20 July, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Nzeri

Turi ku wa 25 Nzeri 2025. Ni umunsi wa 268 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 97 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1961: Habayeho icyiswe Kamarampaka,cyasize hakuweho ubwami, Abatutsi bakomeza kumeneshwa, kwicwa no gutwikirwa.2021: Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado, […]

1 min read

Umukinnyi Memel Dao ukinira ikipe ya APR FC yatanze ubutumwa bukomeye ku ikipe ya Pyramids Fc bitegura guhura muri C AF Champions League

Umunya-Burkina Faso Memel Raouf Dao ukinira ikipe ya APR FC hagati mu kibuga yavuze ko Pyramids FC bitegura guhura muri CAF Champions League nta bwoba ibateye. Ibi uyu musore ukina hagati mu kibuga asatira yabivuze anyuze ku rubuga rwa Instagram aho yashyize ubutumwa nyuma y’umukino Pyramids FC bitegura guhura mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya […]

1 min read

Kunywa inzoga byangiza ubuzima: Ubushakashatsi bugaragaza ko ikigero cyose cy’inzoga wanywa bitera indwara

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kunywa inzoga kabone nubwo waba uzinywa mu rugero cyangwa unywa nkeya bishobora kugira ingaruka ku buzima ku buryo bishobora no kugutera kurwara indwara yo kwibagirwa ya ‘dementia’. Ubu bushakashatsi buvuguruza ubwari busanzwe buhari bugaragaza ko kunywa inzoga nkeya nk’urugero ibirahure birindwi byazo mu cyumweru ari byiza ku bwonko bwawe kurusha kutazinywa. Gusa […]

2 mins read

Umukire uzwi nka Bill Gates mu rwego rwo kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya yemeye gutanga Miliyoni $912

Bill Gates wabaye igihe kinini ku ntebe y’icyubahiro y’umukire wa mbere ku Isi, n’ubu akaba ari mu ba mbere ku Isi, ubwo yari i New York mu nama ya Reuters Newsmaker, yagaragaje uko ibibazo by’ubuzima byugarije abana b’Afurika bikomeye cyane. Yahise yitanga Miliyoni $912 angana na 1,320,120,000,000 Frw [ararenga Tiriyari 1 na Miliyari 320 Frw]. Yagize ati: “Umwana […]

3 mins read

Igihombo gikomeye muri Gospel: Uwanditse indirimbo yitwa “Jesus, Take the Wheel” yitabye Imana

Brett James, wafatanyije na Carrie Underwood mu kwandika iyo ndirimbo “Jesus, Take the Wheel”, ni we umwe mu bahitanwe n’iyo mpanuka yabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kane ushize, hafi saa cyenda z’amanywa mu mujyi wa Franklin. Umwanditsi w’indirimbo za Gospel, uzwi cyane ku ndirimbo “Jesus, Take the Wheel” yatwaye Grammy Award, Brett James, ari mu bantu bitabye […]

3 mins read

Leta y’u Rwanda yashyize umucyo ku itegeko ryo gutwitira undi no kuboneza urubyaro ku bana bafite imyaka 15

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye zirimo iyo gutwitira undi, no guha uburenganzira abafite kuva ku myaka 15 bwo gusaba serivisi z’ubuvuzi zose batagombye guherekezwa. Iri tegeko ryasohotse mu igazeti ya Leta yo ku wa 18 Nzeri 2025, rifite ingingo 111. Ingingo ya 23 ivuga ko “Abashyingiranywe cyangwa undi muntu […]

1 min read

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sport Ndikumana Asman nyuma yo kugira imvune ashobora kumara amezi atatu adakina

Rutahizamu wa Rayon Sports Ndikumana Asman ashobora kumara amezi ane adakina nyuma yo kuvunikira mu mukiko wa CAF Confederation Cup yatsinzwemo na Singida Black Stars igitego 1-0. Uyu rutahizamu yavunitse ku munota wa kabiri muri itanu yari yongerewe ku mukino biba ngombwa ko ahita ajyanwa mu bitaro bya Nyarugenge n’imbangukiragutabara ngo akorerwe ibizamire harebwe ubureme […]

1 min read

Burya ngo amabara dukunda afite aho ahuriye n’imyaka dufite: Ubushakashatsi

Ibara umuntu akunda ni kimwe mu bikoreshwa kugira ngo amenye icyo umuntu akunda ariko ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ishobora no kugaragaza ikigero cy’imyaka agezemo. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko abantu bitewe n’igihe bavukiye hari amabara bagenda bahuriraho ku buryo ukunda ibara rya kaki (brown) bishoboka ko yaba yaravutse hagati ya 1946 na 1964. Ubu bushakashatsi bugaragaza […]

3 mins read

Umuramyi Jonas Bagaza yagize icyo avuga ku ndirimbo ziri kuri Album ye nshya

Yatangiranye n’indirimbo “Wera” ifite inkomoko mu Ibyahishuwe. Jonas Bagaza agira ati: “Ni indirimbo nari maze iminsi ntegereje mu buryo utakumva. Mu gihe cyo gusenga, numvaga amagambo yose nabwira Imana ntari gukora ku mutima wayo, hanyuma mu mutima wanjye hazamo ijambo ryo kubwira Imana ko yera: Uri Uwera”. Umuramyi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, […]