Category: UMUCO N’AMATEKA
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Mata 2026Turi ku wa 10 Mata
Turi ku wa 10 Mata 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Abavandimwe.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze iminsi itatu itangiye gukorwa, Abasenyeri gatolika banditse ibaruwa ivuga ko bababajwe n’urupfu rwa Habyarimana, ntibamagana Jenoside yarimo ikorerwa Abatutsi muri icyo gihe.1994: Jérôme Bicamumpaka wari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga muri guverinoma yakoraga […]
URUGENDO RWO KWIBUKA MU KARERE KA GICUMBI
Mu Karere Ka Gicumbi murenge wa Byumba, mu mujyi wa GicumbiDistrict habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igikorwa cyatangiriye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukeri ruruhukiyemo Inzirakarengane z’Abatutsi zo mu mirenge ya Kageyo na Byumba. Kuri uru rwibutso habereye igikorwa cyo kunamira Inzirakarengane z’Abatutsi ziharuhukiye no gushyira […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 6 Mata
Turi ku wa 6 Mata 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu badashamadukira ibyo gukora imibonano mpuzabitsina.Ni n’umunsi mpuzamahanga wa siporo igamije iterambere n’amahoro.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Indege y’uwari Perezida w’u Rwanda, Général Major Juvénal Habyarimana yararashwe, apfana na Ntaryamira wayoboraga u Burundi.Nyuma y’ihanurwa ry’iyo ndege (Falcon 50) yari itwaye Perezida Habyarimana […]
Papa Leo XIV yikoreye umusaraba muri Colosseum, ashimangira ubutumwa bw’amahoro n’ubufatanye ku Isi
Mu gikorwa kidasanzwe cyaherukaga mu myaka irenga 30, Papa Leo XIV yagaruye umuco wo kuyobora Inzira y’Umusaraba yikoreye umusaraba, agaragaza ko Kiliziya igomba kwifatanya n’Isi mu bihe by’ububabare n’ibibazo bikomeye. Ku wa Gatanu Mutagatifu, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, yakoze igikorwa kidasanzwe cyo kuyobora amasengesho y’Inzira y’Umusaraba mu nyubako y’amateka ya […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Mata
Turi ku wa 2 Mata 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kumenyekanisha indwara y’igwingira ry’ubwonko ya Autism.Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ibitabo byagenewe Abana. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Perezida Habyarimana Juvénal yagiriye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bufaransa aho yari agiye gusaba ubufasha mu bya gisirikare ngo abashe guhangana n’Ingabo za RPA zari […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Mata
Turi ku wa 1 Mata 2026.Ni umunsi wamamaye hirya no hino ku Isi nk’uwo kubeshya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1910: Rukara Rwa Bishingwe yivuganye Padiri w’Umufaransa, Paulin Loupias kuri Nyabungo mu Burera. 1994: Mbere y’iminsi itandatu gusa ngo hatangire Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Jenerali Majoro Déogratias Nsabimana wari Umugaba Mukuru w’Ingabo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Werurwe
Turi ku wa 30 Werurwe 2026.Ni umunsi w’ubutaka muri Palestine, ukaba uwa muganga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe muri Espagne ho ari umunsi w’amahoro no kurwanya ihohoterwa mu mashuri.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1958: Umwami Mutara III Rudahigwa yashyizeho komisiyo idasanzwe igamije kunoza imibanire n’imibereho myiza mu Banyarwanda, mu […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Werurwe
Turi ku wa 29 Werurwe 2026.Ni umunsi w’ikiruhuko muri Cenrafrique uzwi nka “Boganda Day” aho baba bizihiza ubuzima bwa Barthélemy Boganda ufatwa nk’uwahanze iki gihugu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2004: Ibihugu birindwi ari byo Bulgarie, Estonie, Lettonie, Lituanie, Roumanie, Slovaquie na Slovénie byabaye ibinyamuryango bya NATO mu buryo bwuzuye.2013: Muri Tanzania hapfuye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Werurwe
Turi ku wa 28 Werurwe 2026. Ni umunsi wahariwe Mwarimu muri République Tchèque no muri Slovaquie.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Uwari ushinzwe gucunga umutekano mu ishyaka rya ANC muri Afurika y’Epfo, yishe arashe abantu babarirwa mu binyacumi bo mu ishyaka riharanira kwibohora rya Inkatha bari bari mu myigaragambyo.2005: Indonésie yibasiwe n’umutingito […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Werurwe
Turi ku wa 26 Werurwe 2025.Bangladesh irizihiza Ubwigenge yabonye yigobotoye ubukoloni bwa Pakistan mu 1971.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1854: Jean-Joseph Hirth watangije akaba n’Umushumba wa mbere wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ni bwo yavutse.1962: Abatutsi babarirwa hagati ya 1.000 na 2.000 barimo abana n’abagore, barishwe mu cyahoze ari Perefegitura ya Byumba […]