10 September, 2026
1 min read

Niba hari ushaka kunenga ko mvuga Ivanjili, abikore ashingiye ku kuri_Papa Leo XIV yongeye gukomoza kuri Donald Trump

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo kuva i Castel Gandolfo, Papa Leo XIV yasubije ku byavuzwe na Donald Trump, ahamya ko Kiliziya ihora irwanya intwaro za kirimbuzi kandi igaharanira amahoro ku isi. Papa Leo XIV yongeye gushimangira ko inshingano nyamukuru za Kiliziya Gatolika ari ukwamamaza Ivanjili no guharanira amahoro, agaragaza ko uwamunenga ku butumwa atanga […]

2 mins read

Arikiyepiskopi  Saúre  yababajwe n’igitero cyagabwe kuri Kiliziya Gatolika i Cabo Delgado

Arikiyepiskopi wa Nampula yamaganye igitero cyangije ibikorwa by’iyobokamana n’imibereho rusange, ashimangira ko urwango rushingiye ku idini rudakwiye kugira umwanya mu muryango. Arikiyepiskopi wa Nampula akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Abepiskopi Gatolika muri Mozambique, Inácio Saúre, yatangaje ko yababajwe bikomeye n’igitero giherutse kugabwa kuri misiyoni Gatolika ya Mutagatifu Louis Marie de Montfort, iherereye muri Diyosezi ya Pemba mu […]

2 mins read

Uwari urangije Kaminuza yarize amarira y’ibyishimo nyuma y’uko umukunzi we amwambitse impeta ku munsi wo guhabwa impamyabumenyi

Umukobwa wari urangije amasomo ye ya kaminuza yasazwe n’ibyishimo bidasanzwe nyuma y’uko umukunzi we amusabye ko yazamubera umugore ku munsi wo guhabwa impamyabumenyi, ibintu byahindutse nk’umunsi w’ibirori bibiri icyarimwe. Iyi nkuru yigaruriye benshi nyuma yuko umukobwa yagaragaje amarangamutima menshi ubwo yatangaga ukuboko kugira ngo yambikwe impeta, mbere yo gupfukama na we agahobera uwo mukunzi we […]

1 min read

Umuhanzi Muneza Christopher yasabye Kiliziya Gatolika kongera imbaraga mu kuramya no guhimbaza Imana

Mu kiganiro “Catholic Influencers Connect” cyitabiriwe na Antoine Cardinal Kambanda, Muneza Christopher yagaragaje ko ko gushyiraho umwanya wo kuramya Imana bishobora gufasha urubyiruko kuguma muri Kiliziya no kunyurwa n’imisengere yayo. Yabivugiye mu kiganiro cyiswe “Catholic Influencers Connect” cyahuje Antoine Cardinal Kambanda n’abafite izina ku mbuga nkoranyambaga, cyabereye muri Sainte Famille Hotel ku wa 1 Gicurasi […]

2 mins read

Kiliziya Gatolika igiye gukoresha AI mu iyogezabutumwa – Antoine Cardinal Kambanda

Arkiyepiskopi wa Kigali asanga igihe kigeze ngo Kiliziya ijyane n’isi y’ikoranabuhanga, by’umwihariko mu kugera ku rubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga. Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye kwinjira mu ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa, mu rwego rwo kugera ku bantu benshi, cyane cyane […]

2 mins read

Ndagushimira kuba uri umugabo mwiza! Karasira Clarisse n’umugabo we bizihije imyaka itanu y’urushako banizihiza isabukuru y’amavuko

Nyuma y’imyaka itanu babanye, Ifashabayo Sylvain Dejoie na Karasira Clarisse bagaragaje urukundo rushingiye ku kwizera Imana no gushyigikirana mu rugendo rw’ubuzima n’ubuhanzi. Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Karasira Clarisse, yizihije imyaka itanu amaze arushinze n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie, mu munsi wihariye wanahuriranye n’isabukuru y’amavuko y’uyu mugabo we, bagaragaza ibyishimo n’ishimwe ku rugendo […]

2 mins read

Kwibuka: Caritas Rwanda yasabiye abahoze ari abakozi bayo bazize Jenoside yakorewe abatusi

Mu gikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro cyaranzwe n’amasengesho, kunamira inzirakarengane no gusaba gukomeza gusigasira amateka, Caritas Rwanda yibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi. Mu rwego rwo kuzirikana ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa 30 Mata 2026, Caritas Rwanda n’ibigo biyishamikiyeho birimo Librarie Caritas, […]

2 mins read

Nyuma yo kwiyongera kwa gatanya Antoine Kambanda yasabye ko umuryango nyarwanda urindwa kurushaho

Karidinali Antoine Kambanda agaragaza ko isenyuka ry’ingo rifite ingaruka zikomeye ku bana, anasaba abashakanye kongera imbaraga mu kubaka ubumwe n’urukundo. Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yagaragaje ko ikibazo cya gatanya gikomeje gufata intera mu muryango nyarwanda, ashimangira ko ari kimwe mu bibazo bikomeye byugarije imibereho y’abaturage, […]

2 mins read

Aline Gahongayire agiye gutanga undi musanzu mu muziki wo kuramya Imana binyuze mu gushyigikira impano nshya

Binyuze mu butumwa bwe akomeje, Aline Gahongayire yasabye abanyempano kuririmba indirimbo ye nshya Yesu Ashimwe yitiriye Album ye, aho uzitwara neza azafashwa gukorerwa indirimbo, amashusho no kumenyekanishwa ku rwego rwisumbuyeho. Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yatangaje amarushanwa mashya agamije kuzamura impano nshya mu muziki wa gospel, aho uzahiga abandi azahabwa amahirwe […]

3 mins read

Umugabo yazinutswe urukundo nyuma yuko umugore bari bamaranye imyaka 11 babana ashingiranywe n’undi mugabo mu ibanga

Umugabo w’imyaka 48 witwa Robert Bameidel yasangije abantu inkuru y’uburyo yamenyanye n’umugore we binyuze ku rubuga rwa Instagram, bakaza kubana mu buryo bwemewe n’amategeko mu mwaka wa 2015. Uwo mugabo yavuze ko babanaga batari mu gihugu kimwe, kuko we yari atuye muri Nigeria, mu gihe umugore we nyuma yaje kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za […]