15 September, 2026
3 mins read

Abantu benshi bakunda kubikora iyo bari mu bwogero kandi bikurura ibyago byinshi bikomeye

Nubwo kujya koga ari kimwe mu bikorwa biruhura umubiri bikanawugirira isuku iwurinda indwara, hari ibintu abantu bakunda gukora mu bwogero bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima. Abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko mu gihe umuntu agiye muri icyo gikorwa cy’isuku bakwiriye kwitwararika cyane bitaba ibyo ukwari ukugirira neza umubiri bikawukururira ibibazo. Bimwe mu bintu bishobora kugira […]

1 min read

Kiliziya Gatolika isanga inama ya SECAM Ibafasha mu gukomeza umurage w’ukwemera, ukwizera no kudacika intege

Ni bimwe mu byagarutsweho mu Ihuriro ry’Inama ya 20 y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), yitabiriwe n’abakaridinali, abasenyeri ndetse n’abapadiri baturutse mu bihugu bitandukanye muri Afurika. Nyiricyubahiro Cardinal Peter Kodwo Appiah Turkson, Umunya-Ghana ukorera ubutumwa i Roma, ni we watuye igitambo cya Misa itangiza inama ya SCEAM, muri Paruwasi ya Regina Pacis. Uretse Minisitri w’Intebe, […]

3 mins read

“Hambere baganuraga ibijyanye n’imbuto gakondo ariko ubu byaragutse” Uwiringiyimana Jean Claude agaruka k’Umuganura

Intebe y’Inteko yungirije ushinzwe kubungabunga no guteza imbere ururimi n’umuco, Uwiringiyimana Jean Claude agaragaza ko Umuganura urenze kuba ari umuhango gusa ahubwo ari ukuzirikanana nk’Abanyarwanda, bafashanya, bishimira ibyo bagezeho n’aho bitagenze neza hakabaho kwigaya ugamije kubikosora mu mwaka ukurikiyeho. Ibi Uwiringiyimana arabigarukaho mu gihe kuri uyu wa 01 Kanama 2025, Abanyarwanda, inshuti z’u Rwanda, baba […]

1 min read

Abahanga mu buvuzi muri Afrika mu ngamba zo kunoza no koroshya ubushakashatsi

Abashakashatsi mu by’ubuzima bagaragaje ko muri Afurika kwemerera abantu gutangira ubushakashatsi ku miti n’inkingo bitinda cyane, bigatuma iterambere ry’ubuvuzi ridindira. Mu gihe byari bikwiye ko uruhushya ruboneka mu mezi abiri, muri Afurika usanga bitwara amezi icyenda cyangwa se imyaka ibiri, uretse mu bihugu bike, aho nko mu Rwanda ubu bitwara iminsi 67 gusa. Mu rwego […]

1 min read

Ubushakashatsi: Kuki atari byiza Guha abana telephone batarageza imyaka 13?

Ubushakashatsi bushya bwasohowe n’ikigo cyitwa Sapien Labs cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwagaragaje ko abana batangiye gukoresha smartphones mbere y’imyaka 13 bashobra guhura n’ibibazo bikomeye byo mu mutwe mu gihe bakuze. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu barenga 27,000 bafite hagati y’imyaka 18 na 24 mu bihugu 190, bwagaragaje ko abana bahawe smartphones bakiri bato […]

3 mins read

Ni gute ababyeyi barera abana babo bibereye umuco Nyarwanda? ‘From Boys to Men’_ Maggie Dent

Mu muryango nyarwanda, kurera umwana si ukumwigisha gusoma no kwandika gusa, ahubwo ni ukumutoza kuba umuntu wujuje ubupfura, ubumuntu no kumenya kubana n’abandi mu mahoro. Muri iki gihe Isi ihura n’ibibazo by’ubusumbane, ihohotera n’amakimbirane, ikoranabuhanga riyobya benshyi ndetse n’ibindi byinshi biyobya benshi, ababyeyi bafite inshingano ikomeye yo gutegura abana babo, kugira ngo bazavemo abagabo bashoboye […]

1 min read

Umuburo w’Umuyobozi wa OpenAI ku bakoresha ChatGPT

Umuyobozi wa OpenAI igenzura ChatGPT, Sam Altman, yaburiye abantu baganiriza iri koranabuhanga amabanga yabo kuko ashobora kugezwa mu nkiko. Mu kiganiro ’This Past Weekend Podcast’, Altman yavuze ko ChatGPT idafite ubushobozi bwo kurinda amakuru, nubwo ikoreshwa n’abatari bake barimo n’abana bayifata nk’umujyanama. Altman yakomeje avuga ko abantu badakwiye kwitega ko ibiganiro bagirana na ChatGPT birinzwe, […]

3 mins read

Abenshi bakomoko mu miryango y’abaherwe. Abakire 10 bakiri bato

Muri uyu mwaka wa 2025, urutonde rw’abaherwe ku isi rugaragaraho abakiri bato bafite ubukire buhanitse rwagaragaje ko abakiri munsi y’imyaka 30 bafite ubutunzi buhagije ari bake cyane, kuko ari 21 gusa ku isi hose. Aba bakiri bato bafite ubukire bwinshi, benshi baturuka mu miryango ikize cyane, mu gihe abandi ari abashoramari b’ikoranabuhanga bagize amahirwe yo […]

1 min read

Kiliziya gatorika hari abapadiri yitabaje mu kugeza ubutumwa bwiza ku rubyiruko

Kiliziya Gatolika ku Isi yatumiye i Roma bamwe mu bapadiri basanzwe bakundwa n’abantu ku mbuga nkoranyambaga, kubera uburanga n’imiterere y’imibiri yabo, kugira ngo bafashe urubyiruko kumva neza inyigisho zayo. Aba bapadiri ku mbuga nkoranyambaga bahawe izina rya ‘Hot priests’ cyangwa se abapadiri b’uburanga. Iri zina rikoreshwa bashaka kuvuga abapadiri beza ku isura cyangwa abafite imibereho […]

4 mins read

Menya Byinshi kuri Knee Down Proposal cyangwa Gutera ivi bifatwa nk’ibigezweho

Gutera ivi cyangwa se Knee Down Proposal ni kimwe mu bikorwa bigezweho cyane muri iki gihe hagati y’abakundana byumwihariko ku basore bifuza gusaba inkumi bihebeye ko barushinga. Abakobwa na bo kandi ntabwo batanzwe dore ko aho iterambere rigeze na bo basigaye baterera ivi abasore. Ibi bikaba bikorwa iyo bombi bageze ku ntambwe yo kubana akaramata. […]