Bimwe mu bikorwa bituma Umuramyi Mubogora Disiré afatwa nk’icyitegererezo mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda
Mubogora Désiré atangiye kuyobora ibitaramo by’umuziki wa Gospel umuramyi w’Umunyarwanda, Mubogora Désiré, uzwi cyane mu itsinda rya True Promises Gospel Ministry, akomeje kwagura ibikorwa bye mu muziki wa gospel, aho yatangiye kugaragara nk’uyobora ibitaramo (MC) mu bitaramo bikomeye by’abaramyi n’amakorali. Ni intambwe nshya mu rugendo rwe rwa muzika, aho atagifasha abantu gusa binyuze mu ndirimbo, […]
Umuramyi Prosper Nkomezi agiye guhurira mu kiganiro n’umuyobozi wa karere ka Huye.
Umuramyi Prosper Nkomezi ategerejwe muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye mu biganiro by’ubufatanye n’iterambereUmuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda, Prosper Nkomezi, ategerejwe mu bikorwa byihariye bizabera muri Kaminuza yu Rwanda ishami rya Huye, ku wa 22 Ukwakira 2025 guhera saa 8:00 z’amanywa (2PM), aho azafatanya n’abayobozi n’abanyeshuri mu biganiro bigamije kurebera hamwe uruhare rw’Itorero mu […]
Aimé Frank yatanze igisobanuro kw’izina ry’umwana w’Imana ryitwa Emmanuel
Umuramyi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana, Aime Frank, agiye gukora igitaramo gikomeye cyiswe “Imana mu Bantu” kizabera muri Edmonton, Canada ku wa 9 Ugushyingo 2025, guhera saa 9:00 z’amanywa (3PM) Iki gitaramo cyitezweho gukomeza guhuza abanyarwanda n’abandi bakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bari mu mahanga, by’umwihariko muri Amerika y’Amajyaruguru. Aime Frank, amazina […]
Fortran Bigirimana utegerejwe muri Nezeza Ijuru 2025 akigera ku kibuga cy’indege yakiriwe mu buryo butangaje
Umuramyi Fortran Bigirimana yamaze kugera i Kigali,aho yiteguye gutaramira muri Nezeza Ijuru 2025 hamwe n’abandi baramyi bakomeye. Muri Nezaza Ijuru 2025 bashyize ho amasaha 6 mu bwiza bw’Imana. Umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda ukorera umurimo w’Imana mu mahanga, Fortran Bigirimana yamaze kugera mu Rwanda aho yiteguye kwifatanya n’abaramyi batandukanye mu gitaramo gikomeye cyiswe Nezeza Ijuru […]
Umuryango wa Chichi na Vovo wateguye ibihe byiza byo kuzana abantu ku gicaniro cyo kuramya
Chichi na Vovo bagiye gukora igitaramo gikomeye cyitwa “Close to the Altar Worship Experience” i Kigali.Iki gitaramo gikomeye cyane kizaba cyuzuyemo kuramya Imana, nyuma y’uko bashakanye kandi bagakundwa cyane mu muziki wa Gospel nyarwanda, Chichi na Vovo, batangaje ko bagiye gutegura igitaramo cyabo gikomeye bise “Close to the Altar Worship Experience.” Aba bombi bazafatanya n’itorero […]
Gen-Z Comedy Show y’uyu mwaka igiye kuba idasanzwe
Israel Mbonyi agiye kuririmbira bwa mbere muri Gen-Z Comedy Show I Kigali,mujyi wa Kigali witeguye kwakira igitaramo cyihariye cy’imyidagaduro gihuza urwenya n’umuziki wubaka, aho umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azagaragara bwa mbere muri Gen-Z Comedy Show. Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa Kane, tariki ya 30 Ukwakira […]
Urugendo Rurimo Yesu Ruroroha: Shiloh Choir Igiye Kongera Kwerekana Imbaraga z’Ubutumwa bwiza mumugi wa Gisenyi
Nyuma y’igitaramo “The Spirit of Revival 2025” cyabereye i Kigali ku itariki ya 12 Ukwakira 2025, Chorale Shiloh ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR, ikomeje urugendo rw’ivugabutumwa rugamije kuzana ububyutse no guhembura ubugingo bwa benshi, aho igiye gukomereza ubutumwa bwayo mu karere ka Rubavu, mu mujyi wa Gisenyi. Iki gitaramo cyabereye I Kigali cyari icya karindwi […]
Urukundo rwa Chris na Bella rutangiye kubyara imbuto z’ubutumwa bwiza
Chris na Bella batangije umurimo wo kuvuga ubutumwa bwiza binyuze mumashimwe. Ni inkuru y’ibyishimo ku bakundana n’abashakanye bifuza gukorera Imana. Umuryango wa Chris na Bella, umuryango w’abanyarwanda baba muri diaspora, watangije ku mugaragaro umurimo w’Imana binyuze muri “Thanksgiving Service” yabereye i Brisbane muri Australia, tariki ya 26 Ukwakira 2025. Gukorera Imana nk’abashakanye: inzira nshya y’ubutumwa […]
Biratangaje: Israel Mbonyi yatangaje ko mbere ya 2018 atarafite amakuru na macye ku mikorere ya YouTube
Israel Mbonyi yagaragaje konti ze zemewe, agaruka ku rugendo rwe rw’ubuhanzi rwahinduye byinshi mu muziki wa Gospel mu RwandaUmuramyi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yongeye kugaragaza uburyo ari umwe mu baramyi bafite umurongo wagutse wo kugeza ubutumwa kwisi yose gusa ashyira ahagaragara konti ze zemewe ku mbuga nkoranyambaga, mu rwego […]
Vestine na Dorcas batangaje ubutumwa bwihariye kubakunzi babo mbere yo kwereza Canada muri Yebo concerts
Vestine na Dorcas biteguye ibihe byiza bidasanzwe byo gutaramira muri Canada muri Yebo Concerts abavandimwe bakundwa cyane mu muziki wa gospel, Vestine na Dorcas,bari mu myiteguro yo gukora ibitaramo bikomeye bizabera muri Canada byiswe Yebo Concerts Ni ibihe bitegerejwe n’abakunzi babo cyane, Vestine na Dorcas bamwe mu baramyi bamaze igihe gito ariko bakaba barageze ku […]