Alicia & Germaine mu bahanzi bahatanira ibihembo bikomeye bya Africa Golden Awards 2026
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda barimo itsinda ry’abakiri bato Alicia & Germaine ndetse n’umuhanzi Israel Mbonyi bari mu bahataniye ibihembo Mpuzamahanga mu byiciro bitandukanye. Itsinda ry’abahanzi Alicia & Germaine riri mu bahanzi bahatanira ibihembo bikomeye bya Africa Golden Awards 2026, amarushanwa mpuzamahanga ahuriza hamwe ibyamamare byo ku mugabane wa Afurika n’ahandi […]
Ubuyobozi bw’Abayisilamu mu Rwanda bwabasabye gukomeza ibikorwa byiza nyuma ya Ramadhan
Abayisilamu basoje igisibo cy’ukwezi gutagatifu basabwa kurushaho gufasha abatishoboye no gukomeza ubumwe. Abayisilamu bo mu Rwanda basoje igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan kuri uyu wa Gatanu, basabwa gukomeza ibikorwa byiza birimo gufasha abatishoboye no kurushaho kubaka ubumwe bwabo. Ibi byagarutsweho mu isengesho rikuru ryabereye kuri Kigali Pelé Stadium, ryitabiriwe n’abayisilamu benshi baturutse hirya no hino […]
Ubuyobozi bwa ADEPR bwambuye inshingano abayobozi 35 barimo Pasiteri Joseph Nsanzurwimo
Ubuyobozi bwa ADEPR bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo kwambura abantu 35 inshingano za gishumba n’ivugabutumwa hagamijwe kubahirizwa amategeko, kurinda isura y’itorero no gukomeza kwimakaza ubunyangamugayo mu bayobozi baryo. Ibi bibaye nyuma yo guhamywa n’inkiko ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa Gatatu tariki ya 18 Werurwe 2026, […]
Umugore wabenze umugabo wamwishyuriye amashuri yakatiwe igifungo cy’Amezi 6 muri gereza!
Urukiko rw’Ibanze rwa Rukungiri rwakatiye umugore witwa Fortunate Kyarikunda igifungo cy’amezi atandatu nyuma yo kutubahiriza icyemezo cy’urukiko cyamusabaga gusubiza amafaranga umugabo yamwishyuriye amashuri. Uru urubanza rwatangiye nyuma y’ikirego cyatanzwe na Richard Tumwiine, wavuze ko yishyuye amafaranga y’ishuri rya Kyarikunda kubera amasezerano bagiranye yo kuzashakana. Nyuma yo kurangiza amashuri, uyu mugore yahagaritse gahunda yo kubana na we, ibintu […]
Abakunzi b’indirimbo zo kuramya Imana bishimiye ubutumwa bwiza mu ndirimbo nshya Umwungeri Mwiza
Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bongeye gushira igorora abakunzi b’uyu muziki, maze basohora indirimbo yuzuyemo ubutumwa bwiza yitwa “Umwangeri Mwiza.” Ni indirimbo ivuga urukundo rw’Imana ku bayizera. Umuhanzi akaba n’umuririmbyi mu muziki wa Gospel Ben Igiraneza afatanyije na Aline N, yasohoye ku mugaragaro indirimbo nshya yise “Umwungeri Mwiza.” Kuri ubu iyi ndirimbo […]
Amadiyosezi agize Kiliziya Gatolika mu Rwanda ashobora kuva ku icyenda akagera kuri cumi n’imwe
Abakristu bo mu bice byahoze ari Kibuye n’Umutara bavuga ko diyosezi nshya zabegereza ubuyobozi bwa Kiliziya, zikanafasha iyogezabutumwa n’iterambere ry’abakristu. Ni mu gihe hari ikifuzo cy’uko hakongerwa amadiyosezi akava kuri 9 akagera kuri 11. Mu gihe abakristu Gatolika mu Rwanda bakomeje kwitabira ibikorwa by’iyogezabutumwa, abo mu bice byahoze ari Kibuye n’Umutara bakomeje kugaragaza icyifuzo cy’uko […]
Ni Wowe Nkeneye_Indirimbo ihamagarira abizera kwiringira Yesu Kristu
Mu gihe umuziki wo kuramya mu Rwanda ukomeje gutera imbere, umuhanzi Alexis Nkomezi yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ni Wowe Nkeneye”, igaruka ku buzima bw’umukristo wiringira ko Yesu ari we wenyine ushobora guhaza inyota n’ibyifuzo by’umutima. Ni indirimbo yasohotse ku wa 14 Werurwe 2026 ikaba ikomeje kwigarurira abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Ni […]
Uri amahoro yanjye! Prosper Nkomezi ubwo yifurizaga umukunzi we Retina isabukuru nziza y’amavuko
Mu magambo yuzuye urukundo, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, yifurije isabukuru nziza umukunzi we Retina Nkurunziza mu butumwa bwuje urukundo, bashimira Imana ku buzima n’urugendo rwabo. Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, Prosper Nkomezi, yongeye kugaragaza urukundo akunda umukunzi we Retina Nkurunziza ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko abinyujije […]
Harimo izo bahimbye mu bihe bikomeye! Ben na Chance bavuze ku nkuru ziri inyuma ya zimwe mu ndirimbo zabo
Aba baramyi bagarutse ku bihe by’ingenzi byaranze ubuzima bwabo birimo kubura imfura yabo, bakavuga ko ari byo byavuyemo zimwe mu ndirimbo zabo zakunzwe cyane. Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 12 Werurwe 2026, itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Ben na Chance ryasusurukije abitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy Show, aho ryaganirije […]
Indirimbo nshya “Wastahili” yongeye kwibutsa abakristu ko Yesu akwiriye icyubahiro cyose
Mu gihe Alarm Ministries ikomeje umurimo wayo w’ivugabutumwa rinyuze mu ndirimbo, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye ku bakristu bwo kuramya Imana, aho yibibukije ko Yesu Kristo akwiriye icyubahiro, ishimwe n’ikuzo by’iteka ryose. Alarm Ministries ni imwe mu makorali azwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, kuri ubu ikaba yashyize hanze indirimbo nshya yise […]