23 July, 2026
2 mins read

Mwiza Zawadi akomeje kwagura ivugabutumwa rye binyuze mu bitaramo byo kuramya Imana

Umuramyi Mwiza Zawadi ukomeje kuzamuka neza mu muziki wa Gospel mu Rwanda, yatangaje ku mugaragaro igitaramo cye yise “IMIRIMO YAWE LIVE CONCERT” giteganyijwe kuba ku Cyumweru tariki ya 04 Ukwakira 2026.Ni Ni igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, kikazaba kimwe mu bikorwa bikomeye ateganya gukora muri uyu mwaka.Iri tangazo ryashyizwe […]

2 mins read

Umunyanijeriya yasomye Bibiliya amasaha 144 adahagarara agamije kwandika amateka muri Guinness World Records

Umunyanijeriya Habibat Salawudeen Ihiovi-Jack yatangaje benshi nyuma yo kurangiza gusoma Bibiliya mu ijwi riranguruye amasaha 144 adahagarara, mu gikorwa cyari kigamije gushyiraho agahigo gashya kazandikwa mu gitabo cya Guinness World Records. Iki gikorwa cyiswe “144 Hours in the Word” cyabaye kuva ku wa 22 kugeza ku wa 29 Kamena 2026 muri Novotel Hotel i Port […]

3 mins read

Urusobe rw’ibinyabuzima rwongeye kugaruka mu bishanga bya Kigali mu gihe ibikorwa byo kubisana biri kugana ku musozo

Mu gihe imirimo yo gutanganya no gusubiranya ibishanga byo mu Mujyi wa Kigali iri kugana ku musozo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko urusobe rw’ibinyabuzima rwatangiye kongera kugaruka muri ibi bishanga. REMA yatangaje ko nubwo imirimo yo gutunganya ibi bishanga itaragera ku musozo ariko hatangiye kugaragara impinduka zijyanye no kubungabunga ibidukikije harimo n’urusobe […]

2 mins read

UR yahembwe asaga miliyari 4 Frw nyuma yo kuza mu mashuri makuru atanu ya mbere ateza imbere uburezi muri Afurika

Kaminuza y’u Rwanda (UR) yaje  muri eshanu zagize uruhare mu guteza imbere uburezi ku Mugabane wa Afurika, ihembwa asaga miliyari 4Frw mu bihembo bya Africa Higher Education for Transformation (AHEFT) Prize byatanzwe n’Umuryango Imbuto Foundation. Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Mbere tariki 20 Nyakanga 2026, aho ari ku nshuro ya mbere byari bitanzwe gusa […]

3 mins read

Korali Family of Singers yateguje igitaramo “Umuryango Mwiza Live Concert – Season III” kizabera muri Camp Kigali

Korali Family of Singers ikorera umurimo w’ivugabutumwa muri EPR Paroisse Kiyovu yatangaje ko iri gutegura igitaramo ngarukamwaka cyayo cyiswe “Umuryango Mwiza Live Concert – Season III”, kizaba ku Cyumweru, tariki ya 20 Nzeri 2026, muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyatangajwe binyuze mu bukangurambaga bwa “Save the Date”, aho iyi Korali yasabye abakunzi bayo, inshuti ndetse […]

1 min read

Al Hilal Partnership Gives CECAFA Kagame Cup 2026 a Major FinancialBoost

The 2026 CECAFA Kagame Cup has received a major boost after Sudanese giants Al Hilal announced a sponsorship package worth US$100,000 per year to support the tournament over the next three years. The partnership is expected to strengthen the competition’s financial stability while improving its profile across East and Central Africa.  Al Hilal’s investment comes […]

1 min read

Vipers SC Touch Down in Kigali Ready to Fight for CECAFA Kagame Cup Glory

Uganda Premier League champions Vipers SC have officially departed for Kigali, Rwanda, where they will compete in the 2026 CECAFA Kagame Cup. The team left in the early hours of Wednesday morning with a 24-man squad selected by head coach Denis Lavagne as preparations for the regional tournament gather momentum.  The tournament will provide Lavagne […]

2 mins read

Moses Bliss ategerejwe na benshi mu gitaramo kizabera muri Lugalo Golf Club

Moses Bliss agiye gutaramira muri Tanzania mu gitaramo gikomeye cyitwa The Rising FestUmuhanzi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Nigeria, Moses Uyoh Enang uzwi cyane nka Moses Bliss, yatangajwe nk’umwe mu bazaririmba mu iserukiramuco rya “The Rising Fest” rizabera i Dar es Salaam muri Tanzania ku wa 15 Kanama 2026. Iki […]

2 mins read

Vestine na Dorcas batangiranye imbaraga urugendo rwabo rushya nyuma yo gutandukana na MIE

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, basohoye amashusho y’indirimbo yabo nshya bise ‘Itabaza’, ibaye iya mbere bashyize hanze nyuma yo gutandukana na MIE Empire, yari imaze imyaka itanu ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Iyi ndirimbo igaragaza intangiriro y’icyiciro gishya bahisemo gukomeza nk’abahanzi bigenga. ‘Itabaza’ yanditswe n’umuhanzi Niyo Bosco, mu gihe […]