03 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Werurwe

Turi ku wa 25 Werurwe 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wo kwibuka no guha icyubahiro abacakara bakorerwaga iyicarubozo bambutswa inyanja ya Atalantique. Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wo kwibuka abana bapfa bataravuka aho intego nyamukuru yawo ari ukurwanya ibikorwa byo gukuramo inda. Watangijwe na Papa Paul Yohana II mu 1993.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1918: Ni […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 24 Werurwe

Turi ku wa 24 Werurwe 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Kurandura Igituntu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2000: Perezida Paul Kagame yatangiye kuyobora u Rwanda mu buryo bw’inzibacyuho kugeza ku wa 25 Kanama 2003 ubwo binyuze mu matora rusange, yatorerwaga kuyobora u Rwanda mu gihe cya manda y’imyaka irindwi.2018: Abanyeshuri bo muri Amerika […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Werurwe

Turi ku wa 23 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubumenyi bw’Ikirere kuva mu 1950 ubwo hashyirwago Umuryango Ushinzwe Ubumenyi bw’Ikirere ku Isi (World Meteorological Organization).Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2000: Pasteur Bizimungu wayoboraga u Rwanda, yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyaka itandatu ari ku butegetsi.2009: I Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Werurwe

Turi ku wa 22 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Amazi aho abantu bibutswa akamaro k’amazi meza.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1906: Hakinwe umukino wa mbere wa Rugby hagati y’u Bwongereza n’u Bufaransa, ubera kuri stade ya Parc des Princes iherereye i Paris.2019: Bisi ebyiri zaragonganiye ahitwa Kitampo, mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Werurwe

Turi ku wa 21 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ubusizi. Muri Tunisia ho bawizihiza nk’uwahariwe urubyiruko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1917: Mu Rwanda hashyizweho itegeko rigena ibihano by’ikiboko; bikozwe n’abakoloni.1990: Igihugu cya Namibie cyabonye ubwigenge nyuma y’imyaka 75 kigengwa na Afurika y’Epfo.2000: Papa Paul Yohana II yasuye Israel aba Umushumba wa mbere […]

1 min read

Ubuyobozi bw’Abayisilamu mu Rwanda bwabasabye gukomeza ibikorwa byiza nyuma ya Ramadhan

Abayisilamu basoje igisibo cy’ukwezi gutagatifu basabwa kurushaho gufasha abatishoboye no gukomeza ubumwe. Abayisilamu bo mu Rwanda basoje igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan kuri uyu wa Gatanu, basabwa gukomeza ibikorwa byiza birimo gufasha abatishoboye no kurushaho kubaka ubumwe bwabo. Ibi byagarutsweho mu isengesho rikuru ryabereye kuri Kigali Pelé Stadium, ryitabiriwe n’abayisilamu benshi baturutse hirya no hino […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Werurwe

Turi ku wa 20 Werurwe 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurangwa n’ibyishimo ukanaba umunsi mpuzamahanga wahariwe Ururimi rw’Igifaransa ari na bwo hizihizwa Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, (OIF) uyobowe n’Umunyarwandakazi, Louise Mushikiwabo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2009: Perezida Paul Kagame yahuriye na Nelson Mandela i Johannesburg, aho yahaye uyu mukambwe wahoze ayobora Afurika […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Werurwe

Turi ku wa 14 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wa Coronavirus.1939: Slovakie yatangaje ubwigenge bwayo.1967: Umubiri w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John F. Kennedy wajyanywe mu irimbi ry’aho wagombaga gushyingurwa ryitwa Arlington National Cemetery.1982: Leta ya Afurika y’Epfo yateye ibisasu […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Werurwe

Turi ku wa 13 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1781: William Herschel yavumbuye umubumbe wa Uranus.2013: Papa Francis yaratowe, aba umushumba wa 266 wa Kiliziya Gatolika.2016: Abagabo batatu bari bitwaje intwaro bateye hoteli ebyiri zo muri Côte d’Ivoire bica abantu 18 bakomeretsa 33.2020: Katerina Sakellaropoulou yarahiriye kuyobora u Bugereki.2020: Donald Trump […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya12 Werurwe

Turi ku wa 12 Werurwe 2026.Ni umunsi wahariwe ubwisanzure bw’abakoresha internet ntibakumirwe ku makuru runaka y’ibyo bashaka kureba.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1993: Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka rya IDC, André Louis, yanditse ashyigikira ijambo rya Léon Mugesera rihamagarira abantu kwica Abatutsi.1999: Mu Rwanda hashyizweho Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge.1992: Ibirwa bya Maurice byahindutse Repubulika.1993: Umujyi […]