21 July, 2026
2 mins read

Padiri Ugwu yamaganye gutanga igihembo ku buzima bw’umuntu ashinja ubutabera kudakora muri Nigeria

Amagambo akomeye ya Father Kelvin Ugwu yateje impaka, agaragaza impungenge ku mutekano n’imikorere y’ubutabera nyuma y’aho Imam ashyiriyeho igihembo uzica pasiteri. Muri Nigeria, Padiri Kelvin Ugwu yongeye kuzamura impaka zikomeye nyuma yo gutangaza ko atewe impungenge n’aho igihugu kigana, anagaragaza ko arambiwe ibiri kuhakorerwa, cyane cyane ku bijyanye n’umutekano n’ubutabera. Ibi yabivuze nyuma y’uko amakuru […]

3 mins read

Nyuma yo kumara iminsi mu makimbirane na Papa Trump yitabiriye igikorwa cyo gusoma Bibiliya

Igikorwa cyo gusoma Bibiliya cyabereye muri Museum of the Bible cyongeye kuzamura impaka ku ruhare rw’idini muri politiki ya Amerika n’imyitwarire ya Perezida Trump. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yitabiriye igikorwa cyo gusoma Bibiliya cyateguwe n’abakirisitu b’abakonserivatifu, mu gihe akomeje kugirana amakimbirane n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV […]

2 mins read

Umugore ufite abagabo babiri yasangije amafoto y’umuryango we akurura impaka ku mbuga nkoranyambaga

Umugore uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Mogatosilebo yateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abantu amafoto agaragaza ubuzima bwe n’abagabo be babiri, ibintu byatunguranye kuri benshi. Nk’uko Tuko yabitangaje, ayo mafoto yagaragaje aba bantu batatu bambaye imyambaro isa, bagaragaza ubusabane n’urukundo mu buzima bwabo bwa buri munsi. Muri ayo mafoto, aba bagabo bombi […]

1 min read

Israel yasabye imbabazi Abakristu nyuma y’igikorwa kigayitse cyo kwangiriza ishusho ya Yezu muri Liban

Guverinoma ya Israel n’igisirikare cyayo batangaje ko igikorwa cy’umusirikare cyatesheje agaciro amahame y’igihugu, bemeza ko bubaha amadini yose kandi abakoze amakosa bazahanwa. Igihugu cya Israel cyasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma y’uko umwe mu basirikare bacyo agaragaye amenagura ikibumbano cy’ishusho ya Yezu mu majyepfo ya Liban, igikorwa cyafashwe nko gusuzugura imyemerere y’Abakirisitu. Iyi nkuru yakomeje gukwirakwira […]

5 mins read

Bahanuye ibinyoma bikomeye bituma batakarizwa icyizere_abapasiteri 5 biswe abanyabinyoma mu Rwanda

Mu gihe ubukristu bumaze kugera henshi ku isi ndetse benshi bemera ko turi mu bihe bya nyuma, mu bihe nk’ibi aho benshi bakomeje kwiyita abahanuzi batumwe n’Imana, no mu Rwanda hari abapasiteri cyangwa abavugabutumwa bagiye bahanura ibyafashwe na benshi nk’ibinyoma. Umwanditsi w’Ivanjiri Matayo ubwo yagarukaga ku byerekeye ku kurimbuka kwa Yeruzalem no kugaruka kwa Yezu […]

2 mins read

Ubutumwa bw’amahoro bwa Papa Leo XIV bwakomereje i Luanda muri Angola  

Ubwo yageraga mu gihugu cya Angola, Papa Leo XIV yasabye abayobozi kwirinda intambara no guharanira ubwiyunge mu gihe isi ihanganye n’amakimbirane n’intambara z’urudaca. Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, yageze i Luanda mu gihugu cya Angola, atanga ubutumwa bukomeye bwo gushishikariza abanyapolitiki bo muri Afurika n’isi yose guhitamo inzira y’amahoro aho […]

2 mins read

Bigizi Gentil yagarukanye indirimbo Gutinda kwa Yesu ihumuriza abategereje isezerano ry’Imana

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Bigizi Gentil yongeye gushimangira umutahe we mu gukiza benshi binyuze mu ndirimbo ze ashyira hanze indirimbo nshya igamije guha icyizere abafite ibihe bikomeye mu buzima. Umuhanzi nyarwanda ukora indirimbo zihimbaza Imana, Bigizi Gentil, yongeye kugaragaza imbaraga mu muziki wa Gospel ashyira hanze indirimbo nshya yise Gutinda kwa Yesu, […]

5 mins read

Icyo Bibiliya ivuga ku buryo bwizewe bwo guhitamo uwo muzabana no kubaka imibanire ihamye iganisha ku rugo rwiza

Guhitamo uwo muzabana si icyemezo cyoroshye cyangwa gishingira gusa ku marangamutima. Ni urugendo rusaba ubwenge, gusenga, no kuyoborwa n’ijambo ry’Imana. Mu gihe isi igenda ishyira imbere amarangamutima n’inyungu z’ako kanya, Bibiliya yo igaragaza inzira ihamye, iganisha ku kubaka urugo rufite imizi ikomeye. Uyu munsi AfriWed tugiye gukomoza ku nyigisho ireba ku mahame y’ingenzi Bibiliya itanga […]

2 mins read

Bayern Munich ntiyagaragaye mu butumwa bwa Perezida Kagame washimiye amakipe yageze muri ½ cya UEFA Champions League

Nubwo FC Bayern Munich nayo ikorana n’u Rwanda, uburyo ubufatanye bwayo butandukanye n’ubw’amakipe yambara Visit Rwanda, bwagize uruhare mu kutagaragara mu butumwa bwihariye bwo gushimirwa numunyacyubahiro mu Rwanda Perezida Paul Kagame. Mu gihe amakipe ane arimo Arsenal FC, Paris Saint-Germain, Atlético Madrid na FC Bayern Munich yageze muri ½ cya UEFA Champions League, Perezida w’u […]

1 min read

Rev Pastor Alain Numa yemeje ko ubumwe n’urukundo ari inkingi zo kubaka u Rwanda rushya

Pastor Alain Numa yatanze ubutumwa bushishikariza kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 no guharanira kubaho mu bumwe no mu rukundo nk’abavandimwe bafite ishusho y’Imana. Mu gihe u Rwanda n’isi yose bakomeje ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Reverend Pastor Alain Numa yatanze ubutumwa bukomeye bushishikariza abantu kwiyunga, gukundana no kwamagana […]