“Special Sunday” ni igitaramo cyateguwe n’umuramyi Eric Niyonkuru azahuriramo n’abandi baramyi batatu bo muri FinLand
Kuri iki Cyumweru tariki 21 Nzeli 2025, umuhanzi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Eric Niyonkuru, arakora igitaramo cy’imbaturamugabo azahuriramo n’abaramyi batatu bo muri Finland. Iki gitaramo ’Special Sunday’ kibaye ku nshuro ya kabiri. Uyu mwaka gifite umwihariko kuko cyatumiwemo Ev. Elissa Rutaganira uzaturuka mu gihugu cya Sweden. Abazitabira bazumva ubuhamya n’indirimbo nshya zizashyirwa […]
MINISANTE igiye guha abajyanama b’ubuzima bo mu Ntara y’amajyepfo y’igihugu cy’u Rwanda amagare ndetse na telephone
Minisiteri y’Ubuzima yasezeranyije abajyanama b’ubuzima bo mu Ntara y’Amajyepfo ko muri uku kwezi kwa Nzeri n’Ukwakira 2025 bazahabwa telefone ziborohereza itumanahaho, ndetse nyuma bahabwe n’amagare yo kubafasha mu ngendo. Ibyo ni bimwe mu byagarustweho na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, ubwo yasozaga uruzinduko rw’iminsi ibiri muri iyo ntara. Ni uruzinduko yasuyemo inzego zitandukanye z’ubuvuzi mu […]
Dorcas n’umugabo we Papi Clever bahishuye byinshi ku buzima bwabo
Ni imwe muri ‘Couple’ zimaze guhamya ibigwi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ndetse ibihangano byabo byambukiranyije imipaka birenga imbibi z’u Rwanda. Abo ni umuhanzi Tuyizere Papi Clever na Ingabire Dorcas bamaze imyaka itandatu babana nk’umugabo n’umugore. Aba bombi bafitanye abana batatu barimo abakobwa babiri n’umuhungu umwe bibarutse umwaka ushize. Papi Clever yasezeranye imbere […]
Tariki 11 Nzeri: Umunsi nk’uyu mu mateka
Turi ku wa 11 Nzeri 2025. Ni umunsi wa 254 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 111 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1974: Kayibanda n’umugore we bavanywe i Rwerere bajyanwa gufungirwa i Kavumu mu rugo rwabo ari na ho baguye.2011: Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri […]
Umukinnyi witwa Bingi Belo avuga ko yazinutswe ikipe ya Rayon Sport bitewe n’agahinda yamuteye
Mucyo Antha wifuzaga kugurisha rutahizamu Chadrak Bingi Belo muri Rayon Sports, yagaragaje ko uyu mukinnyi yasubiraye iwabo afite agahinda kubera kudahabwa agaciro na Rayon Sports, ashimangira ko nta kizayimugaruramo. Muri Nyakanga 2025 ubwo amakipe menshi yari arimbanyije ibikorwa byo gushaka abakinnyi azakoresha mu mwaka w’imikino wa 2025/26 uri hafi gutangira, ni bwo Rayon Sports yatangaje […]
Ubushakashatsi bwagaragaje impamvu itunguranye ituma abantu barushaho gukunda kurya isukari
Ice cream, amavuta akonje cyane n’ibinyobwa bikonje cyane bigira igikundiro cyihariye mu bihe cy’ubushyuhe mu mpeshyi. Uko ihindagurika ry’ibihe rituma ubushyuhe bwiyongera, ni ko benshi barushaho kubikoresha kurushaho, nk’uko ubushakashatsi bushya bubigaragaza, bikaba biteye impungenge ku buzima. Pan He, umwanditsi w’iyi nyandiko akaba n’umwarimu mu bijyanye n’ubumenyi bw’ibidukikije n’imibereho irambye muri Kaminuza ya Cardiff, yavuze […]
Ikipe y’ingabo z’igihugu ya APR FC yerekeje muri ½ mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2025
Ikipe ya APR FC yerekeje muri 1/2 cy’irushanwa rihuza amakipe yo muri karere ka Afurika yo hagati n’ay’Iburasirazuba rya CECAFA Kagame Cup 2025 nyuma yo kunganya na KMC FC. Kuri uyu wa Mbere saa Cyenda kuri KMC Stadium yo muri Tanzania ni bwo ikipe ya APR FC yakinnye na Kinondoni Municipal Council F.C (KMC FC) mu […]
Tariki ya 9 Nzeri: Umunsi nk’uyu mu mateka
Turi ku wa 9 Nzeri 2025. Ni umunsi wa 252 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 113 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1776: Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni bwo cyahawe iryo zina kireka kwitwa “United Colonies.”1791: Washington D.C yagizwe umurwa mukuru wa Leta Zunze […]
Abapasiteri bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru bagabiwe inka 15 na ADEPR
Itorero ADEPR ryakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho aho ryagabiye inka abashumba bagiye mu kiruko cy’izabukuru ndetse rikora n’ibindi bikorwa bihindura ubuzima bw’abantu. Ku wa Gatandatu tariki 06 Nzeri 2025, ni bwo Umushumba Mukuru wa ADEPR, Rev. Isaie Ndayizeye, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero, yasuye ADEPR Paruwase Mahembe yo muri ako Karere, ayobora ibikorwa by’ubugiraneza bitandukanye. […]
Lecrae nyuma yo gutaramira mu Rwanda bwa mbere yiyemeje kuzajya agaruka buri mwaka
Umuraperi w’Umunyamerika uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Devaughn Moore uzwi cyane nka Lecrae, ufite Grammy Awards enye, yataramiye bwa mbere mu Rwanda mu ruhererekane rw’ibitaramo bye bizenguruka Isi, “Reconstruction World Tour”, anahishura ko ashaka kuzajya agaruka buri mwaka. Igitaramo cya Lecrae cyabaye tariki ya 6 Nzeri 2025, muri Camp Kigali. Yataramanye n’abarimo Chryso Ndasingwa […]