15 September, 2026
5 mins read

Icyo Bibiliya ivuga ku buryo bwizewe bwo guhitamo uwo muzabana no kubaka imibanire ihamye iganisha ku rugo rwiza

Guhitamo uwo muzabana si icyemezo cyoroshye cyangwa gishingira gusa ku marangamutima. Ni urugendo rusaba ubwenge, gusenga, no kuyoborwa n’ijambo ry’Imana. Mu gihe isi igenda ishyira imbere amarangamutima n’inyungu z’ako kanya, Bibiliya yo igaragaza inzira ihamye, iganisha ku kubaka urugo rufite imizi ikomeye. Uyu munsi AfriWed tugiye gukomoza ku nyigisho ireba ku mahame y’ingenzi Bibiliya itanga […]

2 mins read

Bayern Munich ntiyagaragaye mu butumwa bwa Perezida Kagame washimiye amakipe yageze muri ½ cya UEFA Champions League

Nubwo FC Bayern Munich nayo ikorana n’u Rwanda, uburyo ubufatanye bwayo butandukanye n’ubw’amakipe yambara Visit Rwanda, bwagize uruhare mu kutagaragara mu butumwa bwihariye bwo gushimirwa numunyacyubahiro mu Rwanda Perezida Paul Kagame. Mu gihe amakipe ane arimo Arsenal FC, Paris Saint-Germain, Atlético Madrid na FC Bayern Munich yageze muri ½ cya UEFA Champions League, Perezida w’u […]

1 min read

Rev Pastor Alain Numa yemeje ko ubumwe n’urukundo ari inkingi zo kubaka u Rwanda rushya

Pastor Alain Numa yatanze ubutumwa bushishikariza kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 no guharanira kubaho mu bumwe no mu rukundo nk’abavandimwe bafite ishusho y’Imana. Mu gihe u Rwanda n’isi yose bakomeje ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Reverend Pastor Alain Numa yatanze ubutumwa bukomeye bushishikariza abantu kwiyunga, gukundana no kwamagana […]

1 min read

Nzaharanira amahoro nta bwoba mfite_Papa Leo XIV yavuze ko adatewe ubwoba n’igitutu cya Trump

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yashimangiye ko ubutumwa bw’amahoro budashobora guhagarikwa n’igitutu cya politiki. Papa Leo XIV yatangaje ko adatewe ubwoba n’ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buyobowe na Donald Trump, nyuma y’uko uyu muyobozi amunenze ku mugaragaro kubera ubutumwa bwe bwo guharanira amahoro no kwamagana intambara. Ibi yabivuze ku wa Mbere ari […]

2 mins read

Kwibuka Amateka ni inzira yo kubaka ubumwe n’ejo hazaza hatarangwamo urwango_Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro irasaba Abanyarwanda n’abakristu kwimakaza urukundo, kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside no kurera urubyiruko mu ndangagaciro z’ubumuntu. Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yibukije ko kwibuka atari ugusubiza inyuma amateka ahubwo ari amahirwe yo kubaka […]

2 mins read

Kwibuka32: Rev. Baho Isaie yasabye urubyiruko n’amadini kuba umusingi w’u Rwanda ruzira Jenoside

Mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Rev. Baho Isaie yagaragaje ko urubyiruko n’abanyamadini bafite uruhare rukomeye mu kurinda amateka no kubaka ejo hazaza harangwa n’ubumwe n’amahoro arambye. Mu gihe u Rwanda ruri mu Cyumweru cy’Icyunamo cyatangiye ku wa 7 kugeza ku wa 13 Mata 2026, cyo kwibuka […]

1 min read

Korali Abasaruzi yagarutse ku mateka ya Jenoside yakorewe abatutsi inasigasira icyizere cy’Abanyarwanda

Korali Abasaruzi yo mu ADEPR Bweramvura yashyize hanze indirimbo “Rwanda Komera” igaruka ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igahumuriza abayirokotse ikanashimira Imana n’FPR Inkotanyi ku ruhare bagize mu kubohora u Rwanda. Korali Abasaruzi ikorera umurimo w’ivugabutumwa mu itorero rya ADEPR Bweramvura yashyize hanze indirimbo nshya yise “Rwanda Komera”, indirimbo yuje ubutumwa bukomeye bwo […]

1 min read

Umupadiri yamaganye umugore wamwohererezaga amafoto y’urukozasoni, avuga ko azayamwerekana imbere y’abakirisitu

Amashusho yakwirakwiye agaragaza padiri wo muri Nigeria wavugiye mu misa ko hari umugore wamwohererezaga amafoto n’amashusho by’urukozasoni, amuburira ko natabihagarika azabimugaragaza imbere y’abakiristu, ibintu byateje impaka ku mbuga nkoranyambaga. Muri Nigeriya hakwirakwiye amashusho ku mbuga nkoranyambaga agaragaza padiri wa Kiliziya Gatolika wamaganye imyitwarire y’umugore umwe mu bakristu wamwohererezaga amafoto n’amashusho ateye isoni, ibintu byateje impaka […]

3 mins read

Papa Leo XIV yanenze Trump ku magambo y’iterabwoba, asaba amahanga kugaruka ku mahoro n’ibiganiro

Papa Leo XIV, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Mata 2026, mu kiganiro n’abanyamakuru hanze ya Villa Barberini i Castel Gandolfo, yanenze amagambo y’iterabwoba yatangajwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, wavuze ko ashobora kuzimangatanya igihugu cya Iran, yongeraho ko ayo magambo arenze ku mategeko mpuzamahanga. Mu […]

1 min read

Padiri wa Paruwase ya Kiziguro yatawe muri yombi nyuma yo gusomera misa mu rugo rw’Abenebikira

Abayobozi barasabye abaturage kwirinda gusengera ahantu hatujuje ibisabwa mu gihe insengero zimwe zigifunze nyuma yuko mu Karere ka Gatsibo padiri atawe muri yombi azira gusomera misa ahatemewe ku munsi wa Pasika. Mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kabarore, hafatiwe umupadiri wa Kiliziya Gatolika wasomaga misa mu buryo bunyuranyije n’amabwiriza, mu gikorwa cyabaye kuri iki Cyumweru […]