10 September, 2026
1 min read

Trump akomeje gusunikira TikTok kugurishwa abashoramari b’Abanyamerika

‎Perezida Donald Trump yasinye iteka rya perezida rishyigikira amasezerano ateganya ko TikTok yashyirwa mu maboko y’abanyamerika. Avuga ko iki cyemezo kizemerera urubuga gukomeza gukora muri Amerika mu gihe cyubahirije ibisabwa bijyanye n’umutekano w’igihugu.‎‎ Ahazaza ha TikTok hari mu gihirahiro kuva Perezida Joe Biden yasinye itegeko umwaka ushize risaba kompanyi y’Abashinwa, ByteDance, kugurisha ibikorwa byayo byo […]

2 mins read

Google yavuze ko 90% by’abakozi mu ikoranabuhanga bakoresha AI mu kazi.

‎Raporo yakozwe n’ishami rya Google rya DORA, ishingiye ku bisubizo by’abantu 5,000 bakora mu ikoranabuhanga hirya no hino ku isi, yagaragaje ko 90% by’ababajijwe bakoresha Ubwenge buhangano ( Al) mu kazi, bikaba byiyongereyeho 14% ugereranyije n’umwaka ushize.‎‎ Ibi byagaragaye mu gihe ikoreshwa cyane rya AI rikomeje gutera impungenge ndetse n’ingaruka zayo ku bikorwa bitandukanye.‎‎ Mu […]

1 min read

‎Oxford na OpenAI Batangije Gahunda y’Ubwenge Bukorano mu Burezi mu gihe cy’imyaka 5

‎Kaminuza ya Oxford yatangaje ko yabaye iya mbere mu Bwongereza itanze uburyo bwo gukoresha igikoresho cy’ubwenge bukorano (AI) cya ChatGPT, cyagenewe uburezi, ku banyeshuri bose n’abakozi bayo.‎‎ Igikoresho cya ‘ChatGPT Edu’, cyateguwe by’umwihariko ngo gikoreshwe mu burezi na OpenAI, kizahabwa abanyeshuri ba Oxford bose nyuma y’igerageza ryakozwe 2024 rikaza kugenda neza.‎‎ Iri tangwa ry’iki gikoresho […]

1 min read

Igitero cyakorewe kuri mudasobwa cyateje gutinda ku kibuga cy’indege cya Heathrow n’ahandi i Burayi

Heathrow ni kimwe mu bibuga by’indege byinshi by’i Burayi gihere mu Bwongereza byibasiwe n’igitero cyazamudasobwa cyagize ingaruka ku buryo bwo kwiyandikisha no kohereza imizigo mu ndege hakoreshejwe ikoranabuhanga. Iki kibuga cy’indege cyatanze impuruza y’uko hashobora kubaho gutinda kubera “ikibazo cya tekiniki” cyagize ingaruka kuri porogaramu itangwa na Collins Aerospace ikoreshwa n’amasosiyete menshi y’indege.‎ Ikibuga cy’indege […]

2 mins read

AI mu nzira zo gutangira gukoreshwa mu kumenya ahazaza ha muntu: Ubushakashatsi

Abashakashatsi bavuze ko ubwenge bw’ubukorano (AI) bushobora kumenya ibibazo ubuzima bw’umuntu bushobora guhura nabyo mu myaka icumi iri imbere. Ubu buryo bushya bwitezweho gutahura imiterere y’ubuvuzi bw’abantu kugira ngo bugaragaze ibyago byo kurwara indwara zirenga 1,231. Abashakashatsi bavuga ko ubu buryo bwagereranywa n’uko iteganyagihe ritangaza amaherezo, aho bashyiraho amahirwe yo kugwa kw’imvura ku kigero cya […]

1 min read

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Meta cyashyize hanze amadarubindi ashobora gukora nka telephone

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Meta, cyasohoye amadarubindi (lunettes) z’ikoranabuhanga ‘Meta Ray-Ban Display’ zifite screen mu birahure byazo ituma zishobora gusoma ubutumwa no kubusubiza, kureba amashusho, amafoto, n’ibindi. Izi lunette zashyizwe hanze ku wa 17 Nzeri 2025, mu nama ngarukamwaka itegurwa na Meta yiga ku iterambere ry’iri koranabuhanga, ibera muri California muri Amerika. Umuyobozi mukuru wa Meta, […]

2 mins read

Google yajyanywe mu nkiko n’ibinyamakuru kubera AI

Sosiyete ya Penske Med ifite ibinyamakuru bikomeye birimo Rolling Stone, Billboard na Variety, yatanze ikirego mu rukiko ishinja Google gukoresha ibikubiye mu nkuru zayo, mu bisubizo by’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), nta burenganzira yabiherewe, bigatuma abasura izo mbuga bagabanyuka. Ku wa 12 Nzeri 2025, ni bwo iyi sosiyete yatanze icyo kirego mu rukiko rw’i Washington DC, […]

2 mins read

Ikoranabuhanga rya AI ryatangiye kwegurirwa zimwe mu nshingano zakorwaga n’abantu, aho AI yagizwe minisitiri muri Albania

Albania ni cyo gihugu cya mbere ku Isi, kigiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga bw’ubwenge buhangano (AI chatbot) nka minisitiri, mu buryo bwo kurwanya ruswa. Byakozwe mu buryo bwo gushyiraho umukozi utagira amarangamutima ngo abe yarya ruswa mu kuzuza inshingano ashinzwe. Iki gihugu cyo mu Majyepfo y’Uburasirazuba bw’u Burayi, ni kimwe mu birangwamo ruswa cyane. Muri raporo […]

1 min read

Uwapfuye yarihuse! Yatse gatanya nyuma yo kubwirwa na ChatGpT ko umugabo we umuca inyuma

Mu Bugereki umugore yatse gatanya nyuma yuko Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano AI rya ChatGPT rimubwiye ko umugabo we amuca inyuma, rikoresheje ibisigazwa by’ikawa. Uyu mugore wizera ubuhanuzi cyane, yafashe ibisigazwa by’ikawa umugabo we yari ari kunywa ndetse n’ibye arabifotora, maze abiha ikoranabuhangaa rya ChtGPT ngo rimurebere ko nta mabanga umugabo we amuhisha. ChatGPT nyuma yo kwiga […]

1 min read

Ikoranabuhanga: Ibigo bibiri bikomeye byaciwe amande arenga Miliyari 800 FRW

Leta y’u Bufaransa yaciye ikigo cy’ikoranabuhanga cya Google ndetse n’igikora ubucuruzi bw’imyambaro n’inkweto cya Shein, amande ya miliyoni 555$ (arenga miliyari 800 Frw), kubera kutubahiriza uburenganzira bw’abakoresha serivisi zabyo. Ni icyemezo cyatangajwe n’ikigo gishinzwe kurinda umutekano w’amakuru y’ikoranabuhanga mu Bufaransa, CNIL. Google ikomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaciwe miliyoni 380$, mu gihe Shein […]