Inzobere z’abaganga zita ku bana muri Afrika ziyemeje kugabanya umubare w’impinja zipfa zikivuka
Inzobere z’abaganga bavura irwara z’ abana zo mu bihugu byo ku mugabane wa Afrika zagaragaje ko serivisi z’ubuvuzi zihabwa abana bakivuka zikwiye kunozwa no gutangirwa ahantu hamwe mu rwego rwo kugabanya impinja zipfa zikivuka ndetse n’abandi bapfa bataramara ukwezi.Ni ibyagarutsweho ubwo hasozwaga inama y’iminsi itatu yarihurije hamwe aba baganga i Kigali kuri uyu wa Gatunu […]
BNR yazamuye inyungu fatizo igera kuri 6.75%
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatanaje ko yazamuye inyungu fatizo yayo iva kuri 6.5% igera kuri 6.75%, mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku isoko.Byatangajwe na Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, mu kiganiro n’itangazamakuru, kuru uyu wa Kane tariki 21 Kanama 2025 mu rwego kugaragaza imyanzuro y’Akanama gashinzwe Politiki y’Ifaranga n’Ishusho y’Urwego […]
MINAGRI igiye gutangira gutanga agahimbazamusyi ku bajyanama b’ubuhinzi
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), yatangaje ko mu mavugurura mashya ifite igiye kongerera ubumenyi abajyanama b’ubuhinzi ndetse no kubagenera agahimbazamusyi kugira ngo barusheho kwegera abahinzi mu midugudu ndetse no kuzamura umusaruro.Ni ibyagarutsweho n’Umunyambanga wa Leta muri iyi Minisiteri, Dr Ndabamenye Telesphore ubwo yaganiraga na Televiziyo y’IgihuguAbasanzwe bakora aka kazi k’ubujyana mu buhinzi basaba Miniseteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi […]
Umujyi wa kigali wihaye intego yo kwinjiza miliyali 80 binyuze mu misoro n’amahoro
Umujyi wa Kigali wihaye intego yo kwinjiza miliyali 80 Frw binyuze mu misoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari 2025/2026, avuye kuri miliyali 60 yarariho mu mwaka w’ingengo y’imari ushize.Byagarutsweho ku wa Kabiri tariki 12 Kanama 2025, mu nama yahurije hamwe abakozi bashinzwe iterambere ry’ubukungu mu mujyi wa Kigali.Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Cloudine, aganira […]
Konti ibihumbi 10 za Instgram zafunzwe
Bamwe mu bakoresha urubuga rwa Instagram bijujutiye icyemezo cyafashwe na Meta icunga uru rubuga, nyuma y’uko ifunze konti (accounts) hagakekwa ko zaba zararenze ku mabwiriza agenga uru rubuga.Amakuru dukesha BBC, avugako ko abafungiwe konti, ari bamwe mu bashinjwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni yangiza abana, ariko na bo bakavuga ko barenganijwe.Abahuye ni iki kibazo barenga ibihumbi 10 […]
Umuhanda wa gari ya moshi uracyari inzozi mu Rwanda
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko umushinga wa gari ya moshi umaze imyaka irenga 20 itegerejwe mu Rwanda, ukiri mu mishinga u Rwanda rukigerageza ashimangira ko bisaba ubufatanye n’ibihugu by’ibituranyi kuko ari umushinga usaba ubufatanye.Amasezerano yo kubaka uyu muhanda w’ibilometero 532 yashyizweho umukono ku wa 9 Werurwe 2018, gusa ku ruhande rwa Tanzania […]
Miliyali 200 zigiye gushorwa mu mashuri y’imyuga
U Rwanda rugiye gushora miliyali 200 rwf mu kubaka amashuri yigisha tekinike, imyuga n’ubumenyingiro azaba afite ikoranabuhanga rihambaye, abarimu b’inzobere n’ibikoresho bigezweho.Byagarutsweho ku wa Kabiri tatiki 05 Kanama 2025, muri gahunda y’ibikorwa yamuritswe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Amashuri ya Tekinike, Imyuga n’Ubumenyingiro, Rwanda Tvet Board (RTB)Umuyobozi Mukuru wa REB, Eng. Umukunzi Paul, iganira na […]
Abatuye mu mujyi wa el-Fasher muri Sudan bugarijwe n’inzara ikabije
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (PAM) ryatanze umuburo ko abaturage batuye mu Mujyi wa el-Fasher muri Sudan uri mu maboko y’Umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) bugarijwe n’inzara ikabije.PAM yasobanuye ko hashize umwaka urenga bitayikundira kohereza ibiribwa muri kari gace gaherereye mu Burengerazuba bwa Darfur ikoresheje inzira y’umuhanda, ariyo ntandaro y’inzara ikabije yugarije abahatuye.Umukozi […]
Inama 5 z’abahanga mu by’ubuzima z’uko ukwiye kwitwara mu bihe by’Impeshyi
Nubwo ibihe bigenda bihinduka ariko uramutse uganiriye n’umusaza cyangwa umukecuru waruriho nko mu myaka 80 ashize ashobora kuguhamiriza ko kuva mu kwezi Kamena kugeza muri mpera za Kanama byabaga ari ibihe by’Impeshyi cyangwa Icyi. Ariko ubu igihe cy’izuba ry’inshi hari igihe gitangira muri Nyakanga kikageza mu Kwakira, mbese ibihe bigenda bihindagurika si nk’ibyo hambere.Ntabwo tugiye […]
EU yatangaje uburyo bw’ikorabuhanga busuzuma imyirondoro y’abinjira mu Burayi
Abinjira ndetse n’abasohoka mu Burayi bashyiriweho ikoranabuhanga rya “Entry/Exit System (EES) ” rizafasha mu kugenzura imyirondoro, ubu buryo bukazahuzwa n’ubusanzwe bukoreshwa nka Passport, VISA n’ibindi.Amakuru dukesha BBC avugako inzego zibishinzwe z’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) zabitangaje kuri uyu Gatanu tariki 01, Kanama 2025, icyi cyemezo kikazatangira kubahirizwa ku bagenzi binjira mu Burayi ndetse n’abasohokamo kuva muri […]