Brazil 50%, Canada 35%: Imisoro mishya ya Trump ku bihugu byo ku Isi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje umisoro mishya ku bihugu byinshi byo ku Isi, aho Brazil yigirijweho nkana n’umusoro wa 50% naho Canada ishyirirwaho umusoro wa 35%, nyuma y’uko iki gihugu kinaniwe gufatanya na Amerika kurwanya ibiyobyabwenge ndetse n’ibindi bicuruzwa bitemewe bigaragara ku mupaka w’ibihugu byombi.Ibi bikubiye muri gahunda y’imisoro mishya […]
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu muri Afrika mu kunoza gahunda yo gukingira
Raporo y’umwaka wa 2024 y’Ishami ry’Umuryango w’abimbye rishinzweUbuzima ku Isi (OMS) kubufatanye n’Ihuriro Mpuzamahanga mu by’Inkingo (Gavi), yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatatu muri Afrika mu bihugu byashyize imbaraga nyinshi mu kuregera ubuzima bw’abana binyuze mu gutanga inkingo zitandukanye.U Rwanda rumaze gutera intabwe ifatika kuko muri gahunda yo gutanga inkingo ruri ku kigero cy […]
Trump yemeye ko abatuye muri Gaza bugarijwe n’inzara
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashyize yemera ko abatuye muri Palestine mu Ntara ya Gaza bugarijwe n’inzara ikabije, ni mu gihe Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ushinjwa gufunga inzira inyuzwamo ubufasha bugenerwa abakuwe mu byabo n’intambara yahakanye aya makuru.Perezida Trump yabigarutseho mu kiganiro we na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer […]
Amerika na EU bemeranyije umusoro wa 15%
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi(EU), bemeranyije umusoro ungana na 15% ku bicuruzwa biva i Burayi byinjira muri Amerika. Ni nyuma y’uko Perezida Donald Trump yaraherutse gutangaza umusoro ungana na 30% ku bicuruzwa biva i Burayi.Ibi Perezida Trump yabitangarije mu kiganiro n’Abanyamakuru hamwe na Perezida wa Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi, Ursula von der Leyen […]
Ibitaro bya Kabgayi byungutse imashini nshya itahura uburwayi
Abivuriza n’abagana Ibitaro bya Kabgayi bishimira ko imashini nshya ya ” Scanneur” yashyizwe muri ibi bitaro izaborohereza kubona serivisi, ubusanzwe bashakiraga mu bitaro bikuru.Kuva mu Cyumweru gishize nibwo imashini ya “Scanneur” yatangiye gukoreshwa mu Bitaro bya Kabgayi mu rwego rwo kongera serivisi zitangwa n’ibi bitaro ndetse no korohereza abarwayi bagana ibi bitaro bajyaga gushakira iyi […]
Abakorera mu nyubako yo “Kwa Jacque” mu Mujyi wa Muhanga bari mu marira
Akarere ka Muhanga kafunze byagateganyo inyubako y’ubucuruzi iri mu Mujyi wa Muhanga ahazwi nko “Kwa Jacque”, kubera ikibazo cy’umwanda ukabije.Umuyobozi wa Karere ka Muhanga, Kayitare Jacquiline, yabwiye RBA dukesha iyi nkuru ko ibyakozwe biri mu nyungu z’abaturage.Ati “Mu byukuri ntabwo twafungiye abakorera hariya, ahubwo twafunze inyubako kugira ngo ibanze inozwe duhe agaciro bariya bantu bahakorera, […]
“Umubyibuho”, Indirimbo nshya El Elyon Worship Team yashyize hanze
El Elyon Worship Team ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yashyize hanze indirimbo nshya bise “Umubyibuho”, ikubiyemo ubutumwa bwibutsa abantu ko Yesu ari we soko y’Ubugingo.Ni indirimbo bashyize hanze mu gitondo cyo ku itariki 23, Nyakanga 2025, ikaba ari indirimbo yabo ya mbere ku muzingo w’indirimbo bise “Kubwamateka”.Ubutumwa buri muri iyi ndirimbo bukubiye mu […]
Igiterane cya “All Women Together” cyagarutse
Umuryango wa gikirstu witwa, Women Foundation Ministries watangaje ko igiterane ngarukamwaka cyiswe “All Women Together” Kigamije kubakira ubushobozi umugore haba mu buryo bw’umwuka n’umubiri kigiye kuba ku nshuro ya 13 kizagaragaramo umuramyi Israel Mbonyi uzataramira abazacyitabira.Iki giterane kiri ku rwego mpuzamahanga, biteganijwe ko kizatangira tariki 12, Kanama gisozwe ku ya 15 Kanama 2025, muri Kigali […]
El Elyon Worship Team yateguje indirimbo nshya
El Elyon Worship Team ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yamenyekanye cyane mu ndirimbo nka “Mwani uri Uwera”, “Ntimwihebe” igiye gusohora indirimbo nshyashya bise “Umubyibuho”.Mu kiganiro Perezida wa korari, Masengesho Pacifique, yagiranye na Gospeltoday News, yaduhamirije ko iyi ndirimbo izajya hanze mu cyumweru gitaha.Ni indirimbo ikubiyemo ubutwa bwiza buboneka muri Yesaya 55, bwongera kwibutsa […]
Umusaruro w’ibigori wagabanutseho 11% mu 2025
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje ko umusaruro w’ibigori wagabanutseho 11% mu bihebwe by’ihinga A na B bya 2025 bitewe ahanini n’ihindagurika ry’ibihe ndetse n’ubutaka bwagenewe guhinga bitahinzwe.Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mark Cyubahiro Bagabe, avuga ko ugereranyije umusuro w’ibihingwa byose byahinzwe mu bihebwe byombi bya 2025 umusaruro utahindutse ugereranyije n’umwaka wari wabanje wa 2024, ariko ko igihingwa […]