03 August, 2026
2 mins read

Umukobwa wahagaritse ubukwe bwe yatunguye benshi yemera ko ari we wakoze amakosa

Umukobwa wo muri Nigeria witwa Chidima Praise yahagaritse ubukwe bwe bwari bwaramaze gutangazwa, ibintu byakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, aho kwemera ko uwari umukunzi we ashyirwa mu majwi, yatangaje ko ikibazo cyaturutse kuri we, ashimangira ko batandukanye bumvikanye kandi bababariranye, anasaba abantu kubaha ubuzima bwe bwite mu gihe ari gukira ibikomere. Chidima Praise, umukobwa […]

3 mins read

Si byose biba byaragezweho mu nzira nziza_ Pastor Hortance Mazimpaka aburira urubyiruko

Pastor Hortance Mazimpaka yasabye urubyiruko kwitwararika ubuzima bubona ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko kwifuza umutungo n’imibereho by’abandi utazi inkomoko yabyo bishobora kubushyira mu nzira mbi. Yavuze ko abantu benshi bashukwa n’amafoto n’amashusho agaragaza imodoka zihenze, amazu meza n’ubuzima buhenze, nyamara bakirengagiza kwibaza uburyo ibyo byose byagezweho, abasaba gushakira icyerekezo cy’ubuzima muri Kristo aho kugendera ku […]

2 mins read

Umwihariko w’igitaramo”Number One Worship Experience” Kiri gutegurwa na Korali Salem ADEPR Kabuga

Salem Choir ADEPR Kabuga yamaze gutangaza ko imyiteguro y’igitaramo cyayo gikomeye cyiswe “Number One Worship Experience”igeze ku musozo, aho giteganyijwe kuba ku wa 30 Kanama 2026 muri Dove Hotel Kigali kuva saa munani z’amanywa kugeza saa moya z’ijoro. Iki gitaramo kije gikurikira ibikorwa byinshi by’ivugabutumwa iyi korali imaze imyaka ikora binyuze mu muziki wo kuramya […]

1 min read

Rayon Sports Carry Rwanda’s Hopes Into the CECAFA Semi-Finals While APR FC Exit in Shame

Rayon Sports have kept Rwanda’s hopes alive in the 2026 CECAFA Kagame Cup after securing qualification for the semi-finals following an impressive group-stage campaign. The Blues progressed after overcoming strong opposition, including Sudanese giants Al Hilal, and finished among the tournament’s top performers.  While Rayon Sports continue their quest for regional glory, it was a […]

2 mins read

Gisubizo Ministry na Jambo Events bahuje imbaraga mu gutegura Worship Legacy Concert Season 7

Gisubizo Ministry ku bufatanye na Jambo Events yatangaje ko igitaramo Worship Legacy Concert Season 7 kizaba ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026 muri Camp Kigali. Iki gitaramo kimaze kuba kimwe mu bikorwa ngarukamwaka bitegerejwe n’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, aho kiba kigamije guhuriza hamwe abantu batandukanye mu mwuka wo gusenga no guha […]

2 mins read

TOP 7 Gospel Songs of the Week: Indirimbo Nshya Ziragufasha Kwinjira muri Weekend Yawe Uhimbaza Imana!!!

Buri cyumweru, abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza bakira ibihangano bishya bitanga ubutumwa bwo kwizera, ibyiringiro n’urukundo rw’Imana. Muri iki cyumweru na bwo, abahanzi ku giti cyabo ndetse n’amakorali atandukanye bongeye gushimangira ubwitange bwabo mu murimo w’ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo zifite amagambo yubaka imitima kandi akomeza abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Dore urutonde […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Nyakanga

Turi ku wa 30 Nyakanga 2025.Ni umunsi wa 211 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 154 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubucuti, himakazwa amahoro n’ubwumvane.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2002: U Rwanda na RDC byashyize umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano. Igikorwa cyabereye i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho […]

2 mins read

Pasiteri Désiré Habyarimana yavuze ku rugendo rw’imyaka 19 amaze mu murimo wo kuragira umukumbi wa Kristo

Pasiteri Désiré Habyarimana, umwe mu bavugabutumwa bazwi cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira ubuhamya bw’imyaka 19 amaze ahawe inshingano yo kuba umushumba urangira umukumbi w’Umwami Yesu Kristo. Yavuze ko ashimira Imana yamugiriye icyizere ikamuhamagarira uyu murimo, ikamuyobora mu bihe bitandukanye byaranze urugendo rwe rw’ivugabutumwa.Mu butumwa bwe, yagaragaje ko imyaka 19 amaze mu murimo w’Imana ari igihe […]