28 August, 2026
1 min read

Papa Leo XIV yihanganishije ababuze ababo mu myuzure ikomeye yibasiye Nepal

Papa Leo XIV yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’ibiza bikomeye by’imyuzure n’inkangu byibasiye Nepal, bisiga abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero. Mu butumwa bwo ku wa 27 Kanama 2026, bwashyizweho umukono na Karidinali Pietro Parolin, Umunyamabanga wa Leta ya Vatican, Papa Leo XIV yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse asabira abahuye n’ingaruka z’ibi biza. Inkuru dukesha Vatican […]

2 mins read

Baracyafite icyizere cyo kubaho_ Umubikira avuga ku buzima bw’Abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara

Umubikira ukomoka mu Buhinde umaze hafi imyaka 25 akorera ubutumwa muri Ukraine avuga ko, nubwo intambara imaze igihe iteza abaturage ubwoba, urupfu n’imibabaro, benshi muri bo bagikomeje kugira ukwemera, icyizere n’icyifuzo cyo kubaho mu mudendezo. Mansera Liji Payyapilly, wo mu muryango w’Ababikira ba Mutagatifu Yozefu wa Saint-Marc, yabwiye Vatican News ko amasengesho akomeje kuba isoko […]

2 mins read

TOP7 GOSPEL SONG OF THE WEEK: INDIRIMBO NSHYA ZA GOSPEL UDAKWIYE GUCIKWA NAZO MURI IKI CYUMWERU

Kwamamaza ubutumwa bwiza binyuze mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bikomeje gufata indi ntera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’amakorali bakomeje gushyira imbaraga mu kugeza ku bakristo ubutumwa bw’ihumure, kwizera no kwegera Kristo. Muri iki cyumweru, izi ni indirimbo zirindwi nshya zikomeje kuyobora izindi, zigaragaza ubuhanga, ubutumwa bwimbitse ndetse n’umuhate w’abahanzi mu kwamamaza Inkuru Nziza. […]

1 min read

Police FC Reach FERWAFA Super Cup Final After Beating Rayon Sports on Penalties

FERWAFA SUPER CUP 2026 | FULL TIME Rayon Sports 0–0 Police FCPenalties: 2–4 Police FC have booked their place in the FERWAFA Super Cup 2026 final after defeating Rayon Sports 4–2 on penalties following a goalless draw in regular time. The highly competitive encounter ended 0–0 after 90 minutes, with both teams showing strong defensive […]

2 mins read

Gentil Bigizi mu ndirimbo Inkuru Simpamo yashimangiye ko Yesu aruta cyane uko abantu bamuvuga

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Gentil Bigizi, yagaragaje uburyo umuntu ashobora kumenya Yesu mu buryo burenze ibyo yumvise ku bandi, abinyujije mu ndirimbo ye “Inkuru Simpamo.” Muri iyi ndirimbo, Gentil avuga ko hari igihe umuntu ashobora kumenya Yesu abinyujije ku byo abandi bamuvugaho, ariko akagera aho agira ubunararibonye bwe bwite bwo kumumenya, agasanga ibyo yabwiwe bitagereranywa […]

4 mins read

Gukundwa n’umuntu si ngombwa kumuha amafaranga_RIB iraburira abantu kwirinda ibyaha byitwaje urukundo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagiriye inama Abanyarwanda, by’umwihariko urubyiruko, kutagirira umuntu icyizere gihubukiye mu mibanire y’urukundo, kuko hari abashobora kuyikoresha nk’uburyo bwo kwinjira mu buzima bw’umuntu, kumwubakamo icyizere, hanyuma bakamwambura amafaranga cyangwa imitungo. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko ubu buryo bushobora kuba bumwe mu mayeri akoreshwa mu byaha by’ubukungu, aho umuntu […]

1 min read

Urubyiruko rwakabaye rwigira kuri korali Ambassadors of Christ – Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora umuziki. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X , Minisitiri Utumatwishima yavuze ko urugendo rw’iri tsinda rwigisha urubyiruko gukorera hamwe, guhozaho no kudaheranwa n’ibibazo. Ati: “Hari isomo ku rubyiruko: […]

3 mins read

Hari urubyiruko tutakibasha kugeraho_ Kiliziya Gatolika yasabye ubuvugizi ku kiliziya zafunzwe

Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasabye Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, gukora ubuvugizi ku kiliziya zimwe zafunzwe ariko zikaba zarashyize mu bikorwa ibyo zasabwe gukosora. Cardinal Kambanda yabigarutseho ku wa 23 Kanama 2026, ubwo hasozwaga Ihuriro ry’Urubyiruko Gatolika ryari rimaze iminsi rihuza […]

5 mins read

JOY-LANCE MICKELS MAKES RWANDA PROUD AS SABAH FK QUALIFY FOR UEFA CHAMPIONS LEAGU

Rwandan international Joy-Lance Mickels scored as Sabah FK produced a stunning comeback to secure a historic place in the UEFA Champions League league phase. KIGALI, RWANDA — Rwandan international Joy-Lance Mickels has made history after helping Azerbaijan’s Sabah FK qualify for the UEFA Champions League league phase for the first time in the club’s history. […]

3 mins read

Musenyeri Papias yagaragaje agahinda aterwa n’abana bafungiye ibyaha byo gufata ku ngufu

Musenyeri Papias Musengamana, Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yasabye ababyeyi, abayobozi, Kiliziya n’umuryango Nyarwanda muri rusange kongera imbaraga mu kurinda abana no gukumira ibyaha bikorwa n’abakiri bato. Musenyeri Papias yabigarutseho ku Cyumweru tariki ya 23 Kamena 2026, ubwo hasozwaga Ihuriro ry’Urubyiruko ryabereye muri Diyosezi ya Byumba. Mu gihe cy’iminsi ine y’iri huriro, urubyiruko rwagize […]