Nushaka utagukunda kubera ibindi muzatandukana! Mukandasumbwa Caline urusha umugabo we imyaka 12
Mu gihe abantu benshi muri iki gihe bavuga ko urukundo rw’ukuri rugenda rucika kubera inyungu zishingirwaho mu kubaka ingo, inkuru y’urukundo rwa Nsabimana Brillah uzwi nka Bruno na Mukandasumbwa Caline yo ikomeje kubera benshi urugero kubera uburyo bahisemo kubaka urugo rushingiye ku rukundo, kubahana no kwizera Imana nubwo banyuze mu gucibwa intege n’abantu benshi. Urukundo […]
Muri Yezu, Imana iba ishusho nzima y’impuhwe_ Papa Leo XIV asaba Abakirisitu n’Abayisilamu kongera kubyutsa ubumuntu
Papa Leo XIV yavuze ko impuhwe, ubwumvikane no gufasha ababaye ari indangagaciro zihuriweho n’Ubukirisitu n’Idini ya Islamu, asaba abayoboke b’aya madini gukorera hamwe mu kongera kubaka ubumuntu no kuba ijwi ry’abari mu mibabaro. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, yahamagariye Abakirisitu n’Abayisilamu gukorera hamwe mu rwego rwo “kongera kubyutsa ubumuntu aho bwakonje”, […]
Alicia & Germaine na Hyguette & Cynthia mu bahanzwe amaso muri Rubavu Music Awards 2026
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakomeje gutumbagira, kuri ubu amatsinda abiri akizamuka ari mu marushanwa ya Rubavu Music Awards and Talent Detection, aho Alicia & Germaine bahatanye mu byiciro bitandukanye birimo icya Best Rubavu Gospel Artist ndetse n’icya Videwo y’umwaka. Amatsinda arimo Alicia & Germaine na Hyguette & Cynthia bari mu bafite amahirwe […]
Keilla Gahimbare yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Habarugira Davy
Umuramyi wamamaye mu ndirimbo zirimo Tube Hafi na Ninjye Ubivuze ndetse akaba yarakoranye n’abandi bahanzi bakomeye mu ndirimbo zo kuramya, Keilla Gahimbire ari mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’uwamutwaye umutima Habarugira Davy. Aya makuru yayatangaje mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Gicurasi 2026, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yasangije […]
Papa Leo XIV yasabiye ababyeyi b’abagore ku Munsi Mpuzamahanga wabahariwe
Ku mumsi Mpuzamahanga wahariwe abagore, Papa Leo yasabiye umugisha n’ihumure ababyeyi bari mu bihe bikomeye, anashimangira uruhare rwabo rukomeye mu muryango no mu buzima bwa buri munsi. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, yasabiye umugisha ababyeyi b’abagore ku Munsi Mpuzamahanga wabahariwe wizihizwa buri Cyumweru cya kabiri cya Gicurasi, by’umwihariko abazahajwe n’ubuzima n’abari […]
Nubwo tutumva kimwe politiki, urukundo rw’umuryango ni rwo rwa mbere— Mukuru wa Papa Leo XIV
John Prevost yavuze ko we na barumuna be bafite ibitekerezo bya politiki bitandukanye, ariko bakomeje kubana neza no gukundana, ashimangira ko ibiganiro byabo byinshi bishingira ku buzima bwa buri munsi aho kwibanda ku mpaka za politiki. John Prevost, mukuru wa Papa Leo XIV, yavuze ko nubwo mu muryango wabo bafite ibitekerezo bitandukanye ku bya politiki, […]
Diyosezi ya Kabgayi yasabye ababyeyi n’abarezi gufatanya kubaka ejo heza h’abana
Mu gusoza icyumweru cy’Uburezi Gatolika, Padiri Jean Baptiste Twambajimana yavuze ko uburere bwiza budashingira gusa ku gutsindisha abana amasomo, ahubwo ko bugamije kubaka umuntu wuzuye ufite indangagaciro n’imyitwarire myiza izamugirira akamaro mu buzima bwe no muri sosiyete. Mu gusoza icyumweru cy’Uburezi Gatolika ku rwego rwa Diyosezi ya Kabgayi, cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya […]
Abakirisitu basabwe gushyigikira ibikorwa bya Bibiliya kugira ngo n’abatishoboye bayibone
Mu Cyumweru cy’Ijambo ry’Imana kizatangira ku wa 10 Gicurasi 2026, Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda urasaba abakirisitu gutanga inkunga yo gufasha gukwirakwiza Bibiliya no kuyegereza buri wese ku giciro cyoroheye abantu. Mu gihe Kiliziya Gatolika yitegura kwizihiza Icyumweru cy’Ijambo ry’Imana kuva tariki ya 10 kugeza ku ya 17 Gicurasi 2026, Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda […]
Germaine wo muri Alicia na Germaine yasabye ubufasha bw’amasengesho
Germaine yavuze ko ari mu gihembwe cya nyuma cy’amashuri yisumbuye mbere yo kwinjira byimazeyo mu murimo wo kuririmbira Imana, asaba inkunga y’isengesho. Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Alicia, wo mu itsinda Alicia na Germaine yasabye abakunzi babo gukomeza kumushyigikira mu masengesho mu gihe yitegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye. Ibi yabitangaje […]
Ntibisaba gushaka no kubyara ngo umuntu yishime_Imyumvire mishya mu rubyiruko rwa Gen Z
Ubuzima buhenze, ibibazo by’amarangamutima n’impinduka mu ndangagaciro biri gutuma benshi mu rubyiruko bemera ko umuntu ashobora kubaho yishimye atarashatse cyangwa adafite abana. Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku rubyiruko rwo mu gihe cya none ruzwi nka Gen Z ni ukuvuga abavutse hagati 1999_2015, bwagaragaje ko hari impinduka zikomeye mu buryo rubona ubuzima, urukundo n’umuryango, aho benshi batakibona […]