15 September, 2026
1 min read

Amakuru Mashya: Shampiyona y’u Rwanda 2025/2026 Igiye Kongerwamo Amakipe Yo Muri Sudani

Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani bifuza kwinjira muri Rwanda Premier League, FERWAFA ikaba iri gusuzuma icyifuzo cyabo. Amakuru yemejwe na Televiziyo y’u Rwanda (RTV) aravuga ko amakipe atatu akomeye yo muri Sudani Al-Merrikh, Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani yandikiye Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), asaba ko […]

2 mins read

Ni Nde Uzahagarika Amakimbirane Akomeje Gukura Mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda

Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bushinja abahoze mu mirimo kwivanga mu miyoborere, mu gihe abashinjwa bo bavuga ko hari akarengane gakomeje gukorerwa abapasiteri n’abayobozi bamwe. Ibibazo bikomeje gufata indi ntera mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, nyuma y’uko ubuyobozi buriho bukomeje gushinja bamwe mu bahoze ari abayobozi b’itorero kwivanga mu miyoborere, mu gihe abo bashinjwa bo […]

3 mins read

Abihayimana Basabwe Kwegera Umutima wa Kristu no Kumwigiraho Kugira Impuhwe

Mu butumwa yagejeje ku Baseminari baturuka mu Ishuri rya Gatorika ry’Abanyaportugali i Roma, ku isabukuru y’imyaka 125 rimaze rishingiwe, Papa Léon XIV yabibukije ko ubusaseridoti butagombera gusa umutima w’abantu, ahubwo bukeneye umutima umeze nk’uwa Yezu wuje impuhwe, urukundo n’ubudahemuka. Ibi yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Ukwakira 2025, ubwo Papa […]

3 mins read

Kiliziya Gatorika Barindwi barimo Bartolo Longo Bashyizwe Mu Rwego Rw’Abatagatifu

Mu Misa yabereye i Vatican ku wa 19 Ukwakira 2025, Papa Léon XIV yatangaje urutonde rw’Abatagatifu bashya barindwi, barimo Bartolo Longo, wahoze akorera Satani ariko nyuma akihana akabaho ubuzima bwo gusenga no gufasha abandi. Mu gitambo cya Misa gikomeye cyabereye ku mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatican, ku Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025, Papa […]

5 mins read

Ni Iki Mu By’ukuri Bibiliya Yigisha Aho Abahanuzi Bakomeje Kuba Benshi Ku Isi?

Mu gihe abantu benshi biyita intumwa n’abahanuzi bitewe nuko isi irimo kugenda ihinduka maze hakaba abashuka abantu bakaba banabamaraho utwabo, Bibiliya isaba abakristo kuba maso no gusuzuma buri mpanuro n’ubutumwa mu mucyo w’Ijambo ry’Imana. Umwe mu bagabo batanze ubuhamya ashimangira ko hari benshi bakunze kwiyita abahanuzi n’intumwa bavuga ko basizwe amavuta n’Imana mu buryo bwo […]

1 min read

“Empowered For Worship 2025” Igitaramo Kigiye Kizahuriza Hamwe Abaramyi Dera Getrude Na Dr. Panam Percy Paul

Igitaramo cya cyenda cyiswe Empowered for Worship 2025 kigiye guhuza abaririmbyi n’abakunzi bo kuramya no guhimaza mu rugendo rwo kongera kwegerana n’Umwuka Wera no gukomeza gukangurira benshi kwerekeza imitima yabo ku gusenga nyakuri. Umunsi ukomeye w’amasengesho n’ibyishimo bivanze n’ugusabana n’Imana ugiye kongera guhuriza hamwe abaririmbyi n’abasenga bo hirya no hino muri Nigeria no mu Karere […]

1 min read

Richard Nick Ngendahayo Agiye Gutaramira Abanyarwanda Mu Gitaramo “NIWE Healing Concert” Muri BK Arena

Umuramyi ukomoka mu Rwanda ariko uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Richard Nick Ngendahayo, aragaruka mu gihugu nyuma y’imyaka irenga 15 mu gitaramo cyuzuyemo kuramya, guhimbaza no gukira imitima. Umuramyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, ubarizwa i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho amaze imyaka irenga 15, agiye […]

2 mins read

Urubyiruko Ruri Guhindura Isura y’Amatorero ya Gikristo mu buryo Budasanzwe

 Ku nshuro ya mbere mu myaka amagana ishize, urubyiruko rwa Amerika rwatangiye guhindura isura y’amatorero ya gikristo by’umwihariko ay’Abaporotesitanti n’ay’Ab’ivugabutumwa (Evangelical Churches). Nk’uko ubushakashatsi bushya bwa Barna Group bwatangajwe ku wa 4 Nzeri 2025 bubigaragaza, abari hagati y’imyaka 13 na 28 (Generation Z) ndetse n’abari hagati ya 29 na 44 (Millennials) ubu ni bo bashyira […]

2 mins read

 Korali ya Birmingham Community Gospel Igiye Kwizihiza Imyaka 20 Mu Gitaramo Cy’amateka

Korali yegukanye ibihembo bitandukanye, izwi kubera umuhate n’imbaraga ishyira mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, izasusurutsa abakunzi bayo mu gitaramo cyitswe “Worship and Thanksgiving” kizabera muri Nechells ku wa 25 Ukwakira 2025. Iyi Korali izwi ku rwego Mpuzamahanga Birmingham Community Gospel Choir (BCGC), yitegura gukora iki gitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 imaze ikorera umurimo […]

4 mins read

Umubiri Wawe Urakuburira! Menya Ibimenyetso Bigaragaza Ko Ugomba Kujya Kwa Muganga Ako Kanya

Ni kenshi ushobora kugira uburibwe budasanzwe cyangwa butunguranye. Igihe cyose si ko biba ari uburwayi, ahubwo biterwa n’ibintu bitandukanye biba babaye ku mubiri bigatuma hashobora kubaho uburibwe. Nubwo igihe cyose wiyumva bidasanzwe aba Atari uburwayi, hari ibimenyetsi bimwe na bimwe ushobora kwibonaho ugahita ujya kwa muganga mu rwego rwo kurengera amagara yawe nk’uko tugiye kubirebera […]