Imbuto n’imboga byasimbujwe ibinyamavuta by’inganda: Intandaro y’umubyibuho ukabije mu bana
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF ryatangaje umwama umwe mu icumi ku Isi, bangana na miliyoni 188 bafite ikibazo cy’umubyibuho ukabije bakomora ku kurya ibiryo by’ibinyamavuta bikorerwa mu nganda, bikaba bibangamira ubuzima bwabo ndetse n’imyigire.Ni ibikubiye muri Raporo UNICEF yashyize ahagaragara ku wa Gatatu tariki 10 Nzeri 2025, nyuma yo gukusanya amakuru mu bihugu […]
Imashini zizwi nk’ibiryabarezi ibihumbi 7 ni zo zimaze gukurwa mu baturage mu gikorwa cyatangijwe na RDB
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Kivuga ko kimaze gukusanya imishini zifashishwa mu mikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi zirenga ibihumbi 7 zizikura mu baturage , kuko byagaragaye ko byabateje ubukene ndetse n’ibindi bibazo bitandukanye mu baturage.Icyemezo cyo guca burundu izi mashini zizwi nk’ibiryabarezi cyafashwe na politiki y’imikino y’amahirwe mu Rwanda mu 2024, ubu bikaba byemewe gukinwa mu […]
USA: Umushinga wo gukora lobo imeze nk’uruyuki ugeze kure
Itsinda ry’abashakashatsi rikorera muri Kaminuza ya Massachusetts Institute of Technology (MIT) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryashyinze hanze lobo (Robot) y’uruyuki, igikomeje gukorwaho ubushakatsi, yitezweho kuba yakifashishwa mu buhinzi ku mu bumbe wa Mars mu gihe ubushakashatsi bwaba bwemeje ko ubuhinzi bwakorerwayo.Amakuru dukesha CNN avuga ko iyi lobo yiswe “bumblebees”, ifite uburemere nk’ubw’uruyuki rusanzwe, […]
Havumbuwe umuti mushya uvura umuvuduko w’amaraso
Uruganda ruzobereye mu gukora imiti n’inkingo rwa AstraZeneca, rukorera mu Bwongereza rwashyize hanze umuti wa “Baxdrostat” witezweho kuvura umuvuduko w’amaraso ukabije mu gihe uyu muti waba wemejwe ugatangira gukoreshwa.Byatangajwe ku wa 30 Kanama 2025, mu Nama ngaruka mwaka yo kurwanya irwara zibasira umutima, ihuriza hamwe ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi by’ibumbiye mu tsinda rya […]
UN yatangaje ko abantu 800 aribo bamaze guhitanwa n’umutingito wibasiye Afghanistan
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubutabazi ryatangaje ko Abantu 800 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umutingito wibasiye Afghanistan mu rukurerera rwo ku wa Mbere tariki 01 Nzeri 2025.Uyu mutingito wari ku gipimo 6.0 wibasiye igice cy’Uburasirazuba bw’iki gihugu wangije inyubako, ufunga imihanda ndetse abantu 1,800 bamaze kubarurwa ko bakomerekeye muri uyu mutingito mu gihe ibikorwa by’ubutabazi […]
Abantu 1000 bahitanywe n’inkangu muri Sudan
Abantu basaga 1000 baburiye ubuzima mu nkangu zibasiye Sudan mu gice cy’ Uburengerazuba mu Ntara ya Darfur.Amakuru dukesha BBC, avuga ko nk’uko byatangajwe n’Umutwe uharanira Amahoro no Kwibohora muri Darfur “Sudan Liberation Movement (SLM)”, imvura nyinshi yaguye ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025 niyo yabaye intandaro y’izo nkangu.SLM iri gusaba ubufasha mu Muryango w’Abibumbye, Imiryango […]
20 bamaze guhitanwa n’umutingito wibasiye Afghanistan
Abantu 20 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mutingito wibasiye Igihugu cya Afghanistan mu gice cy’Uburasirazuba mu rukerera rwo kuri uyu Mbere tariki 01 Nzere 2025.Amakuru dukesha BBC avuga ko amakuru y’ibanze agaragaza ko 20 bapfuye, abarenga 300 bakaba bakomeretse abandi ibihumbi bakaba bahunze agace kibasiwe n’uyu mutingito ku buryo bukomeye.Uyu mutingito waruri ku gipimo […]
Kica umwuka, umubiri n’ubugingo: Wakirinda gute?
Mu ntangiriro za Nyakanga 2025, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ikiruhuko cy’iminsi ine mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge ndetse n’uwo Kwibohora hiyongeraho na “weekend” byatumye abantu babona umwanya wo kuruhuka no gutemberana n’imiryango ndetse n’inshuti ku bantu bari barabuze umwanya wabyo. Ariko kimwe mu byagarutsweho n’ibinyamakuru bya hano mu Rwanda harimo, Igihe ndetse n’Inyarwanda ni […]
Rwanda Leaders Fellowship ifite intego yo kwagura ibikorwa byayo by’amasengesho bikagera ku rwego rw’Umudugudu
Umuryango Rwanda Leaders Fellowship, usanzwe ufatanyana n’inzego za Leta gutegura amasengesho y’abayobozi mu nzego zitandukanye z’Igihugu, ufite gahunda yo kwagura gahunda yawo mu rwego rwo kwegereza abaturage amasengesho, akava ku rwego rw’Igihugu akagera ku rwego rw’Umudugudu.Ni gahunda yatangijwe ku Cyumweru tariki 24 Kanama 2025, aho uyu muryango wateguye amasengesho ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo yitabiriwe n’abayobozi […]
Itorero Angilican ryijihije isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda
Perezida wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yashimiye Itorero Anglican uruhare rigira mu iterambere ry’Igihugu, arisaba gusubiza amaso inyuma bakareba ibitaragenze neza bakabikosora.Ni ubutumwa yatangiye mu Karere ka Kayonza i Gahini ku Cyemweru tariki 24, Kanama 2025, mu biriro byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 iri torero rimaze rikorera mu Rwanda.Senateri Dr Kalinda akaba na Perezida […]