Ibyahanuriwe umuramyi Decalle ubarizwa muri Chorale Shiloh byatangiye gusohora
Umuramyi Decalle geze kure imyiteguro y’indirimbo nshya nyuma yo gutangaza benshi mu gitaramo “The Spirit of Revival”Umuramyi Decalle, uzwi nk’umwe mu baririmbyi n’abayobozi b’indirimbo bafite impano idasanzwe muri ADEPR, yongeye kugaragaza ubuhanga n’amavuta y’Imana amurimo mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Chorale Shiloh, cyiswe The Spirit of Revival Live Concert. Uyu muramyi asanzwe ari umuyobozi w’indirimbo […]
Elysée Bigira ateye intambwe ikomeye mu kwamamaza ubutumwa bwiza mu Burayi hose
Elysée Bigira akomereje Urugendo Rushya nk’umuramyi, mu gitaramo “Gifted Generation” yateguriye mu Bubiligi Umuramyi Elysée Bigira yatangaje ku mugaragaro ko yatangiye urugendo rushya rwo kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo nyuma y’imyaka myinshi azwi muri Gisubizo Ministries. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu muziki wa gospel, wubatse izina nk’umuramyi wuzuye imbaraga n’ubutumwa bukora ku mitima ya benshi, […]
Intergenerational Worship and Launching Ministries: The Unique Contribution of Benjamin Dube
Gospel Star Benjamin Dube Set for Busy End-of-Year Ministry ScheduleGospel music icon Bishop Benjamin Dube is preparing for a series of major ministrations and appearances in the final months of 2025, showcasing his enduring influence and diverse contributions to the gospel music and church community. The legendary artist is slated to participate in several significant […]
Simuruna Choir ADEPR Kiyovu igiye kumara icyumweru cyose yibereye mu bwiza bw’Imana
Chorale Simuruna Choir ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Kiyovu yatangaje igikorwa gikomeye cyiswe “Evangelical Week Season One” kizatangira ku wa 3 kugeza ku wa 9 Ugushyingo 2025. Iki gikorwa cyitezweho gufasha benshi mu gukomeza kwizera no kugaruka ku Mana binyuze mu ndirimbo n’ijambo ry’Imana. Iki cyumweru cy’ivugabutumwa kizabera muri ADEPR Kiyovu, hafi ya RSSB, aho […]
Gabriella and Dorcas itara rigiye kumurikira abaramyi bakiri bato muri Rubavu
Rubavu yiteguye gususurutswa n’abanyarwenya batandukanye mu gitaramo “Smile Zone” kirimo n’umwanya wihariye wo kuramya no guhimbaza hamwe na Gabriella and Dorcas. Umujyi wa Gisenyi uritegura kwakira igitaramo cy’urwenya kizasusurutsa benshi kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Ukwakira, aho abatuye muri aka karere n’abasura iki gice cy’uburengerazuba bazahurira mu gitaramo cyiswe “Smile Zone Stand-Up Comedy Show”. […]
Tovim Concert igitaramo kidasanzwe cyateguriwe abantu bafite inyota yo kuzuzwa imbaraga z’Imana
Chorale Jehovah Jireh, imwe mu makorali akunzwe cyane mu Rwanda no mu karere k’ibiyaga bigari, igiye kongera kugaragara imbere y’abakunzi b’umuziki wa gikristo mu gitaramo gikomeye cya Tovim Concert (Imirimo Myiza) cyateguwe na Faradja Choir yo muri ADEPR Kimihurura. Iki gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 25 na 26 Ukwakira 2025, kikazabera muri ADEPR Kimihurura.Jehovah Jireh […]
Umwanditsi w’indirimbo agakiza kadatakara ari gutegura ibihe byiza bizazana ibihumbi by’abantu kuri Yesu
Umuramyi Erson Ndayisenga yateguje igitaramo gikomeye “Hymns & Truth”Umuramyi Ndayisenga Erson wamamaye mu ndirimbo zifite ubutumwa bwimbitse, yateguje igitaramo cyiswe “Hymns & Truth” giteganyijwe kuba ku wa Gatanu, tariki ya 26 Ukuboza 2025, kibere muri Light Center Kabuga Iki gitaramo gitegerejwe nk’igihe cyihariye cyo kuramya no guhimbaza Imana mu buryo butandukanye n’ibisanzwe. Ndayisenga Erson, wahoze […]
Tracy Agasaro akwiriye ikamba ry’umugore uyobora ibitaramo bya gospel neza mu Rwanda
Umwe mu babyeyi bagezweho mu uziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, Tracy, aragaragaza ubuhanga bukomeye mu kuyobora ibitaramo byo kuramya no guhimbaza Imana, aho agiye kuyobora ibitaramo bibiri bikomeye bizabera mu Mujyi wa Kigali muri uyu mwaka wa 2025. Icya mbere ni “Restoring Worship Experience” igitaramo giteganyijwe kuba ku wa 2 Ugushyingo 2025 […]
Ubufatanye bw’abaramyi babiri Kanyana Rhoda na Savant Ngira busobanuye ikintu gikomeye mu muziki wo kuramya
Umuramyi Savant Ngira na Rohda Kanyana Bashyize Hanze Indirimbo Nshya “Kera Ntaramwizera”Umuramyi Savant Ngira hamwe na Rohda Kanyana, bombi bazwi cyane muri True Promises Ministries, bashyize hanze indirimbo nshya bise “Kera Ntaramwizera.” Ni indirimbo ishingiye ku butumwa bwo muri Yeremiya 1:5, igaragaza urugendo rw’umuntu wahinduriwe ubuzima no guhura na Yesu, nk’ubuhamya bw’urukundo n’imbabazi by’Imana.Iyi ndirimbo […]
Sinzacogora: Indirimbo nshya ya shinning ministries igiye kubyutsa abantu benshi bari baraguye
Shining Ministries igeze kure imyiteguro yo gushyira hanze indirimbo nshya yitwa “SINZACOGORA”Umuryango uhamagarirwa kuramya no guhimbaza Imana, Shining Ministries Rwanda, wongeye gutungura abakunzi b’indirimbo zo kuramya Imana mu Rwanda no hanze yarwo, ubategeza gusohora indirimbo nshya yitwa “SINZACOGORA”. Ni indirimbo yuzuyemo ubutumwa bwo gukomeza kwizera no kudacogora mu rugendo rwo gukorera Imana, ikaba igaragaza urwego […]