Dore Impamvu Hari Abantu Bikundira Kuba Bari Single
Nubwo wowe ubizwa icyuya no gushaka uwo mukundana , burya hari n’abantu babifata nk’ibisanzwe kugeza bamaze kugira imyaka myinshi bakabona kwibuka ko byari ingenzi. Muri iyi nkuru uramenyeramo impamvu. Gushakisha uwo mukundana rero ni ibintu bigoye cyane mu buzima by’umwihariko iyo urimo gushakisha umuntu ugasnga afite ibi bimenyetso cyangwa se wa muntu wumva ntacyo bitwaye […]
Nyuma Y’imyaka 12 Barabuze Urubyaro Bibarutse Abana 3 B’impanga
Ni ibintu bidakunze kubaho, ariko umugore wari umaze imyaka 12 yarabuze urubyaruko yaje gutwita Imana imuha impano y’abana 3 maze benshi bamufasha gutambutsa amashimwe. Ibyishimo ni byose muri Nigeria by’umwihariko mu Mujyi wa Benin aho umugore witwa Phoebe wari umaze imyaka 12 ashatse ariko akabura urubyaro yaje kwibaruka 3 icyarimwe maze abyita ibitangaza by’Imana no […]
Umuramyi Soso Mwiza Yashimangiye Urukundo Rwa Yesu Ari Nako Akomeza Gutera Intambwe
Nyuma yo gukorana indirimbo na Rosa Muhando “Ndugu”, Soso kuri ubu yagarukanye ubutumwa bwo gushimira Imana no kwibutsa abantu agaciro k’urukundo rwa Yesu wabitangiye abapfira ku musaraba. Umuhanzikazi Solange Mwiza uzwi nka Soso mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ituro”. Iyi ndirimbo ikurikira “Ndugu” yakoranye na Rose Muhando, igaragaza […]
“Two Souls One Home” Y’umuramyi Brian Doerksen Yibanda Ku Rukundo N’ubusabane Mu Bashakanye
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Canada, Brian Doerksen, yagarukanye indirimbo yuje ubutumwa bwimbitse ku rukundo, kwihangana no kubaka urugo rufite imizi ikomeye. Umuhanzi w’Umunyacanada wamamaye mu muziki wa Gospel, Brian Doerksen, watsindiye ibihembo bya Juno Awards inshuro nyinshi, yongeye kwigaragaza ku ruhando Mpuzamahanga binyuze mu ndirimbo ye nshya yitwa “Two Souls […]
“Woye Yesu” Indirimbo Yo Kuramya Ikomeje Gukora Ku Mitima Ya Benshi Muri Ghana
Umuhanzi w’indirimbo z’Imana uzwi cyane w’umunye_Ghana Christiana Attafuah, yashyize hanze indirimbo ikomeye y’ubuhamya n’ishimwe rya Yesu Kristo ikaba ikomeje kwigarurira benshi. Umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Ghana wongeye gukungahazwa n’indirimbo nshya yitwa “Woye Yesu”, yahuriyemo abahanzi b’inararibonye mu ndirimbo zo kuramya. Iyi ndirimbo iri kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki wa Gospel kubera ubutumwa bwimbitse […]
Amakuru Mashya: Shampiyona y’u Rwanda 2025/2026 Igiye Kongerwamo Amakipe Yo Muri Sudani
Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani bifuza kwinjira muri Rwanda Premier League, FERWAFA ikaba iri gusuzuma icyifuzo cyabo. Amakuru yemejwe na Televiziyo y’u Rwanda (RTV) aravuga ko amakipe atatu akomeye yo muri Sudani Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani yandikiye Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), asaba ko […]
Ni Nde Uzahagarika Amakimbirane Akomeje Gukura Mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda
Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bushinja abahoze mu mirimo kwivanga mu miyoborere, mu gihe abashinjwa bo bavuga ko hari akarengane gakomeje gukorerwa abapasiteri n’abayobozi bamwe. Ibibazo bikomeje gufata indi ntera mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, nyuma y’uko ubuyobozi buriho bukomeje gushinja bamwe mu bahoze ari abayobozi b’itorero kwivanga mu miyoborere, mu gihe abo bashinjwa bo […]
Abihayimana Basabwe Kwegera Umutima wa Kristu no Kumwigiraho Kugira Impuhwe
Mu butumwa yagejeje ku Baseminari baturuka mu Ishuri rya Gatorika ry’Abanyaportugali i Roma, ku isabukuru y’imyaka 125 rimaze rishingiwe, Papa Léon XIV yabibukije ko ubusaseridoti butagombera gusa umutima w’abantu, ahubwo bukeneye umutima umeze nk’uwa Yezu wuje impuhwe, urukundo n’ubudahemuka. Ibi yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Ukwakira 2025, ubwo Papa […]
Kiliziya Gatorika Barindwi barimo Bartolo Longo Bashyizwe Mu Rwego Rw’Abatagatifu
Mu Misa yabereye i Vatican ku wa 19 Ukwakira 2025, Papa Léon XIV yatangaje urutonde rw’Abatagatifu bashya barindwi, barimo Bartolo Longo, wahoze akorera Satani ariko nyuma akihana akabaho ubuzima bwo gusenga no gufasha abandi. Mu gitambo cya Misa gikomeye cyabereye ku mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatican, ku Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, Papa […]
Ni Iki Mu By’ukuri Bibiliya Yigisha Aho Abahanuzi Bakomeje Kuba Benshi Ku Isi?
Mu gihe abantu benshi biyita intumwa n’abahanuzi bitewe nuko isi irimo kugenda ihinduka maze hakaba abashuka abantu bakaba banabamaraho utwabo, Bibiliya isaba abakristo kuba maso no gusuzuma buri mpanuro n’ubutumwa mu mucyo w’Ijambo ry’Imana. Umwe mu bagabo batanze ubuhamya ashimangira ko hari benshi bakunze kwiyita abahanuzi n’intumwa bavuga ko basizwe amavuta n’Imana mu buryo bwo […]