11 September, 2026
2 mins read

Indirimbo Nirata Umusaraba ya Rwibutso Emma isubiza imitima ku musingi w’agakiza ka gikristo

Ku wa 05 Gashyantare 2026, umuramyi Rwibutso Emma yasohoye indirimbo Nirata Umusaraba, ikubiyemo ubutumwa bukomeye bwibutsa Abakristo ko umusaraba wa Yesu Kristo ari wo shingiro ry’agakiza n’ukwemera kwabo. Umuramyi Rwibutso Emma yongeye gukangura imitima y’abakunzi b’umuziki wa kuramya no guhimbaza Imana, asohora indirimbo nshya yise Nirata Umusaraba. Iyi ndirimbo yasohotse ku wa 05 Gashyantare 2026, […]

2 mins read

Paruwasi ya Save: Isoko y’Urumuri rw’Ivanjiri mu Rwanda mu rugendo rw’imyaka 126

Mu kwizihiza imyaka 126 Paruwasi ya Save imaze ishinzwe, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yibukije abakirisitu ko ari ishema rikomeye mu mateka y’ivanjiri mu Rwanda, abasaba gukomeza kuba umunyu n’urumuri rw’isi binyuze mu bikorwa byiza n’ukwamamaza Ivanjiri. Kuri iki Cyumweru tariki ya 08 Gashyantare 2026, Paruwasi ya Save yizihije isabukuru y’imyaka 126 imaze ishinzwe, ibirori byitabirwa […]

3 mins read

Uganda: Perezida Museveni yasabwe kurekura Padiri Ssekabira nta mananiza

Ihuriro ry’abanyatewolojiya muri Afurika ryandikiye Perezida wa Uganda risaba ko Padiri Deusdedit Ssekabira afungurwa byihuse, rigaragaza impungenge ku ifungwa rye, ku itotezwa rikorerwa abanyamadini n’abaharanira uburenganzira bwa muntu, no ku hazaza h’ubwisanzure bwa politiki muri Uganda. Mu bihugu byinshi bya Afurika, ikibazo cy’ubwisanzure bwa politiki, uburenganzira bwa muntu n’uruhare rw’amadini mu mibereho y’abaturage gikomeje kuba […]

2 mins read

Kubaka Kenya itabera kandi itekanye_Kiliziya yatangije igisibo 2026 nk’inzira yo kugaragaza impinduka mu mitima no mu gihugu

Kiliziya Gatolika muri Kenya yatangaje gahunda idasanzwe y’Igisibo cya 2026, ihamagarira Abanyakenya guhindura imitima yabo no kwitandukanya n’imiyoborere mibi, ihohoterwa n’iyangirika ry’ibidukikije, mu rwego rwo kubaka igihugu gishingiye ku butabera n’agaciro ka muntu. Mu gihe Kenya ikomeje guhura n’ibibazo by’imiyoborere, ubukungu n’umutekano, Kiliziya Gatolika yafashe umwanya wo guhamagarira abaturage impinduka zishingiye ku mutima n’ibikorwa bifatika. […]

2 mins read

Abiyeguriye Imana basabwe kuba umusemburo w’amahoro n’ikimenyetso cy’icyizere mu isi yugarijwe n’ibibazo

Papa Leo XIV yahamagarira abiyeguriye Imana kwitanga no kuba umusemburo w’amahoro n’ikimenyetso cy’icyizere mu isi yugarijwe n’amakimbirane n’ubukene. Ubwo hizihizwaga Umunsi w’Abiyeguriye Imana, Papa Leo XIV yasabye abiyeguriye Imana kuba umusemburo w’amahoro n’ikimenyetso cy’icyizere mu isi yugarijwe n’amakimbirane, ubukene n’ihungabana ry’ukwemera. Ibi yabigarutseho ku wa 2 Gashyantare 2026, mu gitambo cya misa yasomeye muri Bazilika […]

2 mins read

Icyumweru cy’Umuryango cyahujwe na Saint Valentin: Kiliziya irahamagarira Abakristu gusigasira urukundo n’ubumwe

Kiliziya Gatolika mu Rwanda irashishikariza Abakristu kwitabira ibikorwa by’Icyumweru cy’Umuryango giteganyijwe kuva tariki ya 6 kugeza ku ya 15 Gashyantare 2026, kikaba cyarahujwe n’Umunsi wa Saint Valentin, mu rwego rwo kwimakaza urukundo, ubumwe n’indangagaciro z’umuryango. Ibi byatangajwe na Padiri Fraterne Nahimana, Umunyamabanga wa Komisiyo y’Umuryango mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, wavuze ko iki cyumweru […]

2 mins read

Hari abamenya ko bafite nyashi bakagenda bidunda mu materaniro_ Pastor yacyebuye abakristu ku myitwarire idahwitse

Mu materaniro ya ADEPR Gatenga, Pastor Aloys Uwakarema yasobanuye ko ubukiristo nyakuri bugomba kugaragarira mu buzima bw’umuntu bwose, harimo no kuri nyashi, aho yibukije abakobwa n’abagore ko ubwiza bw’umubiri butagomba gusimbura ubukristo. Mu materaniro yabaye mu Itorero rya ADEPR Gatenga, Pastor Aloys Uwakarema yateye abantu benshi urwenya no gutekerezo ubwo yavugaga ku ijambo “nyashi” risobanura […]

2 mins read

Alarm Ministries yongeye guhembura abizera maze isohora indirimbo nshya “Mpora Mbiharira Yesu”

Iyi ndirimbo yasohotse none tariki ya 4 Gashyantare 2026, ikubiyemo ubutumwa bw’ukwiyegurira Imana, ikagaragaza uko kwizera Yesu bihinduka isoko y’ihumure, ibyishimo n’ukuruhuka k’umutima mu buzima bwa buri munsi. Korali Alarm Ministries yasohoye ku mugaragaro indirimbo nshya yitwa “Mpora Mbiharira Yesu”, ikaba igaruka ku nsanganyamatsiko y’urukundo rw’Imana n’ukwiyegurira Yesu mu bihe byose by’ubuzima. Mu magambo yayo, […]

3 mins read

Umwanya n’agaciro k’amabonekerwa mu Nyigisho za Kiliziya Gatolika

Mu gihe benshi bakomeje kujijwa ku ku mabonekerwa, Kiliziya igaragaza ko amabonekerwa adasimbura Ibyahishuwe bya Kristu, ahubwo afasha abakristu kubisobanukirwa no kubibaho mu bihe bitandukanye by’amateka. Mu nyigisho za Kiliziya Gatolika, ikibazo cy’amabonekerwa gikunze gutera impaka n’ibibazo ku bakristu benshi. Kiliziya ishimangira ko Yezu Kristu ari we Muhuza w’Imana n’abantu kandi akaba ari indunduro y’ibyahishuwe […]

2 mins read

Korali Shalom yagarutse ku butumwa bw’ubugingo bw’iteka ibinyujije mu ndirimbo nshya “Ijambo Nyamukuru”

Indirimbo nshya ya Shalom Choir ishimangira ko ubugingo bw’iteka ari bwo butumwa bukomeye Abakristo bafite, ikibutsa ko ubuzima bwo ku isi budafite icyo bumaze iyo budaherekejwe no gushaka iby’ijuru. Kuri uyu wa 28 Mutarama 2026, Shalom Choir yasohoye indirimbo yitwa “Ijambo Nyamukuru”, itanga ubutumwa bukomeye bwibutsa Abakristo ko intego nyamukuru y’ubuzima ari ugushaka ubugingo bw’iteka. […]