Holy Nation Choir Yatangaje Igitaramo “Divine Harmony Concert” Kizahuza Abaramyi Bakomeye
Holy Nation Choir, imwe mu chorale akunzwe kandi amenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, yatangaje igitaramo cyayo gikomeye cyiswe “Divine Harmony Concert” kizabera kuri ADEPR Gatenga kuva tariki ya 04 kugeza 07 Ukuboza 2025. Iki gitaramo kiri muri gahunda y’ibitaramo bikomeye by’iyi korali muri uyu mwaka, bikaba bitegerejwe na benshi mu […]
Emeline Penzi agiye gusobanura impamvu y’ibitwenge bye bidashira mu ndirimbo nshya Narahiriwe
Umuramyi Emeline Penzi agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “Narahiriwe”Umuramyi Emeline Penzi, umwe mu bahanzi bari kuzamuka neza mu njyana ya gospel mu Rwanda, yatangaje ko agiye gushyira hanze indirimbo ye nshya yise “Narahiriwe”. Ni indirimbo igaragara byinshi murugendo rwo Kwizera kwe ikaba itegerezanyijwe amatsiko n’abakunzi b’umuziki uhimbaza Imana,Uyu muramyi amazina ye amaze kwiyubakira icyizere […]
Bwa mbere Alicia na Germaine bavuze uruhare rwa mama wabo mu ndirimbo nshya yitwa Ibendera
Alicia na Germaine bashyize hanze indirimbo nshya bise Ibendera, ikundwa cyane mbere y’amashusho yayo Itsinda rya Alicia na Germaine, rigizwe nabavandimwe b’abaririmbyi Alicia Ufitimana na Germaine Ufitimana, ryashyize hanze indirimbo nshya bise Ibendera mu buryo bwatunguranye kandi. Iyi ndirimbo yahise ijya hanze mbere y’uko amashusho yayo akorwa, bikomeza kwerekana uburyo aba bavandimwe bakomeje gutera imbere […]
Umuyoboro 25 Years: Abaramyi bo mu Rwanda no mu Burundi bagiye guhurira mu gitaramo cya Alexis Dusabe
Igitaramo “Umuyoboro 25 Years Concert” cya Alexis Dusabe gikomeje gufata indi ntera, nyuma yo gutangaza ko abaramyi bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, Bosco Nshuti wo mu Rwanda na Pastor Lopez Nininahazwe wo mu Burundi, bazifatanya na we muri iki gitaramo cy’amateka. Iki gitaramo kizabera KCEV – Camp Kigali, ku wa 14 Ukuboza 2025, kikazatangira Saa kumi […]
Umuramyi Gad Iratumva wuzuye Ubuntu bw’Imana yatangaje ibihe byiza byo gusoza umwaka
Umuramyi Gad Iratumva, umwe mu baramyi bazwi cyane mu Rwanda kubera ubuhanga n’umurava we mu kuyobora abantu mu bihe byo kuramya no guhimbaza, yongeye gutangaza inkuru ishimishije ku babakunzi b’indirimbo ziramya Imana. Nyuma yo gukora igitaramo gikomeye cyiswe Praise and Worship, yahamije ko hari ibindi bihe bikomeye biri gutegurirwa abakunzi b’umuziki wo kuramya n’ijambo ry’Imana.Uyu […]
Havumbuwe isoko y’ibyishimo bya Tracy Agasaro na René Patrick abaramyi buzuye ubwiza bw’Imana
René Patrick na Tracy Michella Agasaro, bamenyekanye cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, bagarutsweho mw’itangazamakuru nyuma yo gutangaza igikorwa gikomeye bise “In Christ Now Worship Experience” giteganyijwe kuba ku wa 10 Mutarama 2026. Ni igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wo kuramya ndetse n’abashaka kurushaho kwinjira mu bihe byiza byo guhimbaza […]
Ben IGIRANEZA yahishuye ko album ye ya mbere izafungurirwa mu gitaramo ICYO NAREMEWE SEASON 3
Umuramyi Benjamin Igiraneza, umwe mu baramyi bakunzwe cyane n’urubyiruko mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, ari kwitegura kuririmbira muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye, mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Chorale Rangurura. Iki gitaramo cyiswe “Icyo Naremewe Season 3” kikaba giteganyijwe kubera mu Nyubako ya(Main Auditorium) ku wa 23 Ugushyingo 2025. Iki […]
Bethesda Holy Church Yafunguye Urubuga Rushya rwo Guteza Imbere Impano z’Urubyiruko
Bethesda Holy Church, rimwe mu matorero akomeye kandi yubashywe mu Rwanda, ryongeye kugaragaza ubudasa mu guteza imbere impano z’urubyiruko n’abaririmbyi barigize. Ni urusengero rwamenyekanye cyane kubera abaririmbyi bakomeye barubarizwamo barimo Peace Hozy, Richard Keen, Marvine, Emeline Penzi, Nerson ndetse n’abacuranzi b’abahanga bo muri TNT Band, itsinda rizwi mu muziki w’abaramyi. Ku nshuro ya mbere mu […]
Isomo ku Bacuranzi: Uko umucuranzi Nehemiah Akomeje Kuba Icyitegererezo cyiza muziki wo kuramya Imana
umucuranzi w’inararibonye, Nehemiah, wamamaye mu bitaramo bikomeye by’abaramyi nyarwanda ndetse n’abaturuka mu mahanga, yakomeje kugaragaza urugero rwiza mu myitwarire no mu murimo w’Imana. Nehemiah ni umwe mu bacuranzi bakunda kugaragara mu bitaramo bikomeye by’abaramyi barimo na Israel Mbonyi, aho azwi nk’umwe mu bafite impano n’ubuhanga buhanitse mu gucuranga, by’umwihariko mu ndirimbo zihimbaza Imana.Uyu musore ubarizwa […]
Umuramyi Desire Mubogora yatangiye urugendo rwo kugeza ubutumwa bwiza mu mahanga yose ahereye muri kenya
Umuramyi ukunzwe mu muziki wa gospel mu Rwanda, Desire Mubogora, agiye kwitabira ibitaramo mpuzamahanga binyuze muri Live Recording azakorera i Nairobi muri ku wa 28 Ugushyingo 2025. Iki gitaramo cyateguwe na Pst. Elizabeth Akinyi kizabera kuri ICC Nairobi hafi ya Nyayo Stadium, kikazaba kigufunguye kuburyo kwinjira Ari ubuntu ku bantu bose. Mubogora azatangira kuririmba saa […]