13 September, 2026
3 mins read

Padiri Jean Pierre Nsabimana yagizwe umuyobozi mushya w’Iyamamazabutumwa rihuweho n’u Rwanda, RDC n’u Bubiligi

Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Gikondo agiye kuyobora Intara yitiriwe Umuryango Mutagatifu mu butumwa bwagutse bw’iyogezabutumwa n’imiyoborere Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, Umuryango w’Iyamamazabutumwa Gatolika uzwi ku izina ry’Abapalotini watangaje ko Padiri Jean Pierre Nsabimana, wari Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Gikondo muri Arikidiyosezi ya Kigali, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Intara yitiriwe Umuryango Mutagatifu. Iyi […]

2 mins read

Abanyafurika basabwe gushyira hamwe mu kurengera ibidukikije no kurwanya imihindagurikire y’ikirere

Perezida wa SECAM yibutsa ko n’ubwo Afurika itagira uruhare runini mu guhumanya ikirere, ari yo yibasirwa cyane n’ingaruka z’ihindagurika ry’ikirere maze asaba abakristu gushira imbaraga mu kurengera no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Karidinali Fridolin Ambongo Besungu, Arikiyepiskopi wa Kinshasa akaba na Perezida w’Inama y’Amakongere y’Abepisikopi ba Afurika na Madagasikari, yasabye Abakristu n’abaturage ba Afurika bose kwishyira […]

1 min read

Korali Iriba_Taba itangiye umwaka n’indirimbo “Nzajya mu Ijuru” ikora ku mitima ya benshi

Indirimbo nshya ishimangira intego yo kugana Ijuru ikomeje kwakirwa neza n’abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Korali Iriba ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Taba, mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, yatangije umwaka wa 2026 yigarurira imitima ya benshi binyuze mu ndirimbo yayo nshya yitwa Nzajya mu Ijuru, yashyizwe hanze kuri uyu wa 21 […]

1 min read

“Hari Amahoro” _Indirimbo ishimangira ko amahoro nyakuri ava muri Yesu Kristu

Umuramyi Yvonne Uwase yatangiye umwaka wa 2026 atanga ubutumwa mu ndirimbo nshya igaruka ku mahoro yo mu mutima, ukwizera n’ihumure riboneka mu kwemera Kristu. Umuhanzi Uwase Yvonne yashyize hanze indirimbo nshya yitwa Hari Amahoro, indirimbo y’ivugabutumwa igaruka ku mahoro aturuka muri Yezu Kristu, ishobora gutuma umutima w’umuntu utuza no kumuha imbaraga zo guhangana n’ibigeragezo by’ubuzima. […]

4 mins read

Raporo: Nigeria na Somalia bikomeje kuyobora ibihugu byagaragayemo ukwiyongera gukabije ku itotezwa ry’Abakristu ku isi

Abakristo bagera kuri miliyoni 388 bari mu bihugu 50 bibarirwa mu byo itotezwa n’ivangura byibasiye cyane, Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara igahagarara nabi kurusha ahandi kuko ari ho ibi bikorwa byiganje. Umuryango Mpuzamahanga ukurikirana itotezwa ry’Abakristo ku isi, Open Doors US, wasohoye raporo yawo ngarukamwaka ya World Watch List 2026, igaragaza ko itotezwa ry’Abakristo […]

2 mins read

Paruwasi ya Gitarama yatangirijwemo ku rwego rw’igihugu Icyumweru cyo gusabira ubumwe bw’Abemera Kristu

Uyu muhango wo gutangiza iki Cyumweru wabaye ku wa 18 Mutarama 2026 uhuza amadini atandukanye mu Karere ka Muhanga mu gusabira hamwe ubumwe n’urukundo hagati y’abakristu. Kuri iki cyumweru tariki ya 18 Mutarama 2026, muri Paruwasi yitiriwe Mutagatifu Andereya Gitarama, habereye umuhango wo gutangiza ku rwego rw’igihugu Icyumweru cyahariwe gusabira ubumwe bw’Abemera Kristu, igikorwa ngarukamwaka […]

2 mins read

Kiliziya Gatorika mu myiteguro ya SIGNIS World Congress 2026 izabera i Kigali

Inama ya kabiri ya Komite itegura kongere Mpuzamahanga yateraniye ku kicaro cya CEPR ku Ruyenzi, isuzuma aho imyiteguro igeze n’ingamba zo kuyihutisha. Ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, ku kicaro cy’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda (CEPR) kiri ku Ruyenzi, habereye inama ya kabiri ya Komite ishinzwe gutegura SIGNIS World Congress 2026, Kongere Mpuzamahanga […]

3 mins read

Diyosezi ya Byumba yungutse abandi baseserdoti batatu mu muhango wabereye kuri Katederali ya Byumba

Kuri uyu wa 17 Mutarama 2026, muri Paruwasi Katederali ya Byumba, habereye ibirori by’itangwa ry’Ubusaserdoti ku bari abadiyakoni batatu ari bo Oscar Kwizera, Emmanuel Kavutse na Jean de Dieu Nsabimana. Ni mu Misa yayobowe na Musenyeri Papias Musengamana, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Byumba, ari kumwe na Musenyeri Servilien Nzakamwita wa Diyosezi ya Byumba uri mu […]

2 mins read

Vatican na Koweti bashimangiye ubufatanye mu kubaha amadini no guteza imbere amahoro mu Kigobe cy’Abarabu

Uruzinduko rwa Karidinali Pietro Parolin rwagaragaje intambwe nshya mu mubano wa dipolomasi umaze imyaka irenga 50. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara rihuriweho na Leta ya Vatican na Leta ya Koweti, impande zombi zashimangiye akamaro ko kubahana no kubana mu mahoro hagati y’amadini atandukanye, mu rwego rwo guteza imbere amahoro, ubwumvikane n’ubwiyunge mu karere k’Ikigobe cy’Abarabu. Ibi […]

3 mins read

Ubukwe bwuzuye ukwizera n’urukundo: Niyo Bosco na Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Niyo Bosco, yatangiye urundi rugendo rw’ubuzima bwe ashinga urugo na Mukamisha Irene mu muhango wahuje umuco, amategeko n’iyobokamana. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo […]