12 September, 2026
1 min read

Eric Blessed, inkingi y’iterambere ry’amakorali atandukanye, yateguye igitaramo cyo kuramya mu buryo budasanzwe

Umuramyi Eric Blessed wamenyekanye cyane muri Chorale Shalom ADEPR Nyarugenge, akomeje kwigaragaza nk’umwe mu baramyi bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda. Azwiho ubwitange, impano idasanzwe n’umurava byamugize inkingi ikomeye mu gufasha no guteza imbere amakorali atandukanye.Mu rugendo rwe rw’umurimo w’Imana, Eric Blessed yagize uruhare rugaragara mu guteza imbere […]

2 mins read

Kuva mw’ishuri ryo ku Cyumweru Kugeza Ku bitaramo by’i Burayi: Urugendo rwa Josh Ishimwe

Umuramyi Josh Ishimwe, akomeje kwigarurira imitima ya benshi binyuze mu muziki we wihariye uhuza gakondo n’indirimbo za gikristo zisanzwe zizwi. Yavukiye mu Rwanda mu mwaka wa 2000, atangira kugaragaza impano yo kuririmba akiri muto mu ishuri ryo ku Cyumweru, aho yagiye atangira kumenya ko ijwi rye rifite umwihariko ushobora gukora ku mitima ya benshi. Nyuma […]

2 mins read

Umuramyi Rachel Queen Uwineza wamenyekanye muri “Hari Impamvu” ya Israel mbonyi agiye gutaramira i Kigali

Umuramyi Rachel Uwineza Queen, wamamaye cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda no hanze yarwo, yiteguye gutaramira abanyarwanda mu gitaramo cyihariye cyiswe “Chill & Praise Gospel Sundays.”Iki Iki gitaramo kizaba ari umwanya udasanzwe wo kwegera Imana mu mahoro, kuramya no kuruhuka , kikazabera muri Mundi Center ku wa 25 Mutarama guhera saa […]

2 mins read

Indirimbo nshya Ibendera ya Alicia na Germaine imeze nk’urufunguzo rwo kugera ku rwego mpuzamahanga

Abaramyi Alicia and Germaine bashyize hanze indirimbo nshya bise “Ibendera”, ikubiyemo ubutumwa bukomeye bwo kwamamaza itsinzi ya Yesu Kristo. Iyi ndirimbo igaragara nk’igisubizo gikomeye cy’ivugabutumwa binyuze mu muziki, igashyira imbere insanganyamatsiko yo gutsinda binyuze muri Kristo, ari na yo shingiro ry’ubutumwa bwayo. Mu mashusho ayiherekeza, hagaragaramo imyambarire idasanzwe yuzuyemo ubugeni n’ubuhanzi bwinshi, bigaragaza urwego rwo […]

2 mins read

Umuramyi Prosper Nkomezi wambitse impeta umukunzi we Retina yasigiye umwitero Israel Mbonyi

Umuramyi ukunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, Prosper Nkomezi, akomeje kuba inkuru mu itangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga, nyuma yo gutangaza inkuru ikomeye ku buzima bwe bwite. Uyu muhanzi, umaze imyaka igera kuri icumi akora umuziki, yinjiye mu mwaka wa 2026 mu buryo bushimishije cyane kubera icyemezo yafashe kijyanye n’urukundo.Nyuma yo gusoza umwaka […]

2 mins read

Nyuma yo gutaramira i Kigali, Zoravo ageze kure imyiteguro y’igitaramo kidasanzwe cya PDX Festival

Nyuma yo kwitabira igitaramo gikomeye cyo kuramya “In Christ Now Worship Experience” cyabereye i Kigali, cyateguwe na Tracy Agasaro na René Patrick, umuramyi Zoravo (Harun Laston)wo muri Tanzania akomeje kwagura ibikorwa bye ku rwego mpuzamahanga. Uyu muramyi uzwiho ibihe bikomeye byo kuramya ubu ageze kure imyiteguro y’igitaramo kidasanzwe giteganyijwe mu ntangiriro za 2026.Zoravo ari mu […]

2 mins read

Gisubizo Ministries yatangije ibihe byihariye byo kwiga Bibiliya bigamije kubaka abaramyi bukuri

Gisubizo Ministries yo mu mujyi wa Kigali, mu Rwanda, yatangiye ku mugaragaro ibihe byihariye byo kwiga Bibiliya bigamije gufasha abakristo, by’umwihariko abaramyi, gusobanukirwa neza ijambo ry’Imana no kurigira umusingi w’ubuzima n’umurimo wabo wa buri munsi. Iyi gahunda nshya yitezweho kuzamura urwego rw’ubumenyi bwa Bibiliya no gushimangira ukuri mu murimo wo kuramya.Ibi bihe byo kwiga Bibiliya […]

3 mins read

New melody Choir yatumiwe mu mugitaramo kizahembura ubugingo bwa benshi

Itsinda ry’abaramyi Makerubi Ministry ku bufatanye na Wells Salvation Church rigeze kure imyiteguro y’igitaramo gikomeye cyo kuramya no guhimbaza Imana cyiswe “Ibyahishuwe Live Concert Edition 2”, kikazaba ku wa 25 Mutarama 2026. Iki gitaramo kigamije guhuza abakristo mu mwuka wo gushima Imana, gusenga no kwakira ubutumwa bufite imbaraga, binyuze mu ndirimbo n’amasengesho byateguwe ku rwego […]

2 mins read

Ubuhamya bwa Niyo Bosco na John Singleton mu ndirimbo nshya Uwo waruzi

Niyobosco na John Byiringiro Singleton Bafatanyije mu Mushinga Mushya w’Indirimbo “Uwo waruzi” (2026) Niyobosco na John Singleton Batangiye 2026 Baha Icyizere Isi binyuze mu Muziki wo KuramyaMu ntangiriro za 2026, umuramyi Niyobosco yatangiye umwaka mu mushinga udasanzwe w’ubufatanye n’umuhanzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, John Byiringiro Singleton, uzwi mu ndirimbo z’ihumure n’icyizere. Aba bombi bahuriye mu ndirimbo nshya […]

3 mins read

Naomi Raine umuramyi mpuzamahanga w’umunyamerika witeguye gutaramira mu Rwanda muri Werurwe ni muntu ki?

Itsinda ry’abaramyi bakomeye ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine batangaje ko u Rwanda rwinjiye ku rutonde rw’ibihugu bazataramiramo mu rugendo rwabo rw’ivugabutumwa n’ibitaramo rizwi nka “Everywhere World Tour 2026.”Iki gitaramo gitegerejwe cyane mu Rwanda kizaba ku itariki ya 14 Werurwe 2026 kikaba cyitezweho gukusanya imbaga nini y’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana.Todd […]