Uriya munsi wo ku itariki 10 ndawibuka kandi sinzawibagirwa – Annette Murava
Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yavuze ko amakuru y’irekurwa rya Bishop Gafaranga yamusize mu ihungabana rikomeye, asaba abantu kudacira urubanza ababaye batanyuze mu bihe nk’ibyo. Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yatangaje ko hari umunsi utazigera usibangana mu buzima bwe, ari wo wa 10 Ukwakira 2025, ubwo yamenyaga ko umugabo […]
Mpora nsenga nsaba Imana ngo izanyereke igihe gikwiye cyo kuva mu muziki ntarasenya ibyo nubatse – Davido
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Davido, yatangaje ko ahora asenga asaba Imana kumwereka igihe gikwiye cyo guhagarika ibikorwa bya muzika, atarasenya umurage n’ibyo amaze kugeraho. Yavuze ko kwemera ubuyobozi bw’Imana ari ingenzi, cyane cyane ku byamamare bihura n’igitutu gikomeye cyo gukomeza kugumana izina n’icyubahiro. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru ryo muri Nigeria, Davido yagarutse ku […]
Kenya: Abapadiri barindwi bahagaritswe hanashyirwaho amabwiriza mashya yo gukaza imyitwarire n’imicungire ya Kiliziya
Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Maralal, Myr Hieronymus Emusugut Joya, yahagaritse by’agateganyo abapadiri barindwi ndetse anatangaza amabwiriza mashya agomba kuyobora ubuzima n’imikorere y’abapadiri, avuga ko agamije kongera kubaka icyizere, gukomeza imiyoborere myiza no kurinda umutungo wa Kiliziya. Mu ibaruwa ya gishumba yasohotse ku Cyumweru, tariki ya 12 Nyakanga 2026, Myr Joya yavuze ko ibi byemezo […]
Turashimira Imana ku mugisha yaduhaye _ Micky yavuze ko biteguka kwibaruka ahamya ko urugo rwabo rwubakiye ku kwizera no gushimira Imana
Mu butumwa yageneye AG Promoter ku isabukuru ye, Micky yagaragaje ko kubaka urugo rwuzuye urukundo, amahoro n’umugisha ari byo ashyize imbere, ashimira Imana ku rugendo rwabo no ku mwana bategereje. Umukinnyi wa filime nyarwanda Mukobwajana Asifiwe, uzwi nka Micky, yakoresheje isabukuru y’umugabo we Agiraneza Pacifique uzwi nka AG Promoter nk’umwanya wo guhamya ko urugo rwabo […]
Vatican yateguje inama mpuzamahanga igamije gushimangira uruhare rw’umuryango mu butumwa bwa Kiliziya
Urwego rwa Vatican rushinzwe Abalayiki, Umuryango n’Ubuzima, ku bufatanye n’Ubuyobozi Bukuru bwa Sinodi, rwatangaje ko kuva ku wa 7 kugeza ku wa 14 Ukwakira 2026 i Vatican hazabera Inama Mpuzamahanga igamije gushimangira uruhare rw’umuryango mu butumwa bwa Kiliziya Gatolika no kurebera hamwe uburyo bwo kuwuherekeza mu bihe by’iki gihe. Iyi nama yahamagajwe na Papa Leo […]
Kiliziya ntiharanira ubutegetsi, iharanira ineza y’abaturage_ Karidinali Ambongo yikomye abashyigikiye guhindura Itegeko Nshinga
Karidinali Fridolin Ambongo Besungu, Arikiyepisikopi wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), yavuze ko igihugu kiri mu bihe bikomeye cyane, asaba abaturage kutemera gushukwa n’imvugo za politiki zishyira imbere inyungu z’abanyapolitiki aho kwita ku bibazo bibangamiye abaturage. Ibi Karidinali Ambongo yabivuze ku wa 5 Nyakanga 2026, ubwo yari mu rugendo rwa gishumba muri […]
Abavuga ko tutakimeranye neza si byo – Vestine na Dorcas bavuze ku mubano wabo na MIE nyuma yo gutandukana
Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryatangiye urugendo rushya nyuma yo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné, rihumuriza abakunzi baryo ko nta kibazo kiri hagati yabo n’uwari umujyanama wabo. Mu butumwa banyujije kuri shene yabo ya YouTube kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Nyakanga 2026, Vestine […]
Nta muntu ushobora kwishimira ubwisanzure mu gihe yambuwe ubuzima – Papa Leon XIV
Mu gihe yekiraga ku mugaragaro umudari wa Liberty Medal 2026, umwe mu midari y’icyubahiro ikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Papa Leo XIV yasabye iki gihugu gukomeza kurinda ubuzima bwa muntu, ashimangira ko uburenganzira bwo kubaho ari bwo shingiro ry’ubundi bwisanzure bwose. Papa Leo XIV yavuze ko nta muntu ushobora kwishimira ubwisanzure cyangwa ngo […]
Kiliziya Gatolika yatangije ubukangurambaga bushya bwo kubaka imiryango izira amakimbirane n’ihohoterwa
Kuri uyu wa 30 Kamena 2026, abasaga 60 bakorera ubutumwa muri Komisiyo y’Umuryango baturutse mu madiyosezi Gatolika atandukanye mu Rwanda bateraniye muri Centre Missionnaire Lavigerie i Kigali, mu mahugurwa ku Gitabo Ngenderwaho Gishyigikira Umuryango kiswe Tumurikiwe n’Ijambo ry’Imana/ Inyoborabiganiro y’umujyanama w’Imiryango nk’ inzira yo kwimakaza umuryango uzira amakimbirane n’Ihohoterwa Aya mahugurwa yateguwe na Komisiyo y’Ubutabera […]
Guhezwa kw’abana mu biganiro by’abakuru biri mu bituma ingo zisenyuka ku bwinshi_ Rev. Dr. Antoine Rutayisire
Rev. Past. Dr. Antoine Rutayisire yavuze ko imwe mu mpamvu zikomeye zituma ingo nyinshi zisenyuka ari uko abana bakurira mu miryango batigishwa ubuzima n’imibanire y’abashakanye, bitewe n’umuco wo kubirukana mu biganiro by’abakuru. Asanga gukemura iki kibazo bitangirira mu rugo, aho ababyeyi bakwiye gufata umwanya wo gutegura abana babo hakiri kare. Ibi yabitangaje mu gihe ikibazo […]