06 August, 2026
1 min read

CAF Interclub Draw: APR FC Set for Tough Route as Rayon Sports Face Cameroon’s Panthère Sportive

Rwanda’s representatives in the 2026/27 CAF Interclub competitions have discovered their opponents following the official draw, with both APR FC and Rayon Sports facing demanding preliminary-round fixtures. APR FC, Rwanda’s champions, have been drawn against Democratic Republic of Congo side Aigle du Congo in the preliminary round of the CAF Champions League. The first leg […]

2 mins read

Aline Gahongayire: Kwikunda no kwiyubaka ni umuti ukomeye urinda kwiheba

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko kwikunda no kwimenya ari imwe mu ntwaro zamufashije guhangana n’ibigeragezo by’ubuzima, ashimangira ko umuntu akwiriye kwitoza kwibwira amagambo meza aho kwemera gutwarwa n’ibitekerezo bibi bishobora kumwangiriza ubuzima bwo mu mutwe. Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI, Aline yavuze ko buri munsi atangira yireba mu ndorerwamo […]

2 mins read

Emeline Penzi na See Music bamaze kugirango igihango gikomeye mu rugendo rw’umuziki wo kuramya

Nuru wave festival NURU WAVE Festival igiye guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana i Kigali, Emeline Penzi na Victorious Team batumiwe nk’abashyitsi b’imena. Igitaramo cyateguwe na RevHeart Presents ku bufatanye na See Muzik, kikazabera muri Mundi Center ku wa 20 Nzeri 2026 guhera saa cyenda z’amanywa (3:00 PM).Iki gitaramo kizaba kigamije guhuza […]

1 min read

Abanyamakuru bakwiye kuba intumwa z’amahoro_Karidinali Kambanda ubwo yatangizaga Signs World Congress 2026

Karidinali Antoine Kambanda yasabye abanyamakuru n’abakora mu itumanaho gukoresha umwuga wabo mu kubaka amahoro no kwimakaza ukuri, agaragaza ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yerekanye uburyo itangazamakuru rishobora gukoreshwa mu gusenya sosiyete cyangwa kuyubaka. Yabitangaje ku wa 4 Kanama 2026, ubwo yafunguraga ku mugaragaro SIGNIS World Congress 2026, inama mpuzamahanga y’abanyamakuru n’abakora mu […]

2 mins read

All Women Together Conference 2026 igiye kongera guhuriza hamwe abagore mu rugendo rwo guhindura ubuzima

Abategura “All Women Together Conference 2026” batangaje gahunda y’ihuriro rizahuza abagore baturutse imihanda yose mu gitaramo kizabera I Kigali Abategura ihuriro ngarukamwaka All Women Together Conference 2026 batangaje ko imyiteguro yaryo igeze kure, aho rizabera muri BK Arena kuva ku wa 11 kugeza ku wa 15 Kanama 2026. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “From Victims […]

1 min read

Former Mukura VS Captain Nicolas Sebwato Completes Move to Amagaju

Amagaju FC have strengthened their squad ahead of the 2026/27 Rwanda Premier League season with the signing of experienced goalkeeper Nicolas Sebwato following the expiration of his contract at Mukura Victory Sports. Sebwato leaves Mukura after several successful seasons in Huye, where he established himself as one of the club’s most reliable performers and was […]

2 mins read

Umukobwa wahagaritse ubukwe bwe yatunguye benshi yemera ko ari we wakoze amakosa

Umukobwa wo muri Nigeria witwa Chidima Praise yahagaritse ubukwe bwe bwari bwaramaze gutangazwa, ibintu byakuruye impaka ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, aho kwemera ko uwari umukunzi we ashyirwa mu majwi, yatangaje ko ikibazo cyaturutse kuri we, ashimangira ko batandukanye bumvikanye kandi bababariranye, anasaba abantu kubaha ubuzima bwe bwite mu gihe ari gukira ibikomere. Chidima Praise, umukobwa […]

3 mins read

Si byose biba byaragezweho mu nzira nziza_ Pastor Hortance Mazimpaka aburira urubyiruko

Pastor Hortance Mazimpaka yasabye urubyiruko kwitwararika ubuzima bubona ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko kwifuza umutungo n’imibereho by’abandi utazi inkomoko yabyo bishobora kubushyira mu nzira mbi. Yavuze ko abantu benshi bashukwa n’amafoto n’amashusho agaragaza imodoka zihenze, amazu meza n’ubuzima buhenze, nyamara bakirengagiza kwibaza uburyo ibyo byose byagezweho, abasaba gushakira icyerekezo cy’ubuzima muri Kristo aho kugendera ku […]

2 mins read

Umwihariko w’igitaramo”Number One Worship Experience” Kiri gutegurwa na Korali Salem ADEPR Kabuga

Salem Choir ADEPR Kabuga yamaze gutangaza ko imyiteguro y’igitaramo cyayo gikomeye cyiswe “Number One Worship Experience”igeze ku musozo, aho giteganyijwe kuba ku wa 30 Kanama 2026 muri Dove Hotel Kigali kuva saa munani z’amanywa kugeza saa moya z’ijoro. Iki gitaramo kije gikurikira ibikorwa byinshi by’ivugabutumwa iyi korali imaze imyaka ikora binyuze mu muziki wo kuramya […]