba kimwe mu bikorwa bikomeye ateganya gukora muri uyu mwaka.Iri tangazo ryashyizwe […]
Moses Bliss ategerejwe na benshi mu gitaramo kizabera muri Lugalo Golf Club
Moses Bliss agiye gutaramira muri Tanzania mu gitaramo gikomeye cyitwa The Rising FestUmuhanzi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Nigeria, Moses Uyoh Enang uzwi cyane nka Moses Bliss, yatangajwe nk’umwe mu bazaririmba mu iserukiramuco rya “The Rising Fest” rizabera i Dar es Salaam muri Tanzania ku wa 15 Kanama 2026. Iki […]
René na Tracy bahuje imbaraga n’abaramyi bakomeye muri Afurika mu myiteguro y’igitaramo in Christ Now worship experience
Nyuma yo gutangaza ko bageze kure imyiteguro y’igitaramo cyabo “In Christ Now Worship Experience” giteganyijwe ku wa 25 Nyakanga 2026, abaramyi René na Tracy bakomeje gutangaza amakuru mashya agaragaza ko imyiteguro irushaho gufata indi ntera.Kuri Kuri ubu, bamaze kwemeza ko umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Gospel muri Nigeria, Ebuka Songs, azaba ari umwe mu bazifatanya […]
Chorale Impuhwe yateguye igitaramo kizahuza amakorali menshi mu mujyi wa Rubavu mu gitaramo bise Intwari live concert
Chorale Impuhwe yo muri ADEPR Gisenyi ikomeje imyiteguro y’igitaramo cyayo ngarukamwaka cyiswe Intwari Live Concert, aho yamaze gutangaza amwe mu mamakorali azifatanya na yo mu kuramya no guhimbaza Imana muri iki gikorwa gitegerejwe n’abakunzi ba Gospel benshi.Iki gitaramo kizatangira ku wa 27 Nyakanga 2026 kikazasozwa ku wa 02 Kanama 2026, kikaba kizahuza amakorali atandukanye ndetse […]
Bosco Nshuti yongeye gutumirwa muri “Upper Room Service” mbere y’igitaramo cyo kumurika album
Bosco Nshuti nyuma yo gutegura Album Launch, agiye kongera kugaragara mu giterane cya “Upper Room Service” cya Bethesda Holy ChurchMu gihe hasigaye iminsi mike ngo umuramyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Bosco Nshuti amurikire album ye nshya mu gitaramo kizabera muri Kigali Serena Hotel ku wa 19 Nyakanga 2026, yongeye gutangazwa nk’umwe mu bazitabira […]
Imyiteguro y’ubukwe bwa Esther Serukiza irarimbanyije nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko
Umuramyi Esther Serukiza na Mutware basezeranye imbere y’amategeko, bitegura ubukwe bwabo vuba.Umuramyi Esther Serukiza n’umukunzi we Mutware bakomeje urugendo rugana ku rushako nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko, nk’uko babyemeje banyuze ku mbuga nkoranyambaga zabo. Ni indi ntambwe ikomeye ibanziriza umuhango w’ubukwe bwabo wari usanzwe utegerejwe n’abakunzi babo benshi. Mu minsi ishize, aba bombi bari batangaje […]