11 September, 2026
2 mins read

Umuramyi Theo Bosebabireba yashimiye umwe mu bafana be wamufashije gukora indirimbo yitwa “ Nta joro ridacya”

Theo Bosebabireba amaze imyaka 19 mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, akaba abura amezi macye ngo yuzuze imyaka 20. Yatangiye kuba muri Korali kuva mu 1994 ubwo yaririmbaga muri Omega Choir. Ibi bisobanuye ko umuziki muri rusange awumazemo imyaka irenga 30. Theo Bosebabireba [Papa Eric] ukunzwe cyane mu Karere, amaze gukora indirimbo amagana zahinduye […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 3 Ukwakira

Turi ku wa 03 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 276 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 89 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Repubulika Iharanira Demokarasi y’u Budage yakuweho ihinduka Repubulika y’Abaturage y’u Budage, uwo munsi unahindurwa uw’ubumwe bw’icyo gihugu.1993: Abasirikare 18 ba Amerika n’abanya-Somalia barenga 350 […]

1 min read

Bakubiswe n’inkuba ubwo barebaga umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Pyramid Fc

Abaturage 16 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo, barebaga umukino wa CAF Champions League wahuzaga APR FC na Pyramids FC, bakubiswe n’inkuba umunani barakomereka ndetse banajyanwa kwa muganga. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025 mu Mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Kabura mu Murenge wa Kabarondo mu Karere […]

2 mins read

Amatike y’injira mu gitaramo cy’umuramyikazi Jesca Mucyowera yashyizwe hanze

Mucyowera Jesca ni umuririmbyi w’umuhanga akaba n’umwanditsi mwiza w’indirimbo za Gospel. Ni we wanditse ‘Shimwa’ ya Injili Bora yamamaye cyane. Avuga ko kuririmba abikora agamije kuramya no guhimbaza Imana ndetse no kwagura ubwami bwayo.  Ni umubyeyi w’abana 4 yabyaranye n’umugabo we Dr Nkundabatware Gabin bashakanye mu 2015. Arasaba abakunzi be gukomeza kumushyigikira bakareba ibihangano bye […]

4 mins read

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi yo gutwitira undi rikubiyemo ibihano bikakaye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko hazabamo uburiganya. Ni itegeko ririmo ingingo zitari zisanzweho, nko gutwitira undi no guha uburenganzira abafite kuva ku myaka 15 bwo gusaba serivisi z’ubuvuzi zose batagombye guherekezwa. Icyaha gikakaye […]

4 mins read

Nicyo gihe ngo amafunguro twafataga twongeremo ku bwinshi ibikomoka k’umatungo: Ubushakashatsi

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yagaragaje ko 98% by’ibiribwa Abanyarwanda barya ari ibikomoka ku buhinzi, mu gihe ibikomoka ku matungo ari 2% mu mwaka. Iyi mibare igaragaza ko mu 2024 ingufu zikomoka ku biribwa (calories) Umunyarwanda umwe arya ku munsi zageze ku 2.239, zivuye ku 2.290 zariho mu mwaka 2023, muri zo 40,3 akaba ari […]

2 mins read

Ese wari uziko Radiyo Salus igiye kumara hafi ukwezi itumvikana? Dore ikibyihishe inyuma

Radio Salus ya Kaminuza y’u Rwanda (UR) igiye kumara hafi ukwezi itumavikana ku mirongo ibiri yombi yumvikaniragaho, uretse gusa ibyo inyuza ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru twamenye dukesha ikinyamakuru IGIHE ni uko Radio Salus igiye kumara ukwezi itumvikana dore iko iheruka kuvuga mu ntangiriro za Nzeri uyu mwaka. Icyo kibazo cyatangiye mu mpera za Kanama 2025 […]

1 min read

Umuramyi Uwizera Benjamin na Divine Muntu bagiye kuba bamwe mu bagize umuryango mugari wa Gospel w’abarushinze

Ku Cyumweru, tariki 28 Nzeri 2025, Divine na Benjamin bombi berekanwe mu rusengero rwa ADEPR Gatenga mu muhango wari wuzuyemo ibyishimo, witabiriwe n’inshuti, imiryango n’abakristo. Ubukwe bwabo buteganyijwe kuba mu kwezi kwa Mbere 2026. Umuramyi wa Gospel Divine Nyinawumuntu, uzwi nka Divine Muntu, w’imyaka 22, agiye kurushinga na Uwizera Benjamin, umuririmbyi wa Holy Nation Choir akaba n’umushoramari. Ibi bibaye nyuma y’uko […]