10 September, 2026
1 min read

Abaramyi babiri barimo Mubogora na Tresor bahurije hamwe imbaraga na Holy Nation mu ndirimbo “Umeniinuwa”

Nyuma y’uko perezida wa Holy Nation Choir, Komezusenge Jeremih, aherutse gutangaza ko bafite imishinga yagutse biteguye kugeza ku bakunzi babo. Yashishikarije abakunzi b’indirimbo zo guhimbaza Imana kubakurikira umunsi ku munsi kuko babateguriye indirimbo nziza zizafasha ubugingo bwabo bahise bashyira indiimbo hanze bafatanyijemo n’abandi baramyi. Ubusanzwe Holy Nation ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gatenga, ikaba yashyize […]

2 mins read

Umukinnyi wa Liverpool Diogo Jota yitabye Imana

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Porutigali ryemeje ko rutahizamu wa Liverpool, Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Esipanye. Uyu mukinnyi w’imyaka 28, wari usanzwe ari n’umukinnyi mpuzamahanga wa Porutigali, yari mu modoka hamwe n’umuvandimwe we André Silva, w’imyaka 26, na we ukinira FC Penafiel mu cyiciro cya kabiri cya shampiyona ya Porutigali. Ni impanuka […]

2 mins read

Umuvugabutumwa akaba n’Umuhanuzi Vincent Mackay yateguje igitaramo kizabera muri Canada

Uyu muvugabutumwa asanzwe abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho yateguye igitaramo kizabera muri Canada ndetse akaba azifatanya n’abandi baramyi bakomeye harimo abahanzi bazwi nka Olivier Babudaa na Moses Mugisha. “Prophetic Night” ni ryo zina ryahawe iki gitaramo aho kizaba ku wa gatandatu tariki ya 5 Nyakanga aho kizabera mu Mujyi wa Ottawa muri Canada […]

1 min read

Indirimbo nshya y’umuramyi Ishimwe Vestine afatanyije na Dorcas izamurikirwa mu bukwe bwe

Uyu muhango uteganyijwe ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru tariki 5 Nyakanga 2025, uzabera mu Intare Conference Arena, aho hazahurira abashyitsi b’ingeri zose barimo inshuti, imiryango n’abakunzi b’umuziki wa gikirisitu, bavuga ko kandi biteguye neza kuzamurikira abatumirwa indirimbo nshya yitwa” Emmanuel” mbere y’uko ishyirwa ahagaragara. ‘Emmanuel’ izaba ari indirimbo ya mbere aba bombi basohoye umwe muri […]

1 min read

Abaramyi babiri urukundo rwabo rubabereye iteme ryo gukomeza imikoranire mu murimo w’ivugabutumwa

Hashize iminsi umuramyi Chryso Ndasigwa atangaje ko agiye kurushingana n’umukunzi we Sharon Gatete ndetse bavuga ko hari icyerekezo gishya bafite nk’umugabo n’umugore bagiye kurushinga kandi bizeza abantu ko hari umurongo mushya w’indirimbo zuzuye ububyutse n’urukundo rw’Imana bazagarukaho. Bavuga ko bazashingira ku cyo imana izababwira kandi nibahitamo gukorana nk’itsinda bazatangaza izina bazajya bakoresha ndetse ngo bombi […]

2 mins read

Umuramyi Evangelist Iradukunda Juvenal yateguje abakunzi be Album ye ya mbere

Evangelist Iradukunda Juvenal “ Amani” umuvugabutumwa akaba n’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana nyuma y’uko yari amaze ukwezi yaragiye muri Kenya mu bikorwa by’ivugabutumwa no gutunganya indirimbo azashyira kuri Album ye ya mbere yaraye agarutse mu Rwanda. Uyu muramyi Amani uzwi mu Itorero rya Shekinah Missions risanzwe rikorera mu Karere ka Rubavu akaba ari […]

1 min read

Umuhanzi nyarwanda Yves Rwagasore mu ndirimbo nshya

Uyu muramyi Yves Rwagasore akaba ari umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kuri ubu akaba atuye muri Canada akaba yongeye gukora indirimbo yise”Intsinzi”nyuma yuko hari hashize ukwezi kumwe ashyize hanze iyo yise”Narababariwe”. Iyi ndirimbo ikubiyemo amagambo atanga ubutumwa ndetse yakoze iyi ndirimbo mu rwego rwo kwibutsa abizera ko intsinzi yabo ari Yesu bityo […]

1 min read

Ibyo utamenye k’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Mwiza Zawadi

Mwiza Zawadi ni umwe mu bahanzi b’abakobwa batanga icyizere cy’ejo hazaza heza h’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Yavukiye ahitwa I Nyarubure mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba  ndetse kandi yabyirutse akunda umuziki ndetse afite inyota yo kuzawukora mu buryo bw’umwuga. Uyu muhanzi yari amaze iminsi atagaragara muri uyu muziki kubera ko ngo yaramaze […]

1 min read

Imyiteguro y’igitaramo irarimbanyije “Abaragwa Choir”.

Mu minsi ishize nibwo Abaragwa Choir babarizwa mu itorero rya ADEPR Kicukiro shell yateguje abakunzi bayo igitaramo giteganyijwe mu mpera z’umwaka. Korali Abaragwa yatangiye ivuga butumwa nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, aho yatangiye ari korali y’abana  kugeza aho yaje kwitwa Abaragwa mu 1998. Ubu ikaba iri gutegura igitaramo bise Yadukunze urukundo live concert […]

2 mins read

Ibyaranze umunsi w’akataraboneka wa Vestine wo gusezera ubukumi bwe

Byagaragaye ko Ouedraoso Idrissa wasezeranye na Ishimwe Vestine ari umusore utunze agatubutse, ku buryo na mbere yo gusezerana yabanje guhindura ubuzima bw’umuryango w’uyu mukobwa akanawimurira mu nzu nziza ijyanye n’igihe, ndetse ababyeyi ba Vestine bakaba barishimiye uyu mukwe wabo. Ouedraoso Idrissa wo muri Burkina Faso ni umukozi w’Umuryango Mpuzamahanga ugamije kurwanya ubukene (Innovations for Poverty […]