13 September, 2026
2 mins read

Umushumba Mukuru wa CRC At Boshoff yatandukanye n’umugore we nyuma y’imyaka irenga 30 babana

Nubwo yigishaga ko ishyingiranwa ari isezerano ry’iteka rishingiye ku mugambi w’Imana, Umushumba akaba na pasiteri w’Itorero muri Africa y’Epfo, Urukiko Rukuru rwa Johannesburg rwemeje burundu gatanya ye. Umushumba w’itorero rikomeye muri Afurika y’Epfo, At Boshoff, yatandukanye n’umugore we Nyretta bari bamaze imyaka irenga 30 babana, nubwo yari asanzwe yigisha ko ishyingiranwa ari isezerano ridacika rishingiye […]

2 mins read

Caritas Rwanda yasabye abakirisitu kwigomwa no gusangira n’abatishoboye muri iki gihe cy’Igisibo

Mu butumwa bwatanzwe ku itangira ry’Igisibo cy’iminsi 40, Caritas Rwanda yibukije abakirisitu ko igisibo atari ukwiyima gusa, ahubwo ari umwanya wo guhinduka no kugaragaza ukwemera mu bikorwa by’urukundo no gufasha abaciye bugufi Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, mu gihe Kiliziya Gatolika yatangiye Igisibo cy’iminsi 40 itegura guhimbaza umunsi mukuru wa Pasika, […]

2 mins read

Ubwo hatangizwaga Igisibo, abakristu basabwe kugenga inda n’irari no kwibohora ku cyaha

Karidinali Kambanda yasabye abakristu gukoresha neza igihe cy’Iminsi 40 biyegereza Imana, basenga, basiba kandi bakarushaho gukora ibikorwa by’urukundo bibafasha kugera ku bwigenge nyabwo Kuri uyu wa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza Igisibo cy’iminsi 40 ku bakristu Gatolika ku isi yose, Nyiricyubahiro Antoine Karidinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yaturiye […]

1 min read

Alarm Ministries yongeye kuvuga ububasha n’ineza by’Imana mu ndirimbo nshya “Ni Ubuhe Bwoko”

Kuri uyu wa 18 Gashyantare, Alarm Ministries yasohoye indirimbo nshya yise “Ni ubuhe bwoko” itanga ubutumwa bukomeye bwo kugaragaza Imana nk’isoko y’ubugingo, igahamagarira Abakristu kuyiringira no kuyishimira iteka ryose. Alarm Ministries yongeye gushimangira umurongo wabo wo kuramya no guhimbaza Imana binyuze mu ndirimbo Ni ubuhe bwoko, igaragaramo amagambo yuzuye ubuhamya bw’ububasha bw’Imana. Iyi ndirimbo igamije […]

3 mins read

Ngarambe François Xavier na Solange bizihije Saint Valentin bavugurura isezerano ry’imyaka 32 babana nk’umugabo n’umugore

Mu gihe hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Abakundana uzwi nka Saint Valentin ku wa 14 Gashyantare 2026, Umuhanzi w’indirimbo za Krahanyuze Ngarambe François Xavier n’umugore we Solange Ngarambe bavuguruye isezerano ryabo ry’ugushyingiranwa bamaze imyaka 32 bubatse urugo. Babinyujije ku rubuga rwa Instagram, babwiranya amagambo y’urukundo yabaye isoko y’ibyishimo n’amasomo ku bakunzi babo, bwibutsa benshi ko urukundo nyarwo […]

2 mins read

Paruwasi ya Rulindo yahumurije umuryango w’umugeni waguye mu mpanuka agiye gusezerana

Mu mpanuka yabereye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, umugeni wari ugiye gusezerana yitabye Imana abandi icyenda barakomereka, Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rulindo akaba yahumurije umuryango we ndetse asaba imiryango n’abakirisitu gukomeza kuba hafi y’abagize ibyago no kubasabira ihumure. Padiri Alphonse Dukuzumuremyi, Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rulindo, yihanganishije umuryango wa Nyakwigendera […]

2 mins read

Korali Adonai Family yabwiye abantu ko kwiringira Imana no kuyitura imitima inaniwe ari soko y’imbaraga mu ndirimbo “Turakwerereza”

Mu ndirimbo yabo nshya Turakwerereza, Adonai Family Choir igaruka ku butumwa bwo kwegurira Imana imitima inaniwe, kuyisaba kuyobora ibikorwa bya buri munsi no kwemera ko nta cyo umuntu yabasha atari kumwe na Yo. Adonai Family Choir yashyize hanze indirimbo yitwa Turakwerereza, indirimbo yuzuye ubutumwa bwo guhimbaza no kwiringira Imana, aho abahanzi bayiririmba basaba Umukiza kuyobora […]

2 mins read

Arikidiyoseze ya Kigali yizihije Yubile y’imyaka 50 y’Ubwigishwa n’Isakaramentu rya Batisimu

Mu kwizihiza imyaka 50 Arikidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe, ubuyobozi bwagaragaje amateka y’Ubwigishwa, ibihe bikomeye bwanyuzemo n’intambwe imaze guterwa mu kunoza ubwgishwa, aho umubare w’abigishwa wiyongereye uva ku 56,000 mu 2009 ugera ku 67,000 muri iki gihe. Ku wa 15 Gashyantare 2026, muri Paruwasi ya Rulindo habereye ibirori byo kwizihiza Yubile y’imyaka 50 Isakaramentu rya […]

2 mins read

SECAM n’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika bagiye gusinyana amasezerano mashya agamije guteza imbere amahoro n’iterambere muri Afurika

Ku wa 13 Gashyantare 2026 hazasinywa amasezerano azasinyirwa i Addis Ababa ku wa 13, agamije gushimangira ubufatanye mu kurengera uburenganzira bwa muntu, kubaka amahoro no guteza imbere imiyoborere myiza ku mugabane wa Afurika. Mu rwego rwo gukomeza umurage wa Kiliziya Gatolika wo guharanira amahoro, ubutabera n’icyubahiro cya muntu, Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika no […]

2 mins read

Diyosezi ya Cyangugu mu cyumweru cy’umuryango yasabye abakiristu kongera kwisuzuma mu miryango yabo

Guhera ku wa 06 kugeza ku wa 15 Gashyantare 2026, abakristu barakangurirwa gusubiza umuryango agaciro no gufata ingamba zo kuwukomeza binyuze mu masengesho, inyigisho n’ibikorwa by’urukundo. Mu gihe Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri guhimbaza icyumweru cyahariwe umuryango, Diyosezi ya Cyangugu ikomeje gahunda n’ibikorwa bigamije gufasha abakristu gusubiza umuryango agaciro no guhangana n’ibibazo biwugarije. Ibi bikorwa […]