Indirimbo “Ibanga” y’umuramyi wamamaye mu ndirimbo ‘Yohana’ ikomeje guhumuriza abihebye
Umuramyi Mujawayezu Jean d’Arc wamenyekanye ku ndirimbo “Yohana” yashyize hanze indirimbo nshya “Ibanga” isanga izindi zigera muri 14 amaze gukora zose zavuye ku rukundo indirimbo ye ya mbere yakiranywe Ni indirimbo imaze iminsi mike gusa ikaba imaze kurebwa n’ibihumbi byinshi by’abantu, kandi ikaba irimo ubutumwa bwiza bwo gukomeza abantu yaba abafite intege nke, abananiwe bagakomera […]
Korale Umucyo_EAR Kabuga iri mu mashimwe nyuma yo gushyira hanze Album ya kabiri “Hashimwe Uwiteka”
Korali Umucyo ikorera umurimo w’imana muri EAR Kabuga, bongeye gitera indi ntambwe ikomeye mu muziki wabo aho bamaze gusohora Album ya kabiri “Hashimwe Uwiteka”, ikaba ije ikurikira Album yabo ya mbere yitwa “Tujyane Umucyo” yagiye hnze 2015. Mu kiganiro dukesha InyaRwanda, Perezida wa Korali Umucyo, Vedaste Ntibiragwa, yavuze ko iyi Korali imaze imyaka 19 ikora […]
U Rwanda rwerekanye umuco warwo mu iserukiramuco rya 8 rya Afurika ryabereye i Seoul
U Rwanda rwifatanyije n’ibihugu byinshi bya Afurika mu kwizihiza ihuriro ry’umuco w’umugabane wa Afurika muri Seoul Africa Festival ku nshuro ya 8, iserukiramuco ngarukamwaka ritegurwa na Africa Insight. Iri serukiramuco ryagaragayemo imbyino n’imihango gakondo, imurikabikorwa ry’ubuhanzi ndetse no gusangira amafunguro, ryitabirwa n’abantu benshi bari bashishikajwe no kumenya umurage wa Afurika. U Rwanda rwahagarariwe n’Itorero Umucyo, […]
Google yajyanywe mu nkiko n’ibinyamakuru kubera AI
Sosiyete ya Penske Med ifite ibinyamakuru bikomeye birimo Rolling Stone, Billboard na Variety, yatanze ikirego mu rukiko ishinja Google gukoresha ibikubiye mu nkuru zayo, mu bisubizo by’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), nta burenganzira yabiherewe, bigatuma abasura izo mbuga bagabanyuka. Ku wa 12 Nzeri 2025, ni bwo iyi sosiyete yatanze icyo kirego mu rukiko rw’i Washington DC, […]
Antoine Cardinal Kambanda yasabiye umugisha Papa Léon XIV
Antoine Cardinal Kambanda yifurije isabukuru nziza Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV wujuje imyaka 70 y’amavuko, amusabira gukomeza kugira ubwenge n’imbaraga mu kuyobora Kiliziya. Ibi yabigarutseho ku wa 14 Nzeri 2025, abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X. Ati “Kuri uyu munsi w’umugisha wizihije isabukuru y’amavuko yawe ndagushimira cyane kandi ngusabira […]
Chryso Ndasingwa na Ntora worship team bazataramira abazitabira igitaramo ‘Free Indeed Worship Experience’ cya Korali Ichthus Gloria
Itsinda ry’abaririmbyi rikora ivugabutumwa muri Serivisi Mpuzamahanga mu itorero rya ADEPR Nyarugenge “Korali Ichthus Gloria”, ryatangaje ko rizafatanya n’umuryamyi Chryso Ndasingwa na Ntora worship team mu gitaramo ‘Free Indeed Worship Experience.’ Ni igitaramo kizaba tariki ya 05 Ukwakira 2025 muri Camp Kigali guhera saa Kumi z’amanywa, kwinjira bikaba byagizwe ubuntu mu rwego rwo kugeza ubutumwa […]
Sports Update: Byasabye Iminota 120 ngo APR ikomeze kwitwa ikipe y’imbere mu gihugu naho Gorilla FC itangira itsinda
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Al Hilal Club yo muri Sudani mu irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika yo hagati n’iy’Iburasirazuba, CECAFA Kagame Cup 2025 naho Gorilla FCitangira shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itsinda AS Muhanga 2-0. Ku isaha ya saa Tanu kuri KMC Stadium muri Tanzania ni bwo uyu mukino […]
Uwapfuye yarihuse! Yatse gatanya nyuma yo kubwirwa na ChatGpT ko umugabo we umuca inyuma
Mu Bugereki umugore yatse gatanya nyuma yuko Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano AI rya ChatGPT rimubwiye ko umugabo we amuca inyuma, rikoresheje ibisigazwa by’ikawa. Uyu mugore wizera ubuhanuzi cyane, yafashe ibisigazwa by’ikawa umugabo we yari ari kunywa ndetse n’ibye arabifotora, maze abiha ikoranabuhangaa rya ChtGPT ngo rimurebere ko nta mabanga umugabo we amuhisha. ChatGPT nyuma yo kwiga […]
“Urya icyo ushaka, ukishyura ayo ushaka”! Resitora yashyize igorora abakiriya
Resitora yo muri Mexico City yitwa Masala y Maiz, ifite inyenyeri yo mu bwoko bwa Michelin, imaze kwamamara cyane kubera gahunda yayo idasanzwe aho umukiriya arya icyo ashaka akishyura amafaranga ashoboye cyangwa yifuza. Abashinze iyi Resitora ari bo Norma Listman na Saqib Keval, bavuga ko intego yabo atari ibihembo cyangwa icyubahiro, ahubwo ari ugufasha abantu bose gusangira amafunguro meza batitaye […]
“Uwiteka yadukoreye ibikomeye natwe turishimye”_Intego ya Korali Betesida iri mu bitaramo byo gushima Imana
“Uwiteka yadukoreye ibikomeye natwe turishimye” niyo ntego nyamukuru y’igitaramo cya Betesida irimo gukora ibitaramo byo gushima Imana no kwizihiza isabukuru y’imyaka 43 bamaze bakora umurimo w’Imana. Imyaka 43 irashize kuva mu mwaka w’1982, Korali Betesida ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Karama, yomora imitima ya benshi ndetse inakwirakwiza agakiza k’Imana mu bice byinshi by’Igihugu […]